Bikukoraho!kuko arumuhutu?nyabuneka small energy mucane kumaso.Yago nimubi cyane , yigira umuhanga ajijisha😂. Ariko amenye😂 ko atariwe wagiye mwishule wenyine. Ubu tuzi the meaning of BIG and SMALL ……..if u want😂 to bring Ethnicity in social media……
Big energy ni impuzamugambi,zifite intego imwe yo gukora ikintu kimwe zikabona result imwe.
@christineuwingabire6912 ай бұрын
@@KC-wj7yhishyari ni ishyano😢😢😢😢 We c ko afite abachoux haruwabavuzeho,cg yabonye big energy ya yago ari benshiiii biramubabaza😂😂😂😂😂 Yago si insina naho yari yarabihoreye!!!! Abamukunda turi benshiii. Big energy❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉
@Peacegad2502 ай бұрын
big energyyy turahari❤❤❤
@kwizerapaul30962 ай бұрын
Tate wacu mama emacle n,Inkotanyi cyane turamukunda
@Inshingatv2 ай бұрын
Uyu mubyeyi Immacule ndamukunda pe niyisazire neza yaratuvugiye keshi
@blessedgirl12522 ай бұрын
Big energy turatesha ntitwica dukunda abantu bifuriza abandi amahoro n iterambere. Muri comments haraho mwabonye big energy batukana cg basebanya nkamwe?
Mukecuru Makurata ni Inkomamashyi ya Leta ntajambo narimwe rinenga Leta yavuga yibeshye imbehe bayubika agasazana agahinda.
@EddyPeter-ez5kt2 ай бұрын
Hari abantu Bari bwisange Bari gusobanura ibintu batazi nyamara ngo interahamwe big energy hejuru cyane
@uwamunguisiaka81602 ай бұрын
Aba Big energy ❤ turahari
@cecileumutoni68702 ай бұрын
cassienpizzo Ndagukunda urumunyamakuru wunwuga Big up
@vangoz82 ай бұрын
Wamubyeyi we washaje neza utaduranije harya Leta yacu niyo kwisi idakosa wow say less mom
@lbm32342 ай бұрын
Ariko se abantu bazategeka umuntu igihe agomba kubyarira? Abantu baje ku mihanda baragowe kweli.
@Alinakeyla2 ай бұрын
Big Energy forever❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥 Iki gitinganyi ko cyazany term yabachou ntitwabyakiriy nikireke undi mwana Barabivugaho bikabwejagura ariko iyo biri kwibasira abandi nuwuvuz batamu blotse baramumanura.nizo nterahamw ahubwo
@NiyigenaDieudonne-sb1sl2 ай бұрын
Ark x ibintu wigize byo gufunga kucyi ubyiharajehowo mutima mubi wawukuyehe wakanawe Yago umushaka ho icyi
Immaculé ndagukukunda kandi ndagukumbuye wa nfura we
@JCMaxima2 ай бұрын
Mubwire adusurire Cisekedi muri hôpital Saint Luc, amubwire ko tumutegereje muri 'Visit Rwanda', kandi ko tumwifurije gukira vuba! 😅😅😅
@Jboscorutikanga2 ай бұрын
Past Rutayisire arimo kujya mu matwi y’abakristo benshi mu ibanga abangisha ubuyobozi cyane cyane HE !! Ejo twahuriye ahantu ndumirwa!!
@bitangam.claire65742 ай бұрын
Urabeshye pe none se nawe yarabukwangishije? Uzi ko imbaraga z'abera ziri kumenurwa kweri ubu Koko bagukurikiranye waberekana?
@rugambageevariste90992 ай бұрын
Wamuntuwe ntukabeshye,mwahuye arimo gukoresha inama?wowe wari ushinzwe iki kuburyo aho Dr Rutayisire ari nawe uba uhari? Ibi babikureze ufite ibimenyetso? Ntimugahubuke
@patriote68382 ай бұрын
Bongo
@Jboscorutikanga2 ай бұрын
@@bitangam.claire6574 nabuzwa n’iki kuberekana?!!!!!! Cunga sana wewe
@habyarimanaalphonse73792 ай бұрын
Umuntu w'inkomamashyi ntashobora guhagararira transparance uko bikwiriye. Cyakoze hari igihe Imana yemeye Sawuli imyaka 2 ya mbere iyindi 38 ayoborana ubwoko bw'Imana ubwenge bwe. Tu peux parle pour parle seulement mais en verte en disant rien. Rutayisire ibyo yavuze biragoye kumva ko atari ukuri ariko mbaye inkomamashyi navuga ko atari ukuri. Bityo rero kugira ngo numwe neza kuri twese ni uko yavuze ukuri ariko si ukuri.
@sundaycarlson63402 ай бұрын
Nafanaga yago ariko kuva numvise amajwi y'urukozasoni ye, nabonye ari agaswa kiyemera gusa. Abiyita big energy, nugushyigikira amafuti yitwa Yago. Azabanze asabe abanyarwanda imbabazi mbere yo kwigira aka victim
@bwenge53322 ай бұрын
Nibyo koko Yago yakoresheje amagambo yabaswa ariko buroya nuko ntabantu bo kumugira inama bari bahari ngorango wumvise ko yavuze abafana be bamugiriye inama yo kutongera gusubizanya nabo ariya magambo kandi yatabumviye arabireka kandi Nanone baroya bantu bari baramuboneye bamuvuga amagambo yo kumusebya nibo bamwendereje bari barigize abanyamihanda bazi ko ari bo bemerewe kuvuga rero nibo twakagombue kugaya cyane
Rutayisire yababaje abafana twari tumuzi nk'umunyabwenge amagambo Rutayisire yavuze, ni nko kubona umuntu mukuru usanzwe yambara neza yikwije, umunsi umwe mugahurira mu mujyi yambaye ubusa buriburi ibyo bintu ntabwo byapfa gusibangana nubwo yasaba imbabazi twazimuha ariko icyizere ntigipfa kugaruka nkuwukanda kugikuta agacana itara mu kanya akongera agakanda itara rikazima, ariya magambo yavuze agiye kumusazisha nabi, umutima nama we uzahora umukomanga kuko, Rutayisire guhagarara muri social media isi yose ikamureba akicuza akishinja agasaba imbabazi n'ikimenyetso cyo kubura amahoro umuntu nka Rutayisire kuvugira ku karubanda mu mayira abiri ibintu nka biriya ntabwo yabuze aho avugira atanga inama mukinyabupfura kimukwiriye biriya nibya ba ingabire n'abandi bameze nka victoire ntabwo Rutayisire ari muri ruriya rwego, ndabona yariyononeye muri we harimo intambara nyinshi .
@murekatetechantal-yt1qu2 ай бұрын
Ariko nukuri Rutayisire ararengana nta mu paster numwe washimishijwe no gufunga insengero pe nawe yavuze nka paster ariko Kandi ntakiri na paster Ari mukiruhuko ariko abacecetse nibo banshi hari insengero zazize ubusa pe cyane mucyaro uziko ugenda imirenge 3 nta rusengero na rumwe ruhari abazinyagamo bo nukuyoboka utubari Kandi insengero zifasha Leta nkubu twafungiwe hari umukene turi kubakira twigisha abantu batazi gusoma no kwandika hari za compassion,ifasha abakene none murumva hari akajagari muri kigari ariko mucyaro rwose turasenga pe