Рет қаралды 105,154
Mu buzima, hari abantu banyuranye babaho ubuzima bw'itangira abandi, barangwa n'impuhwe, imbabazi, ndetse bagakora uko bashoboye kose ngo bagabanye akababaro n'ibibazo mu bantu. Turabazi kandi tubana nabo umunsi ku munsi. Bene aba bantu kandi usanga badakora ibi kuko bafite ubushobozi bwinshi, ndetse kenshi na kenshi usanga nabo bakwiye gufashwa ariko ibi ntibibabuza kwitangira abandi.
Iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru mpamo. Ikifuzo cyanjye ni uko yatugera ku mutima, tukongera tugasura mu mitima, maze tugaharanira kubaho ubuzima bufite intego. Nyituye abantu mwese mwifuza ko isi yarangwa n'impuhwe n'amahoro.
Audio: Producer Foda
Video: Producer Fefe Faith
project Coordinator: Umusizi Tuyisenge Olivier
Executive Producer: Sylvain Dejoie
Singer and Song writer : Clarisse Karasira