@@peacehope304ahubwo niwe cne.mbese Imana ntireba mu mutima?
@AyinkamiyeClaudette-li6iw4 күн бұрын
Ese kuba umwana mwiza ukamufasha hazamo ko kumufasha kuba umupfumu?nibwo nkitangira ikiganiro cyawe ariko ukeneye agakiza ugahura na Yesu neza,ikindi Imana ivubira imvura ababi n'abeza.Gufashwa cne ntibyabuza ubugingo kurimbuka.Dushake Imana kirushaho ibizaza byose tuzanyurwa
@Abumuhamdshia1213 күн бұрын
JYA UGIRA IDINI UBARIZWAMO, UBITEWE N' UKURI WAYIBONYEMO❤ APANA KUGENDERA KU BUFASHA BAGUHAYE!!!
@jeannekamuhanda792612 күн бұрын
Hari benshi bajya mu madini atari uko bashaka agakiza, ahubwo bashaka amafranga n'imibereho
@Abumuhamdshia1212 күн бұрын
@@jeannekamuhanda7926 nibyo
@nzarorazawadi17918 күн бұрын
Gusa muvandimwe kirazira kikaziririzwa mu bu islam kuvuga uwo mwashakanye cyane noneho kuvuga uwapfuye kirazira Niyo yaguhemukira wirinda kongera kumuvuga NTA muri I slam kugirira ibanga abawe nawe Imana izakigirira ibanga Niyo nama naguha
@christella509213 күн бұрын
Ivyumuniri vyovyo biruzuye mubanyamahanga niwemera ugatanga ubugingo bwawe ivyisi uzoyora ariko birahera ati abasilamu nibo bangiriye akamaro??bivuze ati Yesu warukurikiye umugujije nivyo abasilamu baguhaye??
Karibu mubyeyi kandi nshuti ya Yesu.bishyire hanze kuko batwihishemo ko bajya mw ijuru.ahubwose abo ba pasteur bimigwira bakwegereye abagihagaze tukabasengera? Komeza wiyambarire utyo ntacyo bitwaye Imana nabantu kuko bo basigaye biyambika ubusa ngo Imana ireba mu mutima
@cecileuwimana81495 күн бұрын
Nonese umukozi wo murugo ibyo afite sibyo ufite umupagani wese ni umupagani
@IgisaAnge13 күн бұрын
Ariko abanyamakuru namwe hhh, ko dukurikiye ubuhamya bwe ugasanga ntaho yiyama aba Pasteri kazi 2:35
@doro219713 күн бұрын
Ubwo mumaji n umuvumo wa YAKOBO ajya kuva kwa nyirarume RABANI ,nyirarume wa YAKOBO akaba na Se w abagore be bombi( LEA na RACHELI URUKUNDO RW UKULI RWA YAKOBO, YAKOREYE NYIRARUME IMYAKA 7 KUGIRA NGO ABONE KUMUMUHA NK UMUGORE WE )
Mufumukazi ntabwo yabana na mupastori bikunde Kandi kuba mufumu is a satanic gift.Imana igufashye uakire agakiza muri Yesu Kirisitu kubera shitani aracyakukoreshya rwose uri intumwa ya shitani.
Arko abo bakozi b,Imana ntabwo Ari abantu,ntabwo bambaye umubiri kuki kubandagaza mwumva biryoshye cyane erega ni abantu
@Nina123584 күн бұрын
Bajya kwa Bayari! Ubutetsi bwimitwe
@user-nj4ey8jg8d4 күн бұрын
@@Nina12358 utarakora icyaha ajye abatera amabuye dore ikibishe ni uko mwumva ko Ari abatagatifu kdi bafashe igihe mu ntambara nkatwe twese no who shitani nayo ikababaga nta kinya gusa ikiza twazajya tubasabira aho gusakuza amafuti yabo nibyo byiza
@doro219713 күн бұрын
Hhhh nigeze gucumbikira umuryango ugizwe n umugabo umugore n abana batatu ,biza kuba ngombwa ko mbatunga kulibyose kugeza no kumyambaro ,umugore ahora muli jeunes zudashira ,umugabo ariwe ucaracara mutulimo twose twose kugeza no kumesera umugore n abakobwabe imyenda yimbere ,burantungura cyane ,umugore agahora ambwira ngo ibyo yanyeretsweho kandi ibyo akora bisa n umubupfumu .Byanteye kwibaza kubyo bita iyerekwa namabonekerwa ,bimaze kundambira ndamubwira nti ujye ubyigumanira ,nti tutaraza mu Rwanda hali umurokore nawe wanyibanzeho anzanira ngo ubutimwa ,nti naramubwiye nti uzabwire iyo MANA ikuntumaho ko ntali intare ko ntaryana nti Izaze inyibwilire ,abo bavandimwe baje kwurukanwa n abana bo bibwira ko ntabibona ,kuko nunvaga mbabariye abana abandi bakibwira ko ndi ikigoryi .Twe tujye dukorera bagenzi bacu icyo turuzi ko kigomba ibindi nibyabo n IMANA babeshya bibwira ko barusha abandi ubwenge ,n ubucakura bubi bitwaza amasengesho, mbese Bibiliya yabaye igicuruzwa ,kandi byose bazabibazwa pe .Komera inshuti y IMANA, gusenyera shitani nukuyishyira ahabona kuko itinya URUMULI NYARUMULI ,IKORERA MUMWIJIMA NUKUVUGA MUGISA N UKULI ( BATI UKULI KOSE NTIKUVUGWA KANDI IVANGILI Y URUKUNDO RW IMANA ITIBWIRA KO UKULI ALIKO KUZATUBATURA ,NUGENDERA MUKULI UKULI KUZAKULINDA .KOMERA