NUMERO YABO KU BIFUZA KWIFATANYA: +32484119140 (Hadjat Jolie)
@safiam53386 ай бұрын
Barak Allah fik
@user-tj7zr1tk5w5 ай бұрын
Jazakalah khairah hajat
@ngendahimanathomas37465 ай бұрын
Mukomerezaho
@angeliquefry91295 ай бұрын
Ndabaramukije abantu bari busome iyi message. Abantu bavuga amakuru ku nkoranya mbuga mwagerageza mwanjya kuvuga inkuru mukavuga inkuru yanyu ntimushyire mu bwishi kuko muvuga ibintu mukabyitirira abantu bose hano umva ukuntu uvuzengo ( Abazungu na banya mwanda) Vuga ngo umugabo wawe yaru munyamwanda si abazungu bose. Niba uva muri France vuga ibyo munzu yawe wivuga ibya banyagibugu cyose. Ubu kigali abantu bose babaho kimwe. Bantu mutuganiriza muradukomeretsa kuko muvuga ibyanyu ariko mukabivuga mubwishi. Iyi yari Inama. Murakoze
@penninah_penninah33185 ай бұрын
Urakoze kubwiyonama, nibyo abazungu bose si abanyamwanda Ariko nange nagize amahirwe yo kuba mubihugu bitandukanye, Ariko abazungu benshi ni abanyamwanda pe!! Ugereranije nabirabura. Nizereko ntawe nkomerecyeje.
@clementinehabiyambere62335 ай бұрын
Ntabwo umuntu avuga byose ariko kdi ajye yibuka ko hari abamuzi n"uwo muzungu we rwose bareba ibi biganiro bye, abazungu we rwose sink'abandi nawe arabizio😂😂😂😂
Amahoro yo mu mutima atangwa n Imana gusa.aya mahoro iyo uyafite bagutetesha,bagutuka ntaho ajya. Nicyo kizatuma urebera umuntu inyuma ukabona yugarijwe n ibibazo ariko wareba neza ugasanga arasa n ubihagaze hejuru. Amahoro yo mu mutima atanga umunezero no mu bihe by umubabaro.❤
@@khloecalala7606 Yega rata, abazungu rwose icyo dutandukaniraho ni Systems zubuzima bwabo zubatse ukundi naho ubundi umuntu ninkundi rwose.
@jojouwi31596 ай бұрын
Imana Ikomeze ibagure Ibahe ibyo mwifuza . Pole pole njo mwendo asante sana.❤❤❤❤
@Alice_Muka6 ай бұрын
Merci beaucoup @ Isimbi tv yatumye mba Caviar 🙏🏽
@kg72856 ай бұрын
Abanyafrika muragowe sinzi ryari muzoba open mumutwe none abobagabo banyu babirabure babafashe neza. Kandi nimba wahuye numugabo wikigoryi abantu bose ntibameze nkuwawe first of all wibuke ko uyo mugabo uvuga wamugiyeko utamuzi? Kandi at least umusonenere kuko ni de wabana mwavyaranye .
@nmnteamdknn84055 ай бұрын
Ibaze kuvuga big abazungu barumucafu…. Yavuze uwe…
Asalamwaleykumu Warahmatullah Wabarakatu naam Alhamdulillah , shukran yewe ,nanone ndakwibutsa gako ugye ubanza ukareba uti ese Islam ibuvugahw'iki .urakoze .
@ingabiremireille62885 ай бұрын
Urakoze cyane ma belle soeur ❤ kandi turagukunda tugomba kugushyigikira muri byose ukora kandi byiza OCOGV hejuru cyane
Amahoro yo mu mutima ava ku Mana iyo wakiriye Yesu Kristo nk umwami n umucunguzi w ubuzima bwawe by ukuri aguha amahoro yo kumutima. Aya mahoro kandi azana KUNYURWA. Iyo ufite aya mahoro unyurwa ni uko uri,nibyo ufite,ni ibyo ubonye.....
@user-jm3yj5le6j6 ай бұрын
Yesu nice gusa utanga amahoro yo mumutima
@aishajeanine35525 ай бұрын
Shukrani ma cherie ❤
@francoisenasabwe11806 ай бұрын
Mama weee! Wahuye n'abazungu koko pe! Buriya lero niwa mugani baca ngo kujya mubajiji utar'umujiji.
@NsengiyumvaHussein6 ай бұрын
Nyamuneka umuntu ufite amafrang ye bwite atari inguzanyo ya bank kuko njyewe umuntu ukoresha credit ntago mufata nkumucyire ahubwo mufata nkumupangayi kuko isaha nisaha bank yamuvudukana uwo twabonaga atwaye V8 tukamubona ateze igare rya 200f rero nimba ufite cash zawe zidafite ideni ukaba udafite amahoro yo mumutima ndakugira inama yokwijyana karayesi cg bazakujyane amaguru adakora hasi byajaguye rero abakire mutaba munguzanyo za bank mwubahwe babyeyi Kandi abakire tumenyane
Merci da Jolie .ile njokweli amani mungu njo mwenye anayipanaka
@NsengiyumvaHussein6 ай бұрын
Umva rero nkubwire wamu mama we mwiza uzi impavu usa gutyo cg Sabin akuvugisha yaciye bugufi cyane nuko uri umucyire naho nta mafranga ufite yakuganiriza nkuko aganiriza ba mitsutsu cyereka lmana ikumvise ikakwambura ubucyire ufite byibura 1years wenda ukajya wirirwa wiruka nabanyerondo nyabugogo amaguru yarabaye nkaya banyonzi nibwo wamenya ko amafrang kubayafite abarinda byinshi rwose ngiye kugusabira ucyene maze uzagaruke kuri isimbi TV maze utugereranyize umunezero wumucyire nuwu mucyene Amen
@umugwanezazuhura18016 ай бұрын
Esubu kk ubu ni wamwumvisenabi mana we ngugiye kumusengera🙄🤔
@user-fy8kd6gw8j6 ай бұрын
Bya nago ubeshye ariko si wamusabira kubura amafaranga pe ahubwo abone meci cyane ,naho Sabine we araronda afasha abafite ntago yagufasha udafite pe maze umwaka urenga namezi mubwira ko harumuryago yafasha ariko ntansubiza pe naho uyu mu mama nabone amafaranga pe ntakene ,reka kumwifuriza gukena pe
Uyu mumama ntabwo asobanukiwe nicyo bita amahoro yo mu mutima. Kuba udahangayitse mu mutima ntawukubwira nabi mu rugo. Iyo ufite umutima unyurwa ukaba ufite ibintu by'ibanze mu buzima ugira amahoro yo mu mutima. Umukobwa wahangayitse akabona umugabo umukunze bajya inama agira amahoro yo mutima.
@mugabodavid30065 ай бұрын
Uko niko kuri kabisa.
@UwaseSalma6 ай бұрын
Uyumungore niwe wananiye umungabo
@user-mu5kd6gs1s5 ай бұрын
Banange
@immaculekubwimana3145 ай бұрын
Nanjye Niko byumva ahubwo uyu muzungu yarihanganye kuko numvise imyumvire ye ndabona atarikubana numugabo wumunyarwanda kabiri kuko abanya Rwanda Banga agasuzuguro uyu mugore yashatse kumugira inganzwa amubera ibamba uyu mugore ni Satan ni indashima
@UwaseSalma5 ай бұрын
Byaramunaniye
@MYDIGITALBOOK5 ай бұрын
Amahoro yo mu mutima atangwa na Yesu Kristo wenyene. Ntamuntu, nakintu nakimwe canke amafaranga yaguha amahoro yo mumutima nagatoya atari Yesu Kristo ayaguhaye.
@Mutimukunda6 ай бұрын
Yego babwire aho abantu badupinga ntabwo dufite ibya mirenge ariko icyo bita les besoins essentielles pour un être humain zirahari rxose.
@TheDreamFamily06 ай бұрын
Ariko abazungu koko mubakundira iki? Baraharara kdi 80% nta Rukundo bagira akenshi Ni condition babaha kubyarana nabo, nabyo nibibazo Ironda ruhu 😢, family zabo nikibazo😢
Oh yeah? Umuntu n’umuntu! Abirabura se nibo bagira urukundo? Hera mu rwanda umbwire @goodksu! Umwirabura ashobora kuguhemukira et la même chose s’applique kubazungu!
@gcwavey40996 ай бұрын
Umuntu numuntu. Arskubera mwiza canke mini ari umuzungu cank umwirabure.
@pacifiqueinamahoro63875 ай бұрын
Bihorere sha nama familles angahe yatunzwe nabagore babazungu? Iyo byanze biranga mu bwoko bwose.
@viponly66675 ай бұрын
Jolie ,Asalaam alaikum,nfakwibuka kera kurya kabiri kwa Mualim Rajabu,wakundaga gutwara igare,Na mushiki wa Rugaravu Salma tuba mumugi umwe hano USA.Kadenge
None se kuvuga ngo umugabo we numunyamwanda ntiyoga biri munsi . Ntabwo ajya gusali nibintu bizima njye ndabona uyu mugore ari umwibone yumva ko ibintu byagenda nkuko abyifuza .ese abagabo boga biri munsi nibangahe kwisi? Nuyu mugore si mwiza numugabo we yari yararushye none Ari ku generaliza ngo abazungu bagira umwanda! Ahaaaa@@ZiziGhagt-vn7yr
JOLIE ASALAM ALAYKUM NGUSABYE KO WASABA IMBABAZI UMUBYEYI MUGENZI WAWE(UMUGABO) KUBERA UKO WAMUSEBEJE MURUHAME NGO ARANUKA ESE WIBUKA KO ARI SE WABANA BAWE?
@yvetteshikama8046 ай бұрын
Jolie ndagukunda caaane sha nivyo abo bozungu nabanyamwanda pe 😂😂😂
@ErinestineUmulisa6 ай бұрын
Mbaye uwambere sabe nabaho uzasuhurize ba mpinganzima na ngwino kd dukumbuye shakira