Ako mana Aissa😙😙😙😙 Sabin nukuri ukora akazi kose kbs Abanyamakuru bose mfana uri kugenda ubazana Mulindwa,Antoinette,Aissa uzatuganiririze Sandrine Isheja Butera,Anita,Robert makena na Arthur Nkusi
Ni byiza turamukunda ,uzatuganiririze Akimana Ratifa kuri Radio Rwanda
@urabonamana35045 жыл бұрын
Ubwo se wabyaranye N umugabo ufite umugore?
@rc-diomede85945 жыл бұрын
Nge nsigaye mbona nzishakira aba fille mère kuko mbona aribeza wlh
@josephineuwimana52275 жыл бұрын
Erega n'abo twita inkumi muri iki igihe baba barabamariye abana mu ma toilette burya benshi aba ari abagore batagize ubutwari bwo kubyara....sont gushaka uwagize impuhwe ntiyice umwana byaba byiza. Ndagushyigikiye.
@amedeea8405 жыл бұрын
loi d'attraction ni loi kuva ryari Sabin? babonye ko ari loi gite?
Hari umumama twiganaga aho agiye muri stage hose abazungu bakamubwira ko anuka ,ambwiye ngo mwumvire koko ko anuka sunabyumvise,ngo ni umugabo we yamubwiye ko atabyumva
@@msan4591 niko badufata bwo,ni unuka ubwe iyo yinukiye agirango ni umwirabura barikumwe umunukiye
@Josee20305 жыл бұрын
Umucyo wacu utwumvisha ko tugomba gutinya uko abantu batubona bigatuma tutaba abo turi. Uyu ndamushimye pe kubyiyumviro bye. Tujye tubaho uko tubishaka ubuzima ni bugufi
@nocoleayinkamiye78065 жыл бұрын
Burya Aissa numu Fille mere ntabyo narinzi ariko nisawa kuba kwemera uko biri
@ndayisengagisafreddy74985 жыл бұрын
I like the way she express her feeling and love herself and appreciate for her choice to have baby without married the right of choice and open mind and wide in bright thank you so much
@tuyisengejeandamascene92254 жыл бұрын
Uwo mwari arasobanutse kd arasobanukiwe!!
@agukamubitekerezotv60555 жыл бұрын
Mwakoze kutuzanira uwo mutumirwa.isimbi TV turabakurikirana 100%
@nikuzefrancois65165 жыл бұрын
Aissa ndagukumbuye chch
@revocathakabagwira37935 жыл бұрын
Uri umukobwa mwiza pe
@nikuzefrancois65165 жыл бұрын
Aissa urasobanutse vraiment . Urakumbuwe from Nyanza Gakenyeli. Nizere ko uhise umenya qui je suis.
@@aissacyiza3816 hello Aissa, nishimiye kongera kukumva, anyway I appreciate your hard work, wamfasha ukampa your e-mail address cg your whatsap number ko ngushaka? From Bonkey ( Muhima primary school)
Turebye uko evolution of human kind ikora, ibitecyerezo by'uyu mukobwa biri munzira nziza. Kubyara ubundi ababyeyi babishaka kuko baba bumva ko umugore wenyine atakwirerera umwana. Ariko ntabwo ari ngombwa ngo ubane n'umugabo munzu kugirango uhe umwana uburere. Mwafatanya mutanabana. We are leaving the dark age behing .this era is information based. Dukomeze kujijuka.
@imananiyonkuru68544 жыл бұрын
Ni uburenganzi bwe kubaho uko abyumva n'uko abishaka, ariko niba atari ukwikunda cyangwa gucibwa intege n'ibyo yahuye nabyo /byabaye kubandi bamukikije tubwizanyije ukuri umwana iyo abanye n'ababyeyi bombi biranezeza nubwo tutakwirengagiza ko ise w'umwana yakwita ku mwana we aba kure ye. KNubwo kubaha amahitamo y'umuntu rimwe na rimwe biba bikenewe ariko si byiza ko umwana yarerwa n'umwe mu babyeyi be bombi kandi bose bariho kuko iyo akiri muto yisanisha n'abandi bana bikaba byamugiraho ingaruka mu bijyanye n'imitekerereze ye.
@espoirejane4465 жыл бұрын
Ego busilimu we ,bubuza umwana kuvuga ikinyarwanda ,ni abo mu mahanga iyo ababyeyi ari 2 bahuje ururimi ntibabwire umwana wayo ikinyarwanda numva ari ubuswa, aho kuba ubusilimu
Uri Karwi joh jya uvugana displine ,nta soni ngo indaya?ufite ikibazo mumutwe.Gusa icyo nakubwira nuko Aissa ari umuntu ufite umuco,uzi kubana n umuntu uwo ari we wese .Arubaha kdi natwe turamwubaha . Nta nubwo yakubwiye ko yabuze umugabo