😂😂😂😂nibyo uzashake bane icyarimwe wumve ko wakuzura rata .
@frankjosiane4257 Жыл бұрын
Erega abadam iyo barajaye cg bababaye,ukabaha umwanya akavuugaa,akariraaa,ukemera ukamwerekabki umuteza amatwi,bihita birangira.upfa kuba ari wowe wigagaje,watangije intambara.emera akubwire rwose
@uwibambelouise1560 Жыл бұрын
Sabin nukuri wiseka ahubwo mwiyegereze😢 ubuzima bujya buruhanya nyamara.ariko haracyari ibyiringiro ko igiti cyatemwe cyongera gushibuka. Ariko byose ni Yesu.
@ishimwehope4790 Жыл бұрын
Gusa uphukame usenga kuko hari karande zikugendaho .
@vincentmbaire2666 Жыл бұрын
Nkunda uyu musore ibitekerezo bye ariko yarakakaye ibyo nibyo kabisa kuba umugore yavuga ukamusubiza uba ushaka intambara idashira pe guceceka ni umuti
@Sandrine-j3z Жыл бұрын
Uyu mu Rasta ukuntu abivuga yisekera divorce 4 urabivamwo pe vyaranse😂😂❤🇧🇮🇺🇲
@Gervas-i1j Жыл бұрын
Hhhhh ubwox ufitabana bangahe mwa pole
@zalahosetv6980 Жыл бұрын
Sabin muri kuduca intege dufite degree nubuzima ariko nakazi dufite muri Kigali ku myaka 35 none nigute wabona opportunities zakazi ahandi ntugende uzi ibintu muvuze hajemo kwirengagiza urubwiruko rwabahungu turababaje turi mwicuraburindi nta vision pe depression iratumara ahubwo 🤓
@IradukundaYvette-uc1lg Жыл бұрын
Erega ikibaz nuko twe urubyiruk dutekerez hafi ukumva uzater imbere aruko ukoz ibyo wize kd ubu ntibigikunda p
@abudumunyentwari451 Жыл бұрын
Jyubareka ntabyobazi
@blandineineza8449 Жыл бұрын
Nubona opportunity uzaze ntibakubeshye imyaka ntacyo ivuze ariko uko babivuze ugomba kujya aho ugiye aho ariho hose ugomba kumenya uko hameze ningaruka zo kuhaba.Uragerageza byakwanga ugataha ntihagire uzaguca intege.Gusa kujya muri ibi bihugu uri muto birafasha kuruta iyo ukuze
@godisgood4047 Жыл бұрын
@@blandineineza8449 No bavuze ko niba warananiwe kugira akantu gato ukora hano mu rwanda byibura ngo ugeyo ugiye kongera ,bavuze ko nubundi utabibasha.ntabwo bavuze ko bitakunda
Ntabwo ari i Burayi hose banywa inzoga nyinshi nta mibare. Ahubwo ni ingeso yibasiye cyane cyane abanyafrika batuye mu Bubiligi. Niba ari uko ari benshi, bya bigare, urugomo, kwirirwa banywa ntibakore... uburara... birabokama, bityo ntibiteze imbere.
@reponse8556 Жыл бұрын
Umvugiye ikintu pe nanje ahontuye ntabwo mbona bamwa izoga ntanumwanya babona wakuzimwa barakora cyane pe
@ishimwebruce7989 Жыл бұрын
Ntibakavuge murirusange bajye bavuga bati uko nabayeho naho nabaye kuko simububuligi hose kuko nzi abantu baba mububiligi bateye imbere rwose ntago imijyi yose mububiligi ariko iteye baca umugani ngo ntamuryango ubura ikigoryi aya mahanga uko witaye niko agutwara
Nubona ari ngombwa ,nzaba ndi mu Rwanda mukwa kwabiri le 15/02/2024 wambwira,nkitegura tukaganira ku bintu bitandukanye,yaba ari ibyi Imana, yaba ari ubuzima busanzwe,,icyonzi,bizafasha benshi mu banyarwanda,dukunda isimbi tv,kdi uwiteka agumye abagure
Ras KAYAGA wikabya, i burayi na amerika biragoye ariko ntaho bihuriye n' africa, nibe n'i burayi ntawiswa n'inzara uko wahura nibibazo kose uba wariye, Kandi uba ufite security nta dasso ikwiruka inyuma
@@Gwiza737niyo mpamvu bindyohera ibiganiro bya Rose tv show. Rose arababara mu bibabaje akishimira ibishimishije....hano Sabin mufata nkuri gukwena umutumirwa(se moquer)...ntabwo ari sawa.
Nkugiriye inama wabanza gushaka ikibazo kiri kuruhande rwawe ukagikemura mbere yuko ushaka uwagatanu kuko abagore bane bose siko bakunaniye ikibazo kiri kiri wowe pe.
@linem6641 Жыл бұрын
True
@NdimuLyne-be4nf Жыл бұрын
Ngiye naba mubambere pe!
@GasindiPeveniel-j1u11 ай бұрын
Arabisaaaa
@kasongoemmanuel6032 Жыл бұрын
Uraho Sabin
@rutamartin1016 Жыл бұрын
Isimbi ndabasuhuje ibiganiro byinshi mukora ku mibereho yi iburayi, mubikora murwego rwo kuryoshya Cg gutwika ?hari igihe mbyumva bikantera kumva nazakora ikiganiro cyo kubanyomoza Cg cyo kuvuga ukuri kwibibera iburayi 💔💔uwo mu type afite byinshi arimanganya
@IsaacMayere-e7o Жыл бұрын
Uti nzashaka abagore3 icyarimwe!!! Njyewe uransekeje cyane
@Kglnosurvivetv11 ай бұрын
Hellooo... Ras_Kayaga umujene wamahoro cyane nzi,,, ikitenze ibindi nzi nuko waganiriye nawe ukobyagenda kose mutandukana Hari ikigiye mumutwe gishya cyagufasha mubuzima. Big time Brother Kayaga🔥 and thanks for teaching us🔥
@nkurunzizaemanuel3140 Жыл бұрын
Niwowe udashobotse kuko sinumva ukuntu ukora divorce kane kose ngo abagore abaribo babi😂😂😂😂😂
@Njenjeri-fz1qf Жыл бұрын
Ntabwo umuntu agomba kuba mubi kugira ngo akore divorce. Ashobora kuba afite ibikomere atigeze akira akaba aribyo bimusenyera. Ntabwo muzi pe ariko ntagaragara nku umuntu mubi! Usibye ko umuntu umumenya neza iyo mubanye. Ngayo ngukwo
@realandhonest5143 Жыл бұрын
Ngo Divorce kangahe? Ubu se azageza he ko akiri mutoya?
@nziza2364 Жыл бұрын
Nashatse ndacyafitubwoba uyuwe nahabuka😂
@uwamahorojoyeuse2705 Жыл бұрын
Njyemubambere Kwa sabeee🎉❤❤❤
@NgendahayoSosthene-qn7qn Жыл бұрын
ntamugabo ukurimo!;ubwose 4 Bose nibabi? Ni wowe mubi biranagusa.
@lovefirst179 Жыл бұрын
Ras Kayaga ❤
@duabeadventine7288 Жыл бұрын
Uyu mutype muzi ecole primaire de Kacyiru
@godisgood4047 Жыл бұрын
Uzi kubwira umuntu uti ibi birambangamira akisekera??uzabyigeho
@charlottekarengera2633 Жыл бұрын
Koza imirambo ni amahitamo y'umuntu ntawe bahatira kubijyamo ni umuntu ku giti cye ubyihitiramo !
@celestineniyibaruta4805 Жыл бұрын
Uburayi harikera
@emmanuelmatsiko6971 Жыл бұрын
nonese ras kayaga ko uvuga ngo i burayi ntamuntu ukuzikandi numva abo bantu uvuze ari benshi