Yezu yabwiye intumwa ze ati yohani yabatirishije amazi nahomwebwe muzabatirizwa muri Rohomutagatifu nyuma yi iminsi mikeya, ibyakozwe ni Intumwa1:5.
@nyiranzabahimanafrotine79862 жыл бұрын
Murakoze cnee ndasobanukiwe Icyangombwa si mumazi manshi cg amake ikingenzi ni kuri Roho
@gervaisniyitanga82092 жыл бұрын
Urakoze cyane padi komeza uduhugure
@bajenezasolange14652 жыл бұрын
Yohani yabwiye rubanda ati njye mbabatirisha amazi , ariko haje undusha ububasha sinkwiye no gupfundura udushumitwe , we azabatiriza muri Roho Mutagatifu nu umuriro.
@ndayishimiyeprosper16712 жыл бұрын
Murakoze Padiri. Binyumvishije ko ari kubushake bw'Imana akenshi n'inshuro nyishi dukira; yewe twe twaba twabigizemo ubushake cg s tutabigizemo ubushake(Etat ikaza ikakugeraho,ukayinyuramo utabizi). Aho ni kubana bato ; ariko kandi Hari uwagusiganuza ngo Yesu yaravuze ati ABAZEMERA MUZABABATIZE, bakaba bakomerezaho bati uwemera aba amaze kungana gutya, .... cg se bakaba bagena n'imyaka.......! Sinzi bavandimwe uko ni kwakugarukira kumubiri gusa! Yesu mpamya ko aho atagennye urugero ikiremwa muntu kizaba kigezeho ngo gikizwe icyaha cy'inkomoko(ngo kibatizwe); twaba tumubeshyeye ahubwo le contraire ni muri context yo kuvuga abazababera ibirumbo''execuse wenda kuba naba nkoresheje iyo mvugo'' ; abazabihakana cg se n'abazabarwanya muzabareke;aho ni kubazaba bamaze kugira umutimana ukuze birumvikana ! Kandi koko Njye ntakeneye Uwo mukiro ntiwambatiza ku ngufu. Bigasa na hahandi Yezu agira ati ''mugende mwamamaze inkuru nziza muva murugo ,agakomeza ati ''Luka9,1..... na Matayo10,14......Naho abatazabakira, nimujya kuva mu mugi wabo, muzakungute umukungugu wo ku birenge byanyu, bibe ikimenyetso cy'uko bahemutse ! Murakoze!