Hari ikintu nifuza kumenya ese Bibiliya twizere ibirimo dushingiye kuki? ni iki cyemeza ko ibirimo bikwiye gukurikizwa uko biri ? Isabato kuyubahiriza bimarira iki umuntu mubuzima?
@ndihokubwayojoshua18673 жыл бұрын
Ntabwo wabisobanukirwa
@JB-hz6we3 жыл бұрын
Yesaya 56:2-7, 58:11-14
@Rwanda.9606 жыл бұрын
Hoya,isabato y'umunsi yashushanyaga ikiruhuko twagombaga kubona muri kristo yesu (abaheburayo 4) bana b'Imana dusome bibilya bitari nk'uko dusoma ibitabo by'amateka, bitabaye ibyo, bizatuma duhugira mu bitakiri ngombwa aho gutumbira umusaraba!!!EMMANUEL iyo sabato ushobora kuyiruhuka nk'uko byanditswe muri bibilya yawe?????
@habiyakareemmy9495 жыл бұрын
byajyaga kuba byiza iyo wandika ibyo wasomye kurenza ibyo witekerereza