Young ntiyasengewe na TB Joshua yavuzeko yifuzaga ko babonana ntibyakunda yasengewe na Kayanja w'umugande.
@IshyaJudy1236 ай бұрын
Nuwo Kayanja nawe akorana na illuminati
@bravekis90956 ай бұрын
@@IshyaJudy123Yego kabisa nta TB Joshua nta Kayanja bose ni intumwa za satani ! Mbega uburyo barimbuje imbaga nyamwinshi weee !!!
@huguetteniyonzima85866 ай бұрын
@@bravekis9095ikindi naco cari canyobew.burya Imana igukijije iba igukiza burundu.nayo abakorsha imyuka mbi...,urakira hahez iminsi iyo ngwara ikagaruka yigwijije incuro 100.
@urinzwenimanaildephonse456 ай бұрын
Yewe nta Kayanja nta TB Joshua. Bose ni bamwe.
@316mori6 ай бұрын
Nange niko mbizi; ntabwo yigeze ahura na TBJ ahubwo yagiye Ugunda, gusa byose ntakibazo icyangombwa ni uko yanga yatashye akijijwe. Niba utasengera n' ibicurane cg umutwe! Mujye mwicecekera kuko ibya TBJ byo birabarenze, today is TBJ tomorrow is u my bishop
Wa kigabo we icyo utazi ntibisobanuye ko bitabaho,,, Imana irahambaye ntabwo wayishyira mu ka box k'intekerezo zawe kd n'isi y'umwuka iri vast kuburyo buri muntu Ibyo Azi Ari agace Atari byose,,, so wica imanza ugendeye kumyinvire yawe hubwo shakisha gusobanikirwa as apostle Paul said.
@Dancil45 ай бұрын
👊
@MNE119856 ай бұрын
Mwitondere ibintu byose bisebya Imana mu bapagani. Mwamamaze ubwami bw Imana mu mahanga.
@jeandamascenesingirankabo70668 күн бұрын
Yesu we se ko bamwise umutware w'abadayimoni niko byari biri? cyangwa yabyiswe n'abantu twagereranya na bariya.
YESU Arakiza bikemera nshuti uko yari KERA nubu Niko Ari
@Saduofficial2505 ай бұрын
Cykz nkunze ukuri utubwiye❤ Ndagukunze❤❤🙏🙏
@Dancil45 ай бұрын
Uri mubujiji nkuyu uvuga ubusa atazi
@saadisadie31256 ай бұрын
Pastor nubwo utamuvuze turamuzi uwo mugore ni aneti uwo wiyitaga umukozi wimana ni rugagi
@user-su8hv7il3y2 ай бұрын
Bosiko wuhe se koaribbe shii twamenya uvuga uwuhe wahehe se hari uwazirafati hari wanayote hano kano mbe yooo hari uwatwaye ubuhanuzi bwumwana wajye amayerekwa barayatwa pe
@michaelrutaganda27656 ай бұрын
Ariko kubereki mwicazwa nokuvuga ubujajwa nonese TB Joshua yaje gukuraho urupfu come on mwavuze Bible ko mutarayirangiza kandi niba mwarayirangije Muvuge Imana.
@Yannick_fiston6 ай бұрын
Ariko muvuga umuntu yatashye kuberiki koko ayatiku imana ibatabare murarushye
@kayijukaolivier64056 ай бұрын
Mwiriwe Young mukiganiro ya uzeko yashakaga kujya muri Nigeria kushaka TB Joshua ngo amusengere ariko arikwitegira abona TB Joshua munzozi amubwira ango ajye gushaka Robert Kayanja wa Uganda ngo Abe ariwe umusengera rero Young yagiye Uganda uwamusengeye ni Robert Kayanja ntabwo Ari TB Joshua Murakoze
@user-eo6fh3vw8r6 ай бұрын
Nukuri,abavugango,iravuze,itavuze
@joliejoie20106 ай бұрын
Ariko muretse Past Theogene mugaruye TB ko mutabivuze mbere koko? kujya aho bigiye kuki utabivuze utarabibonana abandi?
@Streetor13476 ай бұрын
Umva wakabwa we waraje urarahira ngo Imana yakweretse ko Kid atazakora ubukwe na Elsa ngo ubivuze nkumuhanuzi, twarakubonye. Uragarutse ngo Imana yakweretse TB Jusua ngo yasengeye Young wa Bandi we ntago TB Josua yasengeye Young, yasengewe na kayanja
Nikiki mukoresha micros 3 birasakuza caaaaneeeeeee Mbe abo murikumwe ntacobumva ko zisakuza Ubutaha murakoresha micro 1 kuko si vyiza nagato
@umutesinadia26746 ай бұрын
Ariko se dii kuberiki uhakanya iyo myuka mibi si burikiza munzozi ngo nikiza ubwo se ko njye narotaga umupastori umwe ansambanya kumara inyaka ibirikandi nakanguka nkasanga byari ukuri? Ubwo se ko nawe ari murumuna wa tb josuwa ? Ntuhakane kuko All simagogue of all nations is not real bafele dear
@Ubutumwabwizabwayesuchrist6 ай бұрын
Abeshya kubi Yanga bavze ko yifunge guhura TB Joshua arko batahuye nkuyu mubeshyi yabyumviyehe he koko 🤦🤦
@enoxtvshow26026 ай бұрын
Ark inzererezi nkizi zagiy e zishaka ibyo zikora koko zikareka kubeshya