urabaza igiciro cyo gufata amasomo ya relationships? ubundi ni 500,000 kuri course yose, harimo ibikenerwa kwiga byose, ndetse na coffee break, na certificat …ariko hari ubundi buryo butandukanye bwo kwiahyura hari rwose nukuntu wabigenza ukiga nta mafaranga akuvuye mu mufuka…thrabaha amakuru yose arambuye vuba aha
Ikiganiro cyiza cyane. Murakoze Sabin na Hubert umutumirwa. Imana ibahe umugisha. Umuryango mwiza ni ishingiro rya byose pe. Ku bw'amahirwe macye nkibonye nyuma aya masomo yiswe "Mastering relationship programm yararangiye". Ese ntabwo bizagaruka mu kindi gihe? Nibishoboka Yaduha numero ze tukazamushaka byumwihariko.
@charlottefuraha7108 Жыл бұрын
Iyo mwasezeranye ibavanga mutungo Umufasha kwishyura ni myenda umusanganye.
Hubert kora ubuvugizi habeho aba councelors benshi nizo campain wavuze zukorwe abantu babagane nibura abo muzafasha nibimenya bazabasha kumenya compatibility zabo; naho ubundi some mariages hanze aha ni ikibazo biteye agahinda😭. Just due to lack of knowing who you you are and who to live with for the rest of life
Sabin je ne suis pas d'accord avec toi à ce point, uhakanye numuntu afite crédit Kandi yarabibwiye mbere Yuko mubana mwarangiza mu kavanga umutungo iyo crédit muba muyifatanyije mwembi sinon umuretse ngo yishyure wenyine haba hajemo égoïsme,à moins que mwaba mutaravanze umutungo %
@mkshyaka Жыл бұрын
Watching as the baby comes out is wring doctors shouldn’t allow it. Husband should be there to hold hand and support but not watch. I couldn’t do it without him holding me, it gave me courage. He was scared but so was I.
@francoisenadacyayisaba847 Жыл бұрын
Congratulations
@emelynendikumwenayo9579 Жыл бұрын
Vyukuri ntamuhinga wiyi si hari nabavyaye benshi ariko babapfushij Bose , nukuri nkunda ibiganiro vyisimbi tv, ariko iki co kije gukora munkovu ababaye nkumpande zitandukanye pe ,nyakubahwa wagize amahirwe kugira urugo rwiza, ariko da wagonvye gutahura ko abisanze mumakuba ataruko bari bayakunze mugenzi
@uwizeyeliliane450211 ай бұрын
Imitima yabantu irarushye mwabantu mwe
@HubertSugira11 ай бұрын
yego hari abantu benshi bananiwe, ariko ikiza ni uko hariho ibisubizo
@mukashingirogaudencedarlen108611 ай бұрын
thank you Sabin to invite this intelligent man
@HubertSugira11 ай бұрын
thank for listening
@uyisengachantal3452 Жыл бұрын
Uvuze ukunu wanyoye vinegre nibuka ukunu nange nahurudutse nkankwa amavuta nkagotomera ngirango ni juice irimukabido hhhhhhh