Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
Пікірлер: 177
@moussandakurushimana1596Ай бұрын
Mbaye uwambere mwampaye like koko niba atanzigo🙏❤️
@balancedlifetvАй бұрын
❤❤❤😂😂😂😂😂😂
@lbm3234Ай бұрын
Ndakunda Mugwiza iyo avuga iby'idini. Franchement ntabwo ndabasha kumva ukuntu abantu cyane cyane abanyafurika natwe abanyarwanda turimo, bemeye ko Imana (cyangwa forme yose ya spiritualite yabo) bemeraga abazungu bataraza, itari Imana nyakuri. Ese ko nabo bazungu batigeze babona Imana ni gute bazi ko iyabo ariyo kurisha iyo abandi bemera? Jyewe uzabinsobanurira nkabyumva ndacyamutegereje! Mumbwire ukuntu Imana abanyarwanda bemeraga imbere y'umwaduko w'abazungu itari Imana? Ntawigeze abona Imana y'abazungu, ntanuwigeze abona iy'abanyarwanda, nonese bemeza gute ko iy'abazungu ariyo y'ukuri?
@emmadaughtryАй бұрын
Ariko abiyita abakozi b'imana ubu si ubutekamutwe n'iterabwoba rishingiye ku iyobokamana? Niba musengera abantu bagakira mwagiye mu bitaro? Ni he, utambeshye, basengeye umuntu wacitse amaguru akamera amaguru mashya, uwavuyemo ijisho akazana ijisho rishya, uwapfuye mu myaka nka 15 umubiri warashangutse akazuka akagaruka? Maze na Yesu ubwe yarapfuye nk'umuntu (kuzuka kwe ni ibijyanye n'ukwemera). Niba ubizi, atari ukwemera gusa, umpe urugero. Abantu dukeneye gushishoza tugatandukanya Imana Rurema n'amadini, urukundo rwa kimuntu n'imihango y'idini.
Abapagani bo mu nsengero bari gushyirwa ku karubanda.
@belyseuwicyeza1832Ай бұрын
Mugwiza Uzi ubwenge ndakwikundira❤
@balancedlifetvАй бұрын
❤❤❤
@shammahsamuella6980Ай бұрын
Arabesha reka reka. Avugako bari bemeranijwe imiriyoni 100! Ariko we yavuteyo atana cumi à anywho! Ariko ico uvuzeko ari muri recrutement, uko ni ukuri!
@umutesiyvette6972Ай бұрын
Uyu mubyeyi yaba yandika ibitabo? Niba bihari nabisanga hehe? Niba atabyandika birakwiye ko abitekereza akandika ibitabo. Igihe maze mukurikira nasanze ari umuhanga kdi arasoma azi amateka atajya avugwa. Ndabasabye muzasubize❤️
@amatamezaАй бұрын
Ubwose ubona koko uyumunfumu kazi,umucwezi kazi,urangi kazi ubeo koko ibyibita yakwandika ninde wabisoma birimo iyomiterekereyo,jyewe mbona yarahisemo nabi kabisa,aziko kwa,atura nkumusozi,ngo numuyozi wabarangi,urumvako agira inzoka yaciririye,ahubwo jyewe numva mbabariye uyu Romeo wicarana nawe aza kwamamaza imyukamibi akorana nayo,naramwitegereje ntakintu.kizima aba avuga,ahubwo yabonye aho yamamatiza ubumfumu bwe,wabona nakiriya kintu yambaye mw'ijosi kiba kirimo ikitsindo agendana,uyumugore aracyarinyu cyane.
Ati wa mugore we Mwagiye mushyiramo ka displine wasanga angana na mama wawe
@user-je2ki9dz6xАй бұрын
❤❤❤❤❤
@DamasceneJean-yi6hsАй бұрын
😢mugwiza Kubota utababarira
@user-qi4ft1ty4qАй бұрын
Akiriho ko mutabivuzi?
@keza7926Ай бұрын
Ko uri gukoresha langage zitari ku rwego rwawe? Ngo ntutinya ibibwana bibwejura? Iyo si mvugo nziza pe kuna umuntu atumva ibintu kimwe nawe ntabwo bimuhindura ikibwana. KZbin izatuma muta ibaba ikamba rya kibyeyi muryamburwe pe .ibyo wavugaga ni byiza ariko ntukavugane amahane menshi si byiza.
@ndayambajeemmanuel738113 күн бұрын
Uyumukecuru nu Mumurungi wumucwezi kbs
@ujoli8642Ай бұрын
Kuwa6 numusi wokuruhuka mama Mugwiza
@balancedlifetvАй бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂oya umunsi wo kwitegura, kuruhuka ni ku wa karindwi
@JoselyneGateraTVАй бұрын
Mugwiza uzi ubwenge wiyamamarije kumwanya wabadepite nagutora pe