Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
Mbeeegaaa UBUJAJWA! Imana lbeze pe. Sha aya mafaranga Yo kuri You tube ni nk,amwe ya Yuda ntacyo azabamarira. Mwagiye muvuga ibifite umumaro mukava mumatiku koko!
@uwamahoroclaudine80037 ай бұрын
Urakoze cyane kubasobanurira ko ibyo twisiga bijya mu maraso,mu bwonko,mu mara,...........
@rwasw7 ай бұрын
Ariko wa mubyeyi we ko mbona ukuze wagerageje ugahisha ubwambure bwa mugenzi wawe twese ko ntawuzi icyo isi imuhishiye kandi ngo bucya bucyana ayandi ntimumputaze nihitiraga 🏃🏾♀️🏃🏾♀️
Kumva ibyo uvuga bisaba kuba umuntu afite imyumvire iri hejuru cyane❤❤ uvuga ukuri ko mu rwego rwo hejuru abantu bagendera kuri fanatisme nibo bagutuka
@uwishemalosine42527 ай бұрын
Ubuse ukuri avuga nukuhe koko😢
@angeliqueuwamahoro40167 ай бұрын
Sha avuga ibisobanutse ntaryiminwa,ahubwo kumwunva bisaba Kuba usanzwe usobanukiwe pe
Horoscopes, zodiac signs, Star signs, intumwa 12 , umuryango 12 ya aba Israel, abahungu 12 ba Jacob. Ndimo shakisha isanduku yi isezerano nasanze Ku muryango wayo hari 12 zodiac signs. Mugwiza igisha ijambo ryi Imana, uri umwe mubagore babanyarwanda kazi bibohoje kungoyi yidini. Komeza umurikirwe, umurikire na abandi .
Nibyo pe iyo gapapu nange narayumvise uwo mukobwa ayivuga .
@alicetuyishimire51817 ай бұрын
Mugwiza Yesu azaguhe agakiza wavamo umukiristo mwiza kuko ugira ukuri ,abagutuka baba bahemutse kuko uvuga ukuri pe.
@amandinekanyenyeri5437 ай бұрын
Murwiza uzokinish ibindi ntuzongere mubuzima bwaw gu critiqua le sang de Jesus Christ;naw kuba ugihema c est grace a ce saint sang qui a été versé pour tout le monde;nushaka uyizere cank ureke ariko wirinde kuvuga nabi ayo maraso
@parfaituwimbabzi65397 ай бұрын
Harahiye kk!!Mugwiza usokoj Bien ❤
@kabanamary4537 ай бұрын
Mugwiza wakwakiriye Yesu Kristo, ukamuvugira? Ko uzi ijambo ry'Imana
Umuntu wumukecuru wigize ikirara ubwo uratanga burere ki? Wamenye ko ukuze wagakwiye kuba uri kumwe numuryango ariko wigize iniga ishaje ikebuke wibuke imyaka ufite
@chantalcoman2577 ай бұрын
Ese wateze amasunzu mugore mwiza? Uraberewe ndagufana
@coolforever15297 ай бұрын
@39:35 impeta y'ikinyoma ngo yayambitswe n'umugabo wa murumuna wa Eliane ntabwo ari uriya mugabowe wa 2
@la_Lena7 ай бұрын
LOVE MORE, JUDGE LESS! JUST SAYING.
@bahatiinnocent76267 ай бұрын
Bavuga agence matrimonial. Iyi mikorere mu ubu Japan niyo mukoresha mukuru. Mu uburayi zirahaba ariko zo zongeraho na services d" accompagnement. Ukeneye kujya kureba film, kujya kurya, gutemberana n' umuntu buri wese akitahira.
@marietuyisenge27137 ай бұрын
WOWE MUGWIZA WAKWISHIMIRA KO UMUGABO WAWE BAMWITA IMBWA KOKO ...USHAKA UMUGABO UCISHA MAKE NAHO FRIDAUS NI INGARE IKABIJE PPPPPPPEEEEEEEE
@AkayezuJeanne-e3t7 ай бұрын
Mutesi muzamushimire muramucuruje muri iyiminsi koko
Cyakora abasezerana n'umuvyimba baba bafise izindi nyungu zo gusahura itunga canke z'ibitambo, ariko uwubishoboye bivuye ku Mana ntibakarongore nka Paulo
@JackyUzakunda7 ай бұрын
Mbaye uwambere mumpe twatuntu😅😅😅
@lbm32347 ай бұрын
Inzoka zigira icyo bita une langue bifide. Ku mutwe w'ururimi hasatuyemo kabiri. Voilà Mugwiza, c'est poyr mieux detected leur proie. Nziko ukunda kumenya.
@ArthemonNimbona7 ай бұрын
Uri mwidini ryahe maman Mugwiza?😂urantwenza gushika !!
Ariko Mugwiza kubijyanye no gutukura nawe nkuzi ukina film uri umugore wa Kanyombwa rwose wari igikara tsiri none ndebera ukuntu usigaye usa.sinzi niba ari camera ariko nawe icyo kibazo ukirimo.
@urinzwenimanaildephonse457 ай бұрын
Mugwiza jya usesengura ariko ureke ubufana.Ushingira he wemeza ko koko Ndimbati adafasha Fridausi.Madame wa Ndimbati yivugiye ko Ndimbati afasha Fridausi.Ndimbati ntiyigeze ahakana ko adafasha Fridausi.kuki ugendera kubyo Fridausi yavuze ukirengagiza ibyavuzwe na Madame Ndimbati?Birerekana uruhande ubogamiyeho.Abasesenguzi mujye mureka ubufana.
@ancileuwimana69027 ай бұрын
Ka Siri rwose nange ndagafana.
@chocolatchoco57277 ай бұрын
Ubundi ni mwe banjye🎉🎉
@gisasafi83457 ай бұрын
Cyokora ishishikara riraha kuri mutesi MBA numva ntazi impamvu zaryo gusa isi ntisàaye buri wese yanyagirwa pe
Ariko murabuze we wahira uwo rusagara nowe muntu wambere umfuye kwisi aheeerrer
@bahatiinnocent76267 ай бұрын
Mu ubu faransa birabujijwe kuhacuruza ibintu bihindura uruhu ariko byemewe kubihakorera! Hydroquinone ikorerwa mu ubufansa ikajyanwa côte d'ivoir, na Togo. Abanyafurika bakabigura muri côte d' ivoir bakabijyana France.
@lolitaimena97827 ай бұрын
😂😂😂😂😂 IMANA izamfashee samedi yawe yo kukota nzabe ngihari kuri KZbin wowe mukecuru mugwiza na muzehe pastor claude unva nzabota bitinde😂😂😂😂kuko iyinkuru mwarayishyihije pe. Nkaho ejo atarimwe ariko arinkange wituniye ho gutyo twaba ba deux
@dorotheuwamaria51077 ай бұрын
Bareke bagume bakomeretse Pasteur Mutesi, ntibaziko MPEMUKE NDAMUKE ari IGIHEMU kidashira!! Ubu ngo bari gukorera amafranga wo kabyara we!!!
ALIKO KO MUVUGA KO NDIMBATI ALI UMU ISLAM N.UMUGORE WE ...MUZAJYE INYAMIRAMBO MUREBE ABASAZA B.IMYAKA 65 BANSHYINGIRWA OFFICIELLEMENT MU IDINI N.ABANA BA 15 ANS ALIKO BO NTIBAJYA KUREGA...ESE NIBYO BIMUHA UBURENGANZIRA BWO KUMUTUKA NGO N.IMBWA ...
@User3897hj7 ай бұрын
None se ushyigikiye ubwo bujiji nihohoterwa ahubwo ayo Mahalo yarakwiye gukurikiranwa, umugabo ujya kuryamana numwana wimyaka 15 ni pedophile ni umurwayi wo mumutwe kandi birangira apfuye nabi kubera uwo muvumo