Рет қаралды 334,233
Urukiko rukuru rwa Gisirikare rwasubukuye iburanisha mu mizi y’abantu 33 baregwa ibyaha birimo iterabwoba, barimo abasirikare batanu mu ngabo z’u Rwanda nubwo umwe aburanishwa adahari kuko atarafatwa.
Mu bari imbere y’urukiko harimo itsinda ry’abantu 25 barangajwe imbere na Rtd Major Mudathiru Habib n’irindi tsinda rifatwa nk’irirangajwe imbere na Pte Muhire Dieudonné usanzwe ari umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda.
#AfrimaxTV