Umva uyu muntu ni ubwo ntawabura kumwibaza ho gusa nta mutima w ubugome umurimo nicyo mukundiye ubundi ibya mzee bivemo ahubwo uzamwereke ko wabaye umugabo kdi birashoboka...kk kuba umugabo si kuba i burayi cg kuba umukire hari abaciriritse b Abagabo kurusha abiyita abakire.courage
@spgeneralsupply30294 жыл бұрын
Urakoze wowe wakoze like kuri comment yanjye .respects
@shamismith80832 жыл бұрын
Yego rwose ntabugome nabuke nubuhemu yifitemo n imfura mumagambo make
@annygandin49054 жыл бұрын
Jewe rwose ndunva Nepo arengana, ntako atagize gwahindure ubuzima ariko nti vya muhiriye, kuva akiriho aracyafite amahirwe, nta wamenya nimba ari burayi wenda azajayo. Nepo rwose senga Imana izaguhe Iherezo ryiza.
@gagedamoursarusaru80794 жыл бұрын
Ntitukurenganya warashakishaga mubuzima ni essaie-erreur❤️
@bridgettekumbika97764 жыл бұрын
Wowe wagendeye ku mahirwe cg umugisha w'abandi Kdi buri wese abafite umugisha we yagenewe, ntawurira umugisha w'uwundi mwana
@She.Blessed_4 жыл бұрын
Sha ntamuntu ugomba kukurenganya! Kuko wabuze ukwigisha uko ubuzima bushushanywa kdi ubura uguha inama nyazo kdi ubura surtout umuntu nyawe wizerwa ngo akuyobore! Naho ubundi abanyarda n abatesi cyane kuko ngibazi ukuntu ubuzima bukomeye kdi ikindi mu Rwanda abantu bakundaga kwigaya, ariko muyandi mahanga abantu ni Banyamwigendaho cyane! Sha courage Papa wawe azakubabarire pe! Kuko uko mbyumva yifuzaga ko wazagira avenir nziza nkiyo yakabaye yariyifurije!
@jonasnshimiyimana73624 жыл бұрын
Komera cyane brother!Ndabona ufite ubwenge cyane kabisa nubwo ibyo bitakunze uzagera kuri byinshi
Kibihekane ntabwo mwigaga da mwabaga muri mugasiza ndetse muhora hanze yikigo nange nize i rambura fille , anway ntamwana muto nkawe wagombaga kujya mu burusia ugahiga inoti ariko ntuhashake uwo murusiyakazi !!! Ihagane wahakuy experience
@yesuarajenimwezwe93034 жыл бұрын
Pole kabisa ,ariko bambe ntako uwomu Oncle wawe atari yakugoragoje yifuza ko waba umugabo ukiteza imbere ,numuryango wawe ukabyungukiramo.Komera ubwo shakira aho mu Rwanda
amafaranga atarayawe koko uba utazi ukoavuna,uriumusongarere sana,warikubwira umugore uti tujye ku ishyamba cyanda ahantu aharihohose uburusiya ni bunini wari hamwe numurusiya,wari kujya kubaho prmitive life ukaba umurusiya uwumukene ugahinga
@dieumercikamana68373 жыл бұрын
Conseil ya ule Nepo ajikaze sana alombe uruma sana kwa oncle wake,kwaju alimutafutiyaka maisha ya mzuri ya masomo mais alipeda mwanamuke akasahabu future yake.India na Russia haiko faci ya kutafutiya maisha.surtout vous Rwandaise, mukuwe munatuma watoto ku Ma University za Europe na North America. Ok
Inkuru iryoooooshe ariko ikababaza maana nepo papa wawe ntako atari yagufashije disi sawa ukomere turagukunda 😍😍😍
@afrodiaspora23 Жыл бұрын
Merci beaucoup Imana ntaho itakura umuntu ubu nageze mubufransa namaze guhabwa 10ans yo gutura Mwarakoze famille ari bo inkuru yanjye yigishije burya ngo diplome yambere ni echec
@Jeanny5294 жыл бұрын
Ndasetse ndapfa bigeze ahi uwo murusiyakazi yavuze ngo afite umwana😂 Ikindi ngo yari atarasambana🤣 Nta experience yari afite disi. Reka nkomeze ndebe ikiganiro😍
@benardpaul12714 жыл бұрын
Nikanjye kuva vutse si ndaryamana numukobwa
@janebirungi46644 жыл бұрын
@@benardpaul1271😂😂😂
@mamanjesus19954 жыл бұрын
Ariko burya ntawe udakosa kandi gusambana si intego kuri buriwese
Mu buzima si byiza gufata ibyemezo ku buzima bwawe uyobowe n'amarangamutima. Isomo nuko buri wese yakora icyo ashoboye mu buzima. Uri umuhanga mw'ishuli komeza wige, uzi imyuga yikore uzi gushabika curuza . Buri wese agomba gukoresha i nema yahawe. Wigana ingendo y'undi ugacumbagira. Nguko uko nagiye Uganda. Sijye wahera.
@joandjo91824 жыл бұрын
Ikindi numvise uwo mutype waguhaye pass yaragupangiye hakurya ibihumbi 200 iwe kuki Atari yaragiye UE ko yari azi ko bishoboka Kandi abona aho muri nta kigenda?
@maurice77554 жыл бұрын
Uzishyure ayo ma frws kuri oncle wawe ! Naho umurusiya ararengana
Nibyo ariko pe,ntaho utanyagirirwa, rwose uwibwirako kujya hanze ari amakiriro amenyeko no kuhapfira yahapfira. hari abahatesekera n abahabera byo kuhaba ariko ukuri ni uko gukirira hanze rwose biraruhije pe iyo ubigereranyije n ibyo muri Afrika, biroroshye kugira inzu yawe muri Afrika kurush kuyigira hanze kuko ho ushobora kuyishyura imyaka mirongo ku nguzanyo ukarinda unapfa utayirangije abana bawe bakaba bakomerezaho. hanze rwose wahajya uhasura ariko ukuri guhari ni uko byoroshye gukirira muri Afrika kurusha hanze ntimuzashukwe n abifotoza cg n abazungu baza hano ngo mubabonemo amafaranga kuko rwose ntayo bafite ni utwo baba barabitse gahoro gahoro ngo bazatembere nibasaza ari nayo mpamvu benshi mu bakerarugendo mubona baba bakuzeho cg bazanywe n umuryango runaka, rwose abazungu barakennye mu bihugu byabo muri rusange nuko biriza amakuru y ibinyoma ku ma TV yabo kandi akaba ariyo mureba naho ubundi mucengeye mukareba kuri buri kano mwabyibonera kuko rwose hari amamiliyoni y abazungu utasangana n igihumbi cy idolari kuri compte nako nayo ni menshi.