Join this channel as a member to get access to exclusive videos: / @connectiontv. Instagram: / connectiontv2023 Facebook: / connection-tv-10723680... #rwanda
Пікірлер: 72
@KarongiProduction-sw5dt8 ай бұрын
Petero, iya 1 2:4 Nimwegere Nyagasani, ibuye nyabuzima ryajugunywe n’abantu, nyamara ari indobanure kandi rifite agaciro gakomeye mu maso y’Imana;
@kubwimanatbjanvierbb37398 ай бұрын
Wakoze cyane gutumira uyu Mupadiri, biragaragara Ko ibyo asobanura abifiteho Ubumenyi buhagije n' impano yo kubisobanura !
@estherqueen62148 ай бұрын
Mwakoze cane.
@ryumugabeetienne80838 ай бұрын
Iyi kiriziya sinarinziko yageze mu Rwanda.yasobanuye neza ndamukunda. Mwakoze kumutumira. Ubutaha azatubwire aho baherereye mu Rda,anatubwire uburyo basengamo niba bihuye nibya Gatorika
@ukuridawatv63398 ай бұрын
112. Al-Ikhlaas Vuga (yewe Muhamadi) uti “We ni Allah, umwe Rukumbi,” Allah, Uwishingikirizwa, Ntiyabyaye kandi ntiyanabyawe, Ndetse nta na kimwe ahwanye na cyo. 112. Al-Ikhlaas قُلْ هُوَ اللَّهُ أَحَدٌ Say (O Muhammad (Peace be upon him)): "He is Allah, (the) One. اللَّهُ الصَّمَدُ "Allah-us-Samad (The Self-Sufficient Master, Whom all creatures need, He neither eats nor drinks). لَمْ يَلِدْ وَلَمْ يُولَدْ "He begets not, nor was He begotten; وَلَمْ يَكُنْ لَهُ كُفُوًا أَحَدٌ "And there is none co-equal or comparable unto Him."
@nganzodominique28018 ай бұрын
Padiri ntago avugishije ukuri petero ni umukuru wi ntumwa niyo mpamvu intebe ya petero iri Roma .Kandi yezu yaramubwiye ngo ragira intama zawe .kiliziya yemewe ni mwe iri ku cyicaro cya petero ariyo Roman Catholic church.mwebwe mwiyomoye kuri kiliziya ahubwo
@habimanajeanclaude64828 ай бұрын
nonese petero Yezu ntiyamubwiye ati petero urankunda inshuro eshatu akamubwita ati ragira intama zanjye
Murakoze Padi, nuko muriyamamaje, Ariko mfite ikibazo ku ku batizwa, iyo umwana(umuntu) avutse kuwabatijwe , icyaha avukana aba yaragikuyehe? Aho ntibiri muri za ngeso zamadini n'amatorero yose yo kwikururira abayobocye? Gusa menye uko Amadini yabaye menshi n'inkomoko yayo!! Orthodox!!
@maniratungageorge67978 ай бұрын
Agende hiyo iryo zina patiri yarihawe nande?ivyo mwihaye kuba mwiyitirira kiriziya nikuberiki?abapatiri bacu ntabwo bafite abagore bamureka kubakoza isoni 😢
@doro21978 ай бұрын
Ese ntunareba ko ukora ikimenyetso cy umusalaba giculitse ,hhhh soma muli Bibiliya aho YACOBO aha umugisha babili mubana ba JOSEPH impfura y Urukundo rwe Rachel ,😂😂😂😂 ese unazi nigihe bitandukanyije na KILIZIYA Gatolika Romaine nimpanvu yiryo tandukana ????? Urabeshya pe 😂😂😂ulishakira amaturo mubayoboke
@annamukamugema58948 ай бұрын
Bavuga Kliziya ikomoka ku ntumwa not ishingiye ku ntumwa!
@nivitamaeternam37508 ай бұрын
Iki kiganiro cyari cyiza cyane! Muduhe contact ya Padiri Petros !
@dushimirimanaishaq-co1gx8 ай бұрын
Ese koko umuntu yabyara Imana?Imana ntibyarwa cg ngo ibyare.uko ni ugutuka Imana
Iyi kiliziya ndayikunda, kd nayikundishijwe na na kiliziya gatolika, mu mahame ya kiliziya harimo nayo bavoma kuri orthodox, barayinkundishije jye nanayigezemo nasenga nisanzuye
Nitwa Aphrodis.Kubatizwa bivuga gikizwa icyaha cy,inkomoko.Mutubarize uwo Mupadiri impamvu Yezu Christu yabatijwe na Yohana mu ruzi rwa Yorodani kandi nta cyaha k,inkomoko yagiraga,kuko batubwira ko yabyawe na Mariya utasamanywe icyaha.
Gusa reka dushimire aba banyamakuru, batumira abantu nkaba, ni ubwo Padiri yabikoreresheje nko Kwa mamaza idini ye, Ariko natwe hari amakuru tumenyeyemo ko Aya madini yose atava ku mana nkuko twabibeshwye namadini n'amatorero yose!!
@@claudinenzuri8332 ibice? cyangwa ibice? Nyamara Aya madini ashamikiye ku buporoso, bavuga ko baje ku gorora ibyo Kiliziya yagoretse ? Harongera havamo ibi bice by'inshi cyaneeee, nubu bikivuka !!
@nkubitoyimanzi93878 ай бұрын
Ariko ubu Koko twabuze imyemerere yubakiye ku muco Nyarwanda? Koko ? Ni intiti dufite mu Kinyarwanda? None ubu imico yose yo mw'isi izatugabagabana kugeza ryari? Ngaho n'umuco wa ba rusia uraje ? Kweli ? Kigali wa Kane rwabugili azutse yababazwa no kubona uko twarohamiye mu mico yabandi yiyitiriye Imana? Koko, ubuse barusha Abakurambere bacu, ba Ruganzu ubumana ? n'Imana ? Birabaje be !!
Yego ko Padiri ?!!!Imana ishobora byose izakugenderere!
@Tubitekerezehonatwe8 ай бұрын
Muraho ni amahoro, Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA' Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
@rekerahojb15048 ай бұрын
Yagerageje gusobanura ariko ibyo kwikubata imbere y'amashusho no kubatiza abana bato ibyo ni inenge. Amashusho abantu baramya aba yarahindutse ibigirwamana . naho kubatizwa habatizwa uwizeye, iryo ni itegeko rya Yesu ryanditse muri Mariko 16:15-16, Mu gitabo cy'Inyakozwe nk'intumwa, intumwa zabatizaga abizeye. kuva kuri Yohana umubatiza integuza ya Yesu, Yesu Kristo, intumwa ze n'abakuru bo mw'itorero rya mbere nta nahamwe uzasanga abana babatizwa, cyangwa imiryango y'abizera ibikangurirwa cyangwa hari itorero ryabikoze.
@Tubitekerezehonatwe8 ай бұрын
Muraho ni amahoro, Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA' Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
@aimableharagirimana30088 ай бұрын
MUBAZE ITEGEKO RYA 2 MU MATEGEKO Y'IMANA AHO RIHURIRA NIRIYA SHUSHO YA YEZU
@user-gn1tr8rm7e8 ай бұрын
Ko utazi nugutera urumenyetso rw'umusalaba la????
@doro21978 ай бұрын
None se kuki Simon PIERRE yiswe na YEZU KRISTU ko ali URUTARE azashingaho KILIZIYA ye Itazasenywa nimyuka y ikuzimu ???!
@umuhozadiane70998 ай бұрын
Ndabaza padiri nti 'ese iriya shusho ya Yezu na Bikiramariya zitandukanye na mwe murazigira?
@habimanajeanclaude64828 ай бұрын
Ignace wa anthioche ni we wise kiliziya catholique
@mugishamediator66968 ай бұрын
Haahaaa abanyarwanda baravuga ngo ntaruturo ntanarutumivu nta cathorique nta Ortodoxe bose basenga amashusho si abakristo bose ni abo kugirirwa impuhwe Imana ikabahumura amaso bakabona agakiza.
@dushimirimanaishaq-co1gx8 ай бұрын
Aaww.
@jeanpierrebaranyizigiye80838 ай бұрын
Padiri nubwo wavanye na Romani catholique, muri bamwe nta difference.
@Tubitekerezehonatwe8 ай бұрын
Muraho ni amahoro, Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA' Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
@munyanezaadrien7808 ай бұрын
Uyu muntu asobanura neza nkuwabyize kandi arabizi
@doro21978 ай бұрын
Aliko wibagiwe ko l Evangeliste saint LUC yali Umugereki, niba mwemera ko YEZU KRISTU yazanwe no kubohora abarohamye no kubohora imbohe ,wemera rero ko YEZU KRISTU yazanwe n ababoshwe nabaroshywe mu rupfu rwicyaha cya ADAM na EVA dukomokaho twese n abobatinganyi balimurabo baboshwe bakana rohwa mururw upfu rwatanduanyije MUNTU n IMANA yamuremye mw Isura ya Yo .Kumunsi KILIZIYA Gatolika Romaine yizihizaho IMPUHWE z IMANA uyumwaka wa 2024 uzahirirana n Umunsi mukuru KILIZIYA Gatolika Romaine yizihiza UMURYANGO MUTAGATIFU W INAZARETI ( YOSEFU YEZU NA MARIYA ) NIBO SHUSHO RW UMUTATU BUTAGATIFU TUREBA KULI IYISI UKANA HURA N UMUNSI WO KWIGARAGAZA KWA NYAGASANI YEZU NKUMWAMI N UMUKIZA WABANTU BOSE ABA MAGES BATATU BAJE KURAMYA BAMUZANIYE AMATURO BAYOBOWE N INYENYERI ( L ETOILE DE DAVID SYMBOLE DU PEUPLE JUIF ) URUNVA KO UZAHURIRANA NA NOHELI YANYU .NYA MBIBONAMO UBWIYUNGE BW UMUBILI WAMAYOBERA WA YEZU KRISTU ALIWO L EGLISE D OCCIDENT ET D ORIENT WATABUYE UMUBILI WA WAMAYOBERA WA KRISTU ARIWO KILIZIYA GATOLIKA ROMAINE ISHINGIYE KULI PETERO ( LE PAPE DE ROME ) ,NIBWO BW IYUNGE BW ISI DUTUYE
@habimanajeanclaude64828 ай бұрын
nshaka kuza kubasura
@NzatungwanayoEric-wc7cq8 ай бұрын
Ninkaba baba bacyenewe tumenye byukuri bwana munyamakuru wakoze
@Tubitekerezehonatwe8 ай бұрын
Muraho ni amahoro, Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA' Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
KILIZIYA Gatolika Romaine ishingiye ku Ntumwa 12 zishushanya les 12 TRIBUTS D ISRAEL ( YACOBO) ,buri intumwa ihagarariye 1 trubut ,saint PAUL yitwa le 14 eme APOTRE apres MARIE la MERE de DIEU et REINE des APOTRES ( au moment de l envoie de l ESPRIT SAINT sur les 12 APOTRES Elle etait au millieux d Eux comme 1 Mere au millieux de ces enfants nicyo gituma KILIZIYA Gatolika Romaine imwita la MERE er REINE des APOTRES) niyompanvu iROMA aho saint PAUL yiciwe hubatse Basilika nini kuko ngo aho umutwe wikubise hatatu havubutse isoko yamazi bayise SAINT PAUL HORS LES MURS ( du VATICAN) kuko c etait l APOTRE des PAYENS nukuvuga woherejwe kubatabalizwa mubana ba YAKOBO ( ISRAEL) inshuti y IMANA ya ABRAHAM ISSAC na YAKOBO( ISRAEL) YEZU KRISTU avukamo par JOSEPH ( l Ombre du DIEU TRINE = PERE FILS et SAINT ESPRIT) n Umubyeyi Bikira Mariya bombi bakomoka kwa DAWUDI (14 = 12 APOTRES + SAINT PAUL + MARIE = LE CHIFFRE du Roi DAVID) ,ikimenyetso cy Umusalaba muli KILIZIYA Gatolika Romaine kinjiza ISI YOSE mubwiyunge bwa bene ABRAHAM bose ISMAEL NA ISAAC UMWANA W ISEZERANO RY IMANA YA ABRAHAM UMUKURAMBERE WABEMERA IMANA BOSE MULI KRISTU YEZU WE MWAMI W AMAHORO NYAYO ,MUGUSHYIRA ABANA BA YOSEFU MUBANA BE 11 YAKOBO YASOBANYIJE AMABOKO ,IMPFURA MANASSEH AYISYHIRAHO AKABOKO K IBIMOSO =UBUHINZI = LA MAMAN = KILIZIYA GATOLIKAROMAINE UBUHETA EPHAIM ABUSHYIRAHO AKABOKO KIBURYO = UBWOROZI = LE PAPA = ZA LETAT Z IBIHUGU IZO NZEGO ZOMBI ZIHULIZA IMBARAGA ZAZO HAMWE MUGUFASHA UMWANA WABO ARIWE LA POPULATION KUBAHO NEZA ,MWE RERO KUBERA IMPANVU NYINSHI ZABITANDUKANYIJE NA KILIZIYA GATOLIKA ROMAINE YASHINZWE KUNTUMWA 12 IMWE MULIZO YUBAKIYEHO KILIZIYA YE ( PETERO = LE PAPE = LE ROC ) MWIVANYE MUBWATO BWA PETERO BUTUJYANA MUTUGO RWA DATA WA TWESE MWIKORERA IZANYU NYINSHI ZIGENDA MULI CONTRE COURANT YIYA PETERO YEZU KRISTU YISHINGIYE KUKO AYICAYEMO( LES 7 SACREMENTS DE L EGLISE)NIWE UYIYOBORERA A TRAVERS ABO YAYISHINZE,NI WE NZIRA Y UKULI ITUJYANA MW IJURU KWA DATA WA TWESE