Humura nta kure Imana itakura umuntu kandi nta kure itamugeza Ikindi ikibi n'ukugwa ukarambarara Imana ishimwe ko wagarutse muli Kristo
@jacklinemugisha44633 жыл бұрын
Buriya umuntu wese avuze ubuzimabwe hano beshyi twararushye turasuzugurwa ubuzima bwumuntu nibagaryiwe nanjye ahankubwiye ibyanjye wakumirwa bisuba ibyo byawe ariko yesu yarankuyeyo ubushimimana ba mumburayi murafrinca narahahezagiriwe kandi ntarize nishyuri 1 ubu nibukaho yesu yankuye nkumirwa komera mukobwa wa yesu ntawamukoreye yesu go yikorere amaboko komera urumuntu undasazwe kubera yesu
@safarijerimiah31383 жыл бұрын
Uwo ntabwo yabureka kuko ararya, kdi ntacyo Ari cyo!!
@rindaishema73933 жыл бұрын
ubuzima ni urugendo rukoze isomo, bityo ntawavuga ko yatsinze ku bwe. Mana weeeee, buriya uwagira icyo ashaka kuvuga yakibwira Imana. N ubwo amahitamo ari aya muntu, ariko ibitubaho byinshi si ibyo duhitamo, cg umunt aba yaharuriye umuhanda 100%. Icyo dusabwa ni ukwisunga imbaraga z itagaragara ku maso, nayo ikikorera ibyayo. He kubaho uterana ibuye, niba warahiriwe ntubeshye imbaga ko ushoboye. Ni amahirwe wagize. Twese Imana iradukunda, kandi idukorera ibihwanye n ibidukwiriye. Uyu mudamu rero yahuye na byinshi uwibwita ko abashije yamunenga, ariko uru rugendo yagenze nahumure. Komeza ugambirire ibyiza niho Imana izagusanga mu mpinduka y inzira igoranye, aho ihera iba inzira y impinduka nziza mu buzima bw umuryaaango mwiza mushya. Imana ibane naaawe.
@James5_503 жыл бұрын
Umutumirwa w’uyu munsi asa nko kuba atavugisha ukiri kuhashize he (her facial expression tells everything )
@sosthenek.67473 жыл бұрын
Yeah
@mukajustine87743 жыл бұрын
Uravuga ukuri ibi byose haba hario kubeshya winshi cyane, nawe yabyivugiye umuntu ni mugari cyaneeeee ntabwo wopfa kumumenya
Uravuga wiryagagura ntago bikubereye gutangubuhamya nugutigihe cyacu kbs
@tfzrwanda3 жыл бұрын
Abantu bakwiriye kumenya ko SELF-PITY ari intwaro igusenya, umuntu afite ubushobozi bwo gukora ikintu icyo ari cyose itandukaniro ni choice icyo uhitamo nicyo ubacyo, ubuzima bubi s’ikibazo ikibazo n’ukudatekereza kubuhindura, birumvikana neza ko gukorera 25k utashobora kuba munzu itajyanye na salary Icyo ntabwo ari ikibazo ahubwo wagombaga gukomeza kurwana nkuko watangiye. Wahisemo neza kuva mubuzima bw’uburaya imbere niheza kdi muri byose Imana iri kumwe nawe ntukisuzugure gira intumbero, self discipline, kwiga ntibirangira n’ubu wabikora ni just guhitamo kubikora keep growing spiritually future ni nziza
@spgeneralsupply30293 жыл бұрын
Ntibazi ko isi yameze amenyo...
@mugabeyvette36103 жыл бұрын
Sabin Merci ku mettant les choses au clair 👌Ntabwo Boite de nuit, arimubyaha, nabajyayo ntabwo ikibajyana ari kimwe, nikimwe nabajya mubyumba by amasengesho, ntabwo Bose baba bagiye gusenga, Gusa ababarokore barabeshya 🤷♀️ il faut assumé, kugeza ubu à la fin ntakintu kizima numvise 😏🤔
Ese ubundi ni nde wababwiye ko dukeneye ayo marorerwa baba baraciyemo mujye mujya kubivugira nu nsengero.Aha twe tuba dushaka kwisekera cg kumenya ibindi tutazi bifite akamaro ...
@mgkaribu45723 жыл бұрын
ESE SABin NIWOWE UBAHAMGARA cyangwa baguhamagara kutwiyereka
@spgeneralsupply30293 жыл бұрын
Ndakwemeye
@lydian57623 жыл бұрын
je me demande ndibaza!
@iriiriho53683 жыл бұрын
Ni bo bamusaba micro pe
@kangondo74743 жыл бұрын
@@iriiriho5368 bunguka iki? Publicity?
@kangondo74743 жыл бұрын
Uko dusabwa kwirinda abana bonse amashereka ya genocide, ni ukubwira abana bacu bakajya bagendera kure abana bindaya, zikorera publicity mucyayenge.
@umuhozafreddy94333 жыл бұрын
Ukwiye kwirundumurira mu mana Jose cyane kuruta ibindi byose nibwo uzahindurirwa amateka. ijambo ryimana rivuga NGO mushake ubwami bwimana no gukiranuka kwayo ibindi byose bizaba inyongera.nuguma muriyo NAyo izaguma muri woe ndetse no mubyo uzakora byose bizakubera byizaaaa. Ikindi kandi niba koko waragarutse mu gakiza,witegure ko ibintu byose ushobora guhura nabyo: ibibi uzabyihanganire kuko nibimwe mubizagukomeza,bikagutyaza,bikagutunganya ukazaba umuchristo ushikamye wubakitse neza, ibyiza nabyo uzabibona kuko kuba muri christo yesu biraryoha,bituma utabaho mubwoba,uhora wunva ko uko byagenda kose hari imana yawe.....ugira ibyiringiro bizima. Imana yo mwijuru ikomeze intabwe zawe Jose kdi mwuka wera aganze cyane mubuzima bwawe. Kandi nawe umuhe umwanya kugira akore. Bless u
@osmahofficial57283 жыл бұрын
Icyangombwa n'uko wahindutse, courage komeza inzira yo gukiranuka
@sebazungugilbert46783 жыл бұрын
Courage imana igukomeze murugendo
@Papalain3 жыл бұрын
Uyu yanyuze mu buraya agiye kw’igisha ubukristu. Imana yaragowe cyane
@umutoni16573 жыл бұрын
Nanjye byancanze aho yavuze aho. Yavuze ngo yaparitse ibyagakiza agiye muburaya ARONGERA ngo yari umusirikare wa Kristu ngo yaranabwirizaga ngo ibi bintu ubikorera iki???? Nigute wabwiriza abantu uziko biri bukwambure amafaranga? Yavuze ko yagiye muri ubwo buzima kubera ubuzima ibyo kubwiriza urumva atari ukwiyicira isoko? Ninko kwirukana abackients be????🤦🏾♀️🤦🏾♀️🤷🏾♀️ Inkuruze ntago zihura ariko icyo ntemeranya nacyo nukuvuga ko Imana ariyo yamujyanye mu buraya. Niyemere ko yaguye kandi ntakibazo kirimo twese turi abantu abari bumuseke araba ari abamarayika. Niwe wafashe icyo cyemezo nkuko yabyivugiye nishimiye ko yafashe nikindi cyo kubivamo. Nagerageze afate responsibility ntagire isoni twese dukeneye YESU.
@donnauwimana72083 жыл бұрын
Wa mudamu we urabeshyaaaa kd ntunazi kubeshya cyane kuko ubeshya bikaboneka ko utazi ibyuvuga
Sabe kujya uganiriza abantu benshi wazambabariye ukaganiriza abakobwa ba pastor serukiza sosthene uzaba ukoze,,,
@oliviernkurunzizabrd81983 жыл бұрын
Hhhh nshingiye kuri Commts ikiganiro mbaye nkiretse.Ark Sabin ngusabi Ntakubahwa nyir'Isimbi tv Dudu&Fille Uzogende kubasura tumenye Ubuzim Barim🙏🙏🙏🙏✔️.Imana igukomeze
@yvonnemugiraneza80653 жыл бұрын
Disi nanjye nibazaga uko byagenze nyuma yo kubafasha.ese baravuwe?
@espoirejane4463 жыл бұрын
Icyibazo cyiza ,nti amakuru bongeye kuduha wana
@macumisamson53713 жыл бұрын
Joselyne imana iguhe ivyabantu batarahinduka ntuze usubireyo muburaya kuko uri umugore mwiza wugutungana n umugabo witwa umufasha wa kanaka .umwaka uzobe warose umugabo atazwe n imana nayo yiyekane muri beshi.
@muhoziaimee6603 Жыл бұрын
Sabin uyu muntu wawe se ko yasubiye mu mwuga wuburaya asigaye akora Come Again n’ijoro arko ufite gahunda aramutahana cg agashaka Lodge so wakongera ukamuganiriza ukareba ko yabivamo kuko arahembwa.
Indaya mbaya ,nyakubahwa nkwisabire abantu nkaba bacabiranya ntacyo badufasha uretse ko bazageraho bakakwicira izina ksb,ndagusabye ubutaha ujye ubanza ushishoze wumve temoignage yabo mbere yuko ubazana imbere ya Camera .thx
@emmysmoothz3 жыл бұрын
This is unbelievable 😲🥺
@mwiharealoise60093 жыл бұрын
Biterwa nicyo imana ishaka kugukoresha
@kayitesialine62682 жыл бұрын
Tu t'imagines kuba waruri muri struggles nka ziriya ukajya kuba mu nzu ya 200k!!!!! Why not itajya kuba mu nzu iri kuri level yawe??? iyi story Harimo kubeshya kwinshi....
@vitalnara41863 жыл бұрын
Joselyne i encourage you and congratulate you. You are a strong and great lady. Evry zone cane fail every time. You have been very string. You can be a model of good behaviour in changement by praying. Thanks
Wamugorewe urabeshya weeee pupup uri ntabwenge ubwosuravugiki
@ephremngira19463 жыл бұрын
@@hopemukarukundo4457wamuganida
@gandi45113 жыл бұрын
Imana ikujyana mu bintu?? Ntusiguye neza. Ni yo yakujanye mu buraya ngo ni uko wayitako imiragwe??? Oya yarakuretse ukurikira irari ryawe. Sha sinzi uko Imana muyifata! Imana ni yo yaguhamagariye kuba indaya kugira ngo ubwirize indaya??? Muje mumbabarira. Gusa iherezo rya vyose, tuzoje tibuka kwihana.
@mindcleaner92903 жыл бұрын
Pole sana sis,,but nice step
@Richard-pb7mt3 жыл бұрын
Mwige ku giribanga Kandi iyo muri imbere za kamera mujyemugirumupaka mubyomuvuga mutandukanye I torero na Camera ariko ndagukunda Joselyne