Scovia wacu uziko hari nabajya mu kizamini bagifite kandi ngo ari system noneho ubu uratsinda hashira igihe ugasanga amanota warufite kandi waratsinze yarahindutse iki cyo ndakizineza kuko umuntu tubana murugo biri kumubaho yatsinze ikizamini cyo mu burezi yari yagize 79 ubu asigaranye 76.13 yari kumwanya 189 ubu ageze kuwa 214
😂😂😂😂😂😂😂😅😅😅 ariko scovia koko 🤩 wowe na Sam sinarara ntabarebye pe ❤❤ Gusa akazi Mukora turagashima ibyuvuga nukuri pe nubwo ushyiramo Comedy 🎭 ur just amazing 😻
Ninde wumvise akantu kumupagani uri munsi yumukandara
@ingabirejenny79220 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂
@shaloomishimwe336619 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂numupagani koko
@Nshunguyinka12 күн бұрын
Ndakwemera peee,.............
@ghfdbhjs436719 күн бұрын
Ko bareba abatujuje ibyangombwa mu burezi no mu baganga n ahandi kuki batajya no mu mahoteri n abakozi baho I bumvise ko hari impamyabumenyi ufite baraguhiga mpaka bakwirukanishije ubwo kwishyura Leta bizatugora cyane kandi tuba twifuza kwishyura ayo batugurije uzabidufashemo n Imana izagushyigikira ku bw umurimo udukorera wo kutuvugira urakoze cyane
@KezimanaPaul20 күн бұрын
Mutesi we, reta yigeze kuvuga ko umuntu akora muri hotel hagomba kugenderwa kuma diplome, ariko ubu turashomereye akazi twagatwawe nizo nyashu , nta na nursery bafite, twarabitse bachelor degree muma valise, birababaje
Scovia niba ushaka kumenya aho uburaya bukorerwa uzabaze bamwe mu bakobwa bitabiriye tour du Rwanda uzumirwa , no mu mirimo myinshi abagore n'abakobwa bayirimo barasambana kugira ngo barambe mu kazi
@GraceLifeline-hn3ge20 күн бұрын
Scovia, urumubyeyi mwiza kbx ukomeje kuba umuvugizi kabana bu Urwanda.
@engineerzuburyonigihe20 күн бұрын
Scovia wowe, bazankumpere umwanya mu ijwi rya Rubanda. Ukwiye rwose kuvugira abatagira kivugira. Ngushimiye ukuntu wahagaze neza kurusha Munsenyeri wagombaga kuba avugira abanyamadini ariko ukamurusha kugaragaza ikibazo abaturage bagize. Narushijeho kugukunda pe. Nkunda abantu bavuga ukuri batitaye ku kuba abo babwira ari abanyagitsure.
Nabaye manager ahantu ariko Boss yahaga akazi umukobwa aruko babanje kuryamana yarafite ama rodge niho yabasambanyirizaga niwe wiyangarijaga abakozi
@rebeccauwagirinka897515 күн бұрын
SCOVIA we uzi ko ngo bene utwo tubari tuba ari utw'ibikomerezwa ? Abo bakobwa wasanga baba babakangishije ko ntaho barega kuko usanga abo ba manager baba babiziranyeho na bamwe bo mu nzego baregera cyangwa se abakire bigererayo. Numvise abantu babiganira sinabihagazeho,Ariko nabyo bazabikoreho iperereza. Ngo i kigali izo nzu zirahari nyinshi .
Maman Rwagasabo! We love you so much ariko va muntambara yabagabo. Abagabo bagomba kurongora nimana yabikoze ibaremera n'igitsinagore. Ntawabibabuza rero dore ko nabo bakobwa ntacyo baba ahubwo abagabo barabafasha mumibereho ya buri munsi
@josephinemukanoheli416620 күн бұрын
Uzabyumva neza abaye ari umukobwa wabyaye usanze abagabo bari kumusimburanaho abagabo mujye murya ibigabuye apana kururumbira byose ngo nuko biribwa
@Esther-yc2qf19 күн бұрын
Birababaje niba ugitekereza utyo 😢! Kuko umugabo Imana yamuremeye umugore umwe, none ni inde wabahaye uburenganzira bwo kurenga inzira kugeza baryamanye n'abagore b'abandi? Uzabyumva neza umunsi umukobwa wawe wamusanze ari intere bamwandagaje hafi kubura umwuka. None ngo babafasha mu buzima bwa buri munsi 😢!! Ahubwo babicira ubuzima bw'ejo hazaza.
Scovia we nzambura ukonkwita pe kubera kugukunda muzatunge itoroshi normalize yabagore muzumirwa uko batoranwa ngobakinire igihugu cangwa amarushyanwa runaka!!!!!!!
@engineerzuburyonigihe19 күн бұрын
Ese Scovi, waba ujya ubasha kwibaza icyo bivuze kuba indirimbo nyinshi, videos, zishyirwamo abakobwa bambaye ubusa? Ese buriya ziriya ndirimbo aba ati izabo? Kuki bo ubwabo batumva ko bitabakwiriye? Cg nibura bagashingira ku kuba abo babyinana b'igitsina gabo, bo, batiyambitse ubusa? Hati ibiba ku bantu babihisemo. So, bene abo, inzego ntizikwiye kwivanga mu byabo. Cyane cyane iyo banyirabyo badatatse.
Ndagukunda scovia ibyamahoteri uvuga nibyo nabakoze ishyano bakaduhenda u bwenge baguha kontaro yamezi atatu mumyaka itatu igashira uri mururwo 😢😢
@UwaseAdeline-fs2xt19 күн бұрын
Nukuri uvuga ukuri pee Mama Urwasabo.
@DanielIrankunda-j7p19 күн бұрын
Samu wee ngo nimana mubantu
@ndemezoemmanuel435120 күн бұрын
Imbeba ninjangwe Murusengero koko ubikuyehe? Ugira udukuru twiza gusa
@KarekeziOlivier-fi9fn20 күн бұрын
Scovie byihorere Sha ntuzi itonesha riba muri aka kazi dukora imishara itangana ibindi byo sinabivugira aha
@ShemaBertrand-si1nh20 күн бұрын
Nabakobwa bari hanze aha ntiboroshye pe
@mukashyakasakina59020 күн бұрын
Uzarebe haruwubazwa izina rya company akaba atsinze interview 😂😂😂😂
@muhorakeyeclaudine940620 күн бұрын
Mubishoboye liquor store mwazifunga cyeretse ifite ibyangombwa byemewe...basigaye bafite umuco mubi utari uwa banyarwanda basigaye bategera abantu mu biryo no munzoga basica abantu Scovia ubikurikirane leta ndayizera ice ako ako kajagari