Ibi uvuga hari umugore washakiye hanze ataye umugabo n' abana mu Rwanda. Nyamara nawe yari yagiye mu ivugabutumwa. Izi nkuru sinzihakanye ariko sinabyemera.
Ese urinuwiwacu sha Pole ndumva nawe warahuye nurushako
@uwantegevalentine1103 ай бұрын
pole nyabusa, muri iyi minsi nzi ababyeyi benshi bibaho, ugakunda umugabo ugahora umwirukaho kdi we nta nyinya akwereka pe, abahakana ko bitabaho njye ndabizi cyane.
@ingabirehoziana16873 ай бұрын
Yewe iyisi nimbi pe ko mperuka wirabura?ese ko nabonaga umugabo agukunda cyane aha iyisi
@munyembabaziclement98683 ай бұрын
Iyi nkuru irababaje pe, gusa uyu mubyeyi niyihangane kuko mubuzima bwa hano kuri iyi si, usanga akenshi twihurira n'Ikinyuranyo cy'ibyo tuba twifuza kugeraho mu buzima bwacu!Gusa Imana ishoboye byose kdi ni Umurengezi w'abatagira shinge na rugero🙏
@MarcellineNYIRANSABIMANA-b6q2 ай бұрын
Ihangane kuko is Niko tuyitunze nabayituye!.?
@jeanneniyonsenga66683 күн бұрын
Yoooo! Pole joze. Kwihangana bitera kunesha wari hanganye cyneee. washakaga kubaka ariko wahuye n umugabo w inyamaswa
Arabikora Gerard azi ubwenge ntiyakumva uruhande rumwe ikindi hari numugabo yakiriye wakubutwaga numugore we
@niyonshimajeannette43823 ай бұрын
Ariko mwagiye mureka ayo matiku yanyu.🤫🤫🤫
@ufitabeanathalie15093 ай бұрын
Arabikora nawe ajya abahamagara akababaza ibyo bavugaho.ntawe Uzi yahamagaye akavugango uwo mugore ni umukene ni imfubyi ntamuntu agira sinabana nawe ngo arko Wenda akize nagaruka ngo usibyeko ntazi uko byagenda
@hakiruwizeyeJdodie2 ай бұрын
@@ufitabeanathalie1509bibaho
@rwandamum8323Ай бұрын
Niba ntabagabo baza se uragirango akore iki,yakira abagore nibo bashoboye kuvuga abagabo ntibakunze kuvuga.kandi burya bo bahita babikemura birongorera abandi.
@mushinzimanaoscar10832 ай бұрын
Hari ikosa wakoze: 1.Yakubwiye ko yasengeye umugore nawe wagombaga kujya gusengera umugabo. 2.wasuzuguye musaza wawe kandi ari amaraso we ntiyashobora kukoreka. 3.ntiwari gusinya utabonye ibyo mwavuganye 4.kutaba sérieuse mu bintu rwose bigufatisha imyanzuro izateza ingaruka. -kukuzanira abo bantu si umuco waho nabibajije ahubwo yarafite umugambi mubi wo kugukomeretsa icyakora umuntu yumvise nawe uruhande rwe hari ubwo wasanga hari ibyo utavuze Komera ubuzima burakomeza.
@valentinemukeshimana70503 ай бұрын
Mama Eduine pole nukuri burya bwose ubana nibikomere bingana gutya! Nukuri humura Imana ukorera izaguhoza amarira
@jacquelinemanisha436822 күн бұрын
Urwo s´urukundo yaguhaye umuti wo kuguhuma amaso yo kubona ingeso mbi ziwe no kumwirunduriramwo mu kumukunda. Pole sana! Ingo mbi zibaho
@nyiragasanialice29983 ай бұрын
Abagore b ikigali rwose mugira ibyanyu .ni nde c wababeshye ko abasore b ikigihe bagira urukundo ikunde ibindi ubyihorere 😊😊😊
@nyinawumuntuolive96903 ай бұрын
Ehee ndunva warazwe bihebuje
@ManishimweProvidence3 ай бұрын
Uranyubatse
@aimeejoselyneishimwe18432 ай бұрын
Ko ukomeretse Cyn wee Yesu akomore muvandimwe
@larissalilianeirakoze315017 күн бұрын
Humura ma belle.. Sois forte pour toi et pour te enfants.. c'est très important !?? Ikindi naco turi munsi mw ijuru...kandi numvise uri umuvurwa butumwa ...stp Rangamiza Umusaraba wa Kristo wadupfyiriye kumusaraba....,Nagusaba gusenga cane ......Imana niyo gusubizo co nyene ...Humura muvyeyi uri mwiza cane .. Sois fière de toi kandi wigirire icizere..abantu turi babi kandi turi abagome cane .. tes enfants sont là .urye ubareba useke wumve ko wishimimye cane.. ❤ ndagukunda kandi nzi ko Uwiteka agukunda cane..Komera ..God bless you❤
Iyo wicecekera aho gutukana nshuti. Nizere ko bitazongera
@rwandamum8323Ай бұрын
None wowe ko uvuze ko byakubayeho utari umurokore😂😂.
@janenshimiyimana29243 ай бұрын
Pole sana harabagabo bamwe si bose warindupfa atareba umubabalo wawe keretse wowe wivatiyimyanzulo
@Pacifique.k013 ай бұрын
Moral of the story: "Bakobwa mufite amahirwe yo kugira basaza banyu mujye mubumvira. Musaza wawe nakubwira ko uwo ugiye gushaka atari sawa, uzabitekerezeho witonze kuko ntabikubwirana urwango". Nihitiraga 🏃🏽🏃🏽🏃🏽
@MariusKamanzi3 ай бұрын
Kabisa
@mukabazigavirginie5811Ай бұрын
Kbs rwose tugomba kubumvira
@aliciabobo89163 ай бұрын
God bless mama, servant of God❤❤❤❤❤
@zweenaalmasfri40203 ай бұрын
Wamweretse ko umukunze cyane niyompamvu yagusuzuguye😮
@@sandrinemujawamariya5730 Sibyo navugaga se sha bakaba banyibasiye ngo mfite urwango!!
@JoselyneIradukunda-n4u3 ай бұрын
Io1b Picture 😊o9 w Miilpp 😊😅😅oo0😅o😊😅😅😅Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Tap on a clip to paste it in the text box.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Touch and hold a clip to pin it. Unpinned clips will be deleted after 1 hour.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.Tap on a clip to paste it in the text box.😊
Murakoze cyane, Gerald, Inkuru ya Joselyne irabbabaje, ariko nyuma y'ibyo byose hari imana. Nahumure, kuba abashije kubivuga nikimwe mu muti wo gucira, Kandi yumve ko hari abantu bashobora ku mutega amatwi bakamuhumuriza. Merci
@GERARDMukwiye3 ай бұрын
Ariko uratubeshye pe kuvuga ngo umuntu araje arakubwiye ngo Imana imubwiye ngo uri umugore we ngo yakweretwe ntayerekwa nkiryo ribaho ahubwo abantu mwizera ibintu nkibyo ntabwo ari ukwizera Imana ahubwo ni ukwzera imyuka iyobya. Kuko kwerekwa ibintu nkibyo ntamumaro ku mana kuko Imana inshingira kubyanditwe mu ijambo ryayo naho kwerekwa kutaganisha kukwihana ibyaha no kuyigarukira ni ibinyoma gusa.Ikindi kwizera ibitangaza nabyo ni ubundi buyobe niyompamvu abantu bizera ibintu nkibyo mfita akaga gakomeye kuko twizera Imana n'ijambo ryayo ibindi ni amajwe.