uwo mukozi w'Imana nareke gukoresha iyo mvugo yo gukurura umunwa. Ni ukuri ku bakozi b'Imana ni byiza no gukoresha imvugo ikwiye kandi inoze. Twiheshe agaciro kuko turi inzandiko zisomwa na bose.
@yesunibyosetv3 ай бұрын
Nibyo Elisee yigira umukiranutsi cyane , ubu ndi se yareyse Imana ikirwanirira arayirwanirira??
@BizimunguAbdallahJoseph-tq2sk8 ай бұрын
Pastor Fanny,mumenye ko ntacyo yavuga ku ba pastor bagenzi be , ,ibintu ahakana ,cyangwa ashigikira ,mu mwitondere. Umudaimoni ntiyuraknwa nariya Mavuta ,cyangwa no gutura Abantu HASI , f
@hasabumutimaoscar20448 ай бұрын
Maman Pasteur muhezagirwe turabakunda, arik'umuco mutanze ku mavuta akoreshwa mu ma dini ntitwokwemeranya kuko n'abayiherewe baravuga ukw'aboneka, kandi Yesu ntiyakoze mw'isezerano rishasha
@Im_sam-o6l8 ай бұрын
Élise mumuhe Amahoro, vidéo ya mignonne yijandika mumavuta twaramubonye,ntago ari amabwire rero muvane fanatisme muby'IMANA ntago ari umupira urigukinwa Reka Élise akorere iyamuhamagaye .
@aimeekaneza91337 ай бұрын
Ahubwo urakoze kuduhishurira ko Mignone yahoranye na Kayanja kuba kera. Reka kuducurika kuko ntaho Paul yigeze asengera abantu akoresheje agatambaro ahubwo abantu bakoraga kuri we bagakira kubera Yesu wari umurimo Nimwitondere isezerano rya kera ritubwira amateka n’isezerano rishya ritubwira iby’ubu n’ivizaza. Nimureke kugumisha abantu mu bya kera mubavanamo imibereho. Natwe ntacyo wageza ku bantu muvane aho ubujanjwa no kirengera abayobya imbaga. Baratonda kwa Mignone kubera ibyo abaha.
@vestinekami2667 ай бұрын
Pastor Fanny nagukundaga ariko ubu ngukunze kurushaho! Abarokore aho iwacu baracyahumye cyane ariko bysgera mubapentikote byo bigakabya ubujiji bafite mu bintu byo mu buryo bw'umwuka birakabije niyo mpamvu nta numwe uzahabwa izi mpano za, deliverance ziri gukorera ku mugarsgaro! Ni mukanguke mwemere ko impano nka ziriya ziriho nubwo mwe mutazifite kuko muzipinga Kandi Yesu ubwe yarigishsga yarangiza akazi koresha akongeraho ati ibi mubona mugiye kuzabikora ntagihari Kandi muzabikora mundenze! None se na Yesu na we yabaga yagiye ikuzimu kuzigura? Ibintu byo gupinga ibyo mutazi ni mubihagarike mureke ababyemera nabo bikoreramo bibagirire umumaro naho ubundi mwe mwaratakaye! Well done Apostle Mignone Kandi thank you to pastor Fanny uhora ashyigikira umurimo w'Imana adafite umwuka wo gusenyana
@LucieNyinawumuntu-dv9bh8 ай бұрын
ARKO MADAA. WAGIYE UREKA ABAVUGA IMANA BAKAYIVUGA MUKURI NO MUMWUKA. UBWO KOKO IBYO UVUGA URABONA UTARIMO KUREMEKANYAA KOKO
@BizimunguAbdallahJoseph-tq2sk8 ай бұрын
Mwuka muziranenge ataraza Nibwo Abantu bimikwaga n'amavuta ,yatoranyijwe,muyandi,Ayo Mavuta si nkayo mukoresha ubu. Ikindi Yesu yitwa Messiah, kuko yasizwe ,ariko se yasizwe Iki ?? Ni amavuta cyangwa ni Umwuka Muziranenge ?? . Igihe cyacu nicyo gusigwa na Mwuka muziranenge, si Icyo kuzana iyo myuka mibi mubeshyesha abantu
@FrancoiseNyandwi-uo6ds8 ай бұрын
Elysé ni umukozi w'Imana.Ivya Mignonne navyo nimba ariukumubeshera tubirindire mu kwezi kumwe gusa Kuko vuba araja kuri terrain none KO bitazomukudira kwiyumanganya .
@ABERAPlacidie7 ай бұрын
Uwiteka arihagije kugira ngo akore ibitangaza nta bindi bikenerwa murebe mu byakozwe n'intumwa murebe akazi ka Mwuka Wera. mwitubeshya rwose
Nimwitondere Fanny ko nawe yaravangiwe kuko ibisobamuro bye n’ibipapirano. Ngo kuba yarakoze mu mavuta si igitangaza. Ahaaaa murabe menfe tugeze mu mahina…buri wese nahamge Yesu Kristo amaso. Nk’uko ijbo ry’Imana ribitubwira ko mu minsi ya mbere y’uko Yesu agaruka hazaduka abiyita abalozi b’Imana nka na Fanny, Mignonne n’abandi nk’ano
@aimeekaneza91337 ай бұрын
Yebaba we Fanny nawe uzamue ibya dady ko…aba Gitwaza barasobanukiwe…
@aimeekaneza91337 ай бұрын
Ngo ntabwo bize iby’ivugabutumwa…ba mentors bakoze kabatakura mu Mwuka Wera. Ese muziko Prophet TD Joshua ariwe wari mentor wa prophet Kayanja. Ayo mavuta yanyu niyo alangwa mu isezerano rishya. Intumwa zaramburiraga ku bantu ibiganza….
@aimeekaneza91337 ай бұрын
None se ko wabasengeje jari amavuta wabasize…erega mdapfa nawe kuvangavanga amadini..ukuri kw’Inkuru Nziza ya Kristu irimo gute? Yego rata munyamakuru mubaze niba tugomba gujishira abakoresha imbaraga imyuka miki??!!!
@aimeekaneza91337 ай бұрын
Doctrine ya Miracle Center….hahahah.. Muhinge benedata.. Uriya mugore agira impano….akura hehe..? Hahaha Abasenyeri bari bahari atanga inkoni..bo ki se? Erega bose barashaka kubajyana muri yra dini rishya… ivigabutumwa buanyu ni prospeity gusa…nta murimo w’Imana bica n’umwe kuko nyawuhari…ashobora kuba afasha abantu ariko nta Yesu afite
@me52307 ай бұрын
Ceceka uvuge ko ntacyo ubivugaho ark wihakana ngo uvuge ko ari montage! Uriya mugore sinzi ibyo yabahaye
@vincentuwimana7 ай бұрын
NGo nta barangi baba murwanda Ndagusetse.
@pacsalineuwizeimana91888 ай бұрын
Muranduhonda ntitumoga mureke babivuge bwo ni wowe tabyemera utahiwe kujyayo
@kantengwalaetitia51764 ай бұрын
Ese mubyeyi ko urimo utuka Elysé ngo ntiyarezwe ubwo wowe ibyo urimo umusebereza kuri social media ni wowe ukiranutse? Izo ni imbuto z'abanyanwuka tena umubyeyi nkawe uvuga ko uri umuhanuzi? Yewe ndagusetse nawe urisebeje😮
@astoncheguevara40347 ай бұрын
❤👍👍👍
@PekeMarcel-vg6dk8 ай бұрын
Ubu se ko mutangiye kutumvikana Kandi nabakundaga mwese?,mucunge neza umwe muri MWe yarinjiriwe ,ubu se ibyo nabonye nibyo Koko Ra?????!!!!!
@hitimanathomas79257 ай бұрын
Itorero uvuga ñirihe. Ko ari amadini
@NdagiroRukinga7 ай бұрын
Uramudefanze minyoni kndi ataribyo
@MukankusiChristine-ne8en8 ай бұрын
Gusengerwa seniki ??? Niko gukiranuka sha urababaje
@NtawihebaJeanDamour-j4s5 ай бұрын
Erize abura ubwege bwokwikorora
@MukankusiChristine-ne8en8 ай бұрын
Nukuri mufite ibibazo
@MukankusiChristine-ne8en8 ай бұрын
Ese ubwo uraburana iki koko Ntabwo urahumuka, intambara uje kurwana sniyasatani fanie izo simbaraga z lmana
@nyirakamerewegisele74158 ай бұрын
Ko mbabaye se niba ari ukuri
@MukankusiChristine-ne8en8 ай бұрын
None areruye
@sonianiyonzima91388 ай бұрын
Fanny Uzi KO ukunzwe n'a benshi nanje ndimwo pe,ariko Aho ngaho uhitondere ubwo imyampi ya satani Nawe yakugemyeho,ukaba ushigikiye ivyabaye kuri mignonne nkubwijukuri Nawe duca tukuzinukwa,ufite ubwenge Niko ariko nizera neza kutakwifatira abantu mugahanga,ubivuge ukwuvyumva natwe dufite ubwenge ubundi,ivyanyu bisigaye bigoye pe!