Umwuka ni iki⁉️⁉️⁉️⁉️ Yohana 6: 63 Yesu atinamagambo mbabwiye niyo MWUKA kandi niyo bugingo Benshi mu bapentecoste mwibeshya ku MWUKA Abadivantiste mwebwe mubarusha kuzura umwuka? Noooo
@AntoineMuhirwa9 ай бұрын
@@bryanbron4920 Buri kintu cyiba ku isi kigira impande ebyiri: urwiza n'urubi. Ari Abapantekote bafite ibyo batazi batageraho ariko hari n'ibindi byinshi byiza bafite. Ari n'Abadive n'abo ni uko. Uyu mwuka wo gushaka kujya mu mpaka buri gihe uba mu Badive uva kuri Satani. Ugende usenge Imana uyisabe kuguhishurira ibyiza by'Abapantekote ndetse n' ubugoryi bw'Abadive. Nyuma yaho nibwo uzavamo Umukirisitu mwiza. Naho guhora wumva gusa ko Abadive ariryo dini ryonyine rizina ni ikosa rikomeye.
@AntoineMuhirwa9 ай бұрын
@@joinustv2375 Hari byinshi Abapantekote bazi Abadive batazi. Hari na byinshi Abadive bazi, Abapantekote batazi. Dusabe Imana kuduhishurira ukuri. Kandi ukuri kuva mu Mana ntabwo kuva mu kidive. Ikidive ni idini nk'ayandi yose. Rigira amafuti nk'ay'abandi bose bagira.
Bwana Claude urarimbuka useka? Ntabwo ibyo uvuga ari inyigisho z'abadventiste . Ni inyigisho ya Biblia.Ni amagambo Imana yivuiye ubwayo. Ntabwo amategeko y'Imana ari ayo kuvuga duseka mu gihe tuyakerensa.
@LouiseFaith9 ай бұрын
Pastor Ntutinde kugaruka ntabwo wakeza Abami babiri ngo Uruhuke Isabato n'Icyumweru umunsi w'izuba. Kubimenya ntibihagije ubwawe urabizi noneho bisyire mu bikorwa. Abo banyamwuka bagukuruye ni Satani wagufatiranye mu gahinda,ahita agukurura ugezemo Arakuzamura mu ntera kandi n'umubeshyi
uko biri kose ukeneye kongera gutuza ukibuka ubutumwa bwiza wabwirijwe. kuko nubu aho uri ntabwo uhafitiye amahoro. Ukeneye kubaka kuri rutare ukagira amahoro níbyiringiro by ubugingo buhoraho