Mana yanjye ibi ko bikabije koko😢Imana ikube hafi wa mugabo we kuko warababaye pe. Gusa sinarangiza ntakubwiyeko warufie ikibuno gisa neza burya si benshi bagira uruhu rwiza ku kibuno none ndebera abo bagome ukuntu bakugize koko. Pole sana bro
@kalimbaedouard825011 ай бұрын
Ubwo nturi umwe muri babandi? Ahhh
@BahigaAline11 ай бұрын
😂😂
@nunuuali531611 ай бұрын
@@kalimbaedouard8250 ndarengana hahahahahah
@rwandayacurwandayacu453411 ай бұрын
Uhagarariwe ningwe aravoma Aba bakubita abanyururu ni abakozi ba leta
Hashimirwe Dr niyitegeka theoneste wambuwe ubumuntu bwe ariko we akabuha abatabufite n abatabugirirwa ,,,harya abagaburiwe n abagaburiraga amacupa aseye abagororwa bo si abanyarda??,harya David watwikiwe ibirenge muri continaire I remera kubwa Rosa kabuye nabyo nta rwego rubizi ,?!!harya ubu guhana kayumba ugasiga ibingira I kibeho na sezibera mu buvumo bwa kinigi ni ubutabera cg ni ikimwaro??
@d1btv4876 ай бұрын
Oooh 😢😢😢😢
@HagenimanaAnaclet7 ай бұрын
Aha Ibibera ahihishe biragoyepe nubugome ndengakamere😂
Hoya pe biteye ubwoba pe niba koko barabikoze bazabihanirwe
@Uw8111 ай бұрын
Si soni kuri l'ETA kuba uyu mugabo yabari gusaba ubufasha hari uwamwangije kuvuga Ko Bari mubutabera ntibihagije .byakozwe numukozi wa l'ETA niyo yakabaye imuvuza inamufasha kubaho.ubundi Abo icyaha cyabahama agahabwa indishyi zakababaro .
@niyoyitafrancois222711 ай бұрын
Bamuzizaga iki konubundi yarafunze?
@Hhhhhjjdd11 ай бұрын
Uyu kwisimbi ntiyahagera!!!nikwa Sabin na Dr Murangira
@urujenichristine550711 ай бұрын
Aliko iyo abantu bakubita undi , bo baba bunva ko na mubili bafite 😢 birababaje pee basebya igihugu
@kagoma198611 ай бұрын
Ndumiwe bavandi. Ubunyamaswa ntiburashira mu banyarwanda. Ariko aba babikora bishingikirije nde cg iki?
@mutegarugorivanessa655611 ай бұрын
Birarense
@MugenziJeanbosco-mh9jp11 ай бұрын
Reka nkubwire uwayezu we ntibitunguranye kuko ibyo yakoreye abafungwa kuri gereza ya rwamagana security officer birarenze
@BigaboJustin11 ай бұрын
Pole nimwisi
@Nyaburyaofficial21711 ай бұрын
Polle cyane bro
@COCO-qp3le11 ай бұрын
Uno musore n'umuhanga nubwo umubaza atoroshye abaza ashyiramo imitego
Jp mwimurenganya aba ashaka gukoresha neza igihe, kuko hari abantu turondogora tukangiza igihe kandi siwe uba uri bwakirwe umunsi wose, don't blame him its matter of time management❤ ndabakunda