PADIRI THEOPHILE:NI IKI TWABWIRA ABIRIRWA BASEBYA PAPA FRANCIS NA KILIZYA KU NGINGO Y'UBUTINGANYI ?

  Рет қаралды 4,146

Emmy Pro Media

Emmy Pro Media

Күн бұрын

Пікірлер: 68
@ROCinRwanda
@ROCinRwanda Күн бұрын
Abasebya Umwepiskopi wa Roma si Abakristo. YEZU yabwiye intumwa ati "Ab'Isi nibabanga, bazaba ari jye banze mbere."
@bonaventurebarayavuga9211
@bonaventurebarayavuga9211 22 сағат бұрын
Kubeshya ni kubi papa yemeje ibyo bintu byo gutanga umugisha twaba tugeze kurwego rwa sodoma n'Igomora kuko icyaha cy'ubutinganyi kiri mubyatumye Imana irimbura iriya mijyi pe !! Padiri Theophile turamukunda cyane rwose by'umwihariko twe nk'abakristu Gatolika
@maniratungageorge6797
@maniratungageorge6797 19 сағат бұрын
Ntabwoba jewe fitiye Église Catholique niya Yezu rero ivyo bihusi ntaco bizayigira pe❤🎉Papa François tukomeze tumusabire
@epiphaniebatalingaya9232
@epiphaniebatalingaya9232 18 сағат бұрын
Yezu bamwangiye iki? Ko asangira n’abanyabyaha. Ariko ni bangahe bahindutse kubera kutabacira urubanza???? Read well your Bible 🙏🏾
@AalonKuraduseng
@AalonKuraduseng 6 сағат бұрын
Nibyiza Emmy kuba utunariza Padri akadufasha gusobanukirwa.
@Emmanuel-m6q
@Emmanuel-m6q Күн бұрын
Hello dukomeje kugushira kumurimo udukorera ariko nagusabaga amashusho aba agaragara kuri screan ajye aba Ariyo agaragara mukiganiro.ikindi jyugerageza kuzamura akavorime kuko biba bivuga gake
@NzamwitaJeanbosco-d4o
@NzamwitaJeanbosco-d4o Күн бұрын
Padiri areke ibinyoma ibyo papa yemera nawe arabyemera ubworero bose nibamwe bareke uburozi bwi kinyoma baha abantu Imana nabwo bajya kuyiga ahubwo irakwihishurira ukayimenya hanyuma ukayoborwa nu mwuka wera n, Ijambo ryayo padiri ibyo amvuga nibitekerezo bye na marangamutima nibyo yize ibyo ntacyo bamarira abantu bashaka agakiza ahubwo arabayobya uzadutumirire pst musisi nawe
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
Muvandimwe, gusobanura Ijambo ry'Imana ntaho byahawe abantu bose. Gatulika nabayiyibora bazagura ingorane muri iki gihe kuko basobanura Ijambo ry'Imana nabi bahengamiye mubyo bahibye bitari mubutumwa bwiza, bitari no munkingi zo kwizera. Ubutumwa bwiza bukomezwa namagambo makuru makuru agenga isezerano rishya Imana ifitanye nabantu. Rero abab bapadiri bage basobanura nitonze kuko abantu benshi barajijutse ntago tukiri muri cyagihe gatulika yari yarabujije abantu bose gusoma Bibiliya. Ntaho tukiri muri cyagihe wahishurirwaga, Papa agahita agucura urubanza, ugatwikwa. Rero abantu badasoma Kandi Imana ikabaha guhishurwa no kiyimenya. Imana ntago yigwa, Imana irayikunda, ukagira inyota yo kuyimenya, watangira kujya usoma ibyayo, ikaguha kuyimenya. Kumenya Imana nibwo bwemge kandi Kuva mubyaha niko kujijuka.
@justinmuhindomussa7942
@justinmuhindomussa7942 11 сағат бұрын
Ni anga abantu b'injiji rwose, mwagiye mutega amatwi mukagira byibuze na level y'imyumvire. Yazu akumurikire wumve neza ubusibanuro bwuzuye ubuhanga no gusobanukirwe ibyo Papa ashaka gusobanura.
@theophilebyukusenge4393
@theophilebyukusenge4393 9 сағат бұрын
Kombona c ,uciye urubanza hakiri kare Imana izaca uruhe ,ntungane we ,wowe kuko biragara ko urintungane ,ahubwo nawe twigishe ubutungane
@theophilebyukusenge4393
@theophilebyukusenge4393 8 сағат бұрын
​@@Emma-qe7ql ese wowe ntungane we,ibyo wizeye byawe byibuze washoboye kubikurikiza nimba aba kiriziya twarayobye ,wasanga utari urugero rwiza muri societe ubamo Nako nari nibagiwe ko urintungane wowe,Ibyo padiri asobanuye bidasobanutse nibihe,ese nkubaze ko Bibiriya ivuga ko urebye Umugore wundi akamwifuza aba yasambanye nawe,ese uwasambanye nawe ibyanyabyo bazaba bameze kimwe neza neza 100% Ese ko Abadivantiste bumunsi7 Badashobora gushyingira umuntu ufite Inda ,ariko uwayikuyemo kugirango batamwangira kumushyingira nibo baba bakoze byiza kotuzi kobazigusoma Bibiliya cyane ?nsubiza mbe ntungane we
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 8 сағат бұрын
@@theophilebyukusenge4393 Rero byasaba ko umuntu afata umwanya akakwigisha Ijambo ryitwa gukiranuka (ariryo mwita gutungana). Wowe nuko mutamenye ubutumwa bwa Yesu Kristo buhesha uwizeye wese gukiranuka. Gukiranuka ni ibintu bishoboka cyane ariko bishobokera uwizeye!! Rero umuntu akubwiye ko hariho inyigisho zubuyobe nuko ari inyigisho umuntu ahabwa, akazarinda apfa adahawe gukiranuka kwa Yesu. Ntaho rero ari uguhangana. Imana yatanze gukiranuka kwayo muri Kristo Yesu. Iyo umwizeye, nawe uhabwa uko gukiranuka!!
@prosperbizindavyi6156
@prosperbizindavyi6156 12 сағат бұрын
ntacobuza papa nabiwe badahezagira abadahezagirwa (abatinganyi)kuko tugeza mugihe c,iherezo yezu yavuze.Murasoma ivanjili ya matayo 24,37.Nico gituma abezwa boshishikara kwezwa,abiyanduza bacumura kuvyagezwe vy,Uwuhoraho nibigirankana biyanduze kuko nico gihe cabo.
@JonasHITIYAREMYE
@JonasHITIYAREMYE 9 сағат бұрын
Murakoze cyane Padiri,rwose iyi nyigisho yari ikenewe cyane dusobanukiwe ibyo biha gusobanura baharabika Papa n'a Kiliziya ; murakoze cyane.
@LoïcAkimana
@LoïcAkimana 6 сағат бұрын
Nureke kwirusha ekleziya numugeni wa kristu mukinda mugaramye,mukinda mwubitse inda ntimuzoyisenyura😂
@MukakimenyiMaria
@MukakimenyiMaria 7 сағат бұрын
Murakoze cyane Padiri gukura urujijo mu bantu barangwa no guhakana inyigisho za Kiriziya.Amen Amen.
@OlivierBandusha
@OlivierBandusha 8 сағат бұрын
Nzanwita weho uratinyuka ugatuka Padiri bamwe muzarws ibya Miriyamu nukuri , ibyo avuga ntabwo abedhe ntabwo kwemdra Yexu arimbaraga , none se utegereye umunyabyaha wa mubona ute ? Yezu ntabwo yasangiraga na banyabyaha ?
@umutonichance1685
@umutonichance1685 12 сағат бұрын
Mwitondere Papa franc kuko nintumwa yasatani kuko mwabonye ko agiye gushiraho ubumwe bwamadini kandi muririya nama aherutsemo mwabonye ko yabishimangiye rero mwiyobya abantu mwigishe ukuri nkuko kuri muri Bible
@UwayezuEugenie-c3s
@UwayezuEugenie-c3s 4 сағат бұрын
Sha uwo satani mwirirwa muha ijwi azabakoraho muri kiliziya ntabwoba bwa satani tugira kuko nta mbaraga idufiteho
@umutonichance1685
@umutonichance1685 13 сағат бұрын
Ikigihe giteye ubwoba aba biyita abapadiri nibo barikuyobya abantu usibye umwuka w'Imana uzanjya unjya kuribumwe akamenya ukuri naho bano bo barigukora Ibyo bazi na Papa suko atazi ko Ibyo yogisha aribinyoma ariko reba ibyo arimo gukora nkikintu agiye gukora ngo cyoguhuza amatorero akayahuriza hamwe ibibyo murabona bisobanuye iki? Niba murabanyabwenge ikintu ntikinjya kiba munjye mutegereza ubugira kabiri
@ritaparadienimusabe1622
@ritaparadienimusabe1622 21 сағат бұрын
Erega nimwamagane ubutinganyi mwivuye inyuma mureke gushyigikira iby'Imana yanga urunuka. Nimubigishe kubivamo aho kubabwira ngo tuzabaha umugisha.
@ndihokubwayofrancoise
@ndihokubwayofrancoise 8 сағат бұрын
Urakoze patiri ku nsiguro uduhaye ku bivurwa kuri Ekleziya ❤❤❤
@ritaparadienimusabe1622
@ritaparadienimusabe1622 21 сағат бұрын
Ese kuki ubu ari bwo bagaragarije abatonganyi impuhwe? Babuze kubigisha kuva kera none amazi yarenze inkombe ngo no babahe umugisha.
@bb-zp8nf
@bb-zp8nf Күн бұрын
Pope Francis aradusebya umuntu wi kuvuga ngo amadini yose atugeza kumana tuziko Yezu ariwe nzira yonyine
@UwimanaAimee-q3g
@UwimanaAimee-q3g Күн бұрын
Iyo dukoze icyitwa idini tuba dushaka lmana
@ritaparadienimusabe1622
@ritaparadienimusabe1622 20 сағат бұрын
Ahubwo uko muvuze byo kubaganiriza ni byiza koko kugira ngo babivemo. Mubasabire guhinduka.
@DominiqueSavioNIYIBIZI
@DominiqueSavioNIYIBIZI Күн бұрын
Padiri we, usobanuye neza rwose ku buryo bwa gikristu! Imana iguhe umugisha kandi izagushimire pe!
@UkurikiyeyezuClaudine
@UkurikiyeyezuClaudine 12 сағат бұрын
Yeeee mudufashe kiriziya barayisebya cyane musobanurire abantu
@WillermeHabonimana
@WillermeHabonimana Күн бұрын
Ace anadusigurira aha PAPA yavuze ngo ubutinganyi si icaha ariko ni igicumuro.
@WillermeHabonimana
@WillermeHabonimana Күн бұрын
Ndiko ndamukurikira patiri, nzoronk ivyo nishura abama batubaza ico kibazo
@mukantagengwamariepaul7224
@mukantagengwamariepaul7224 21 сағат бұрын
Nawe Emmy urakoze kumuduhamagarira NGO atujijure
@maniratungageorge6797
@maniratungageorge6797 18 сағат бұрын
Humura patiri wacu abantu tubona ibibi ivyiza ntavyo tubona 😂
@maniratungageorge6797
@maniratungageorge6797 19 сағат бұрын
Uvuze ukuri patiri wacu kiriziya irakomeye pe❤🎉
@TuyisengeWini
@TuyisengeWini Күн бұрын
Narwase ikiganiro cyanyu naTheo ndagukunda ni winny
@MutanganaJeanpaul-p3r
@MutanganaJeanpaul-p3r Күн бұрын
Irwanire nimbehe yawe PADI naho.😂😢 inyigisho ziroma nawe urabibonako zipfuye
@AnnemarieUwizeyimana
@AnnemarieUwizeyimana 23 сағат бұрын
Izidapfuye nizo mumadini ayahe ko bose ari bamwe ga ntuze?Abashinze amadini 'nabayashinga uyu munsi bose ni bamwe .Baje kurindagiza abatuye isi cane cane Africa yacu kandi babigezeho.Ni bagengende twarabamenye ko nta madini tubarizwamwo azotujana mw'iryo juru batubwira.
@LadisLadis-t3d
@LadisLadis-t3d 23 сағат бұрын
1. Muvandi ntanyigisho z' i Roma zibaho. Habaho kwigisha Ijambo ry' Imana, niba waraYimenye, niba waravyigishijwe, niba koko Imana Yaramutumye kukwigisha. Imiliyaridi 8 zituye isi zihagurukiye rimer zigashinga amadini, uwo si Umigambi w' Imana. Ni kimwe mwita akajagari. Amavuta Y' Uruhererekane Akomoka kuri Yezu, Akanyura kuri Petro, Agaca kuba Papa Bose babayeho, Ni Yo Yemewe. Abayasizwe Yezu Azobasaba Rapport kuko Yarabatumye. Abatayasizwe, nabo Azobasaba Rapport Yindi idasa n' iyo Abo Yatumye bazomuha. Reka rero kurindira ko Yezu Azokubwira ngo " " " Sindakuzi" " ". 2. Papa n' abamubanjirije, niba hari ico unenga, ntibitanga uburenganzira bwo gushinga idini ryawe. Ko utatumwe ngo usigwe y' amavuta, urumva udashaka gupfunyikira amazi, abazumva inyigisho zawe. Ntitugomba gucira urubanza Papa cg Uwariwe wese. Dusabwa kuja kumavi tukabasabira. Ninaco Luteri Maritini yari gukora. Ariko Yezu Arabiraba ivyo twigira twigisha, naho Atabayaratumye, Akatwihorera, kuko ntiharagera ko Atwereka ico twakoreye. Ariko si kera ni mu kanya gato. Imana Ikugirire Neza
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
​@@AnnemarieUwizeyimanaNiba ushaka ubugingo Buhoraho, menya Ijambo ry'Imana uryizere, Agakiza kazataha iwawe!
@WillermeHabonimana
@WillermeHabonimana Күн бұрын
Ace anadusigurira aha PAPA yavuze ngo ubutinganyi si icaha ariko ni igicumuro.
@murangiradaniel6887
@murangiradaniel6887 Күн бұрын
paapa yavuze ,na Musa yaravuze, eliya yaravuze, Paulo yaravuze ndetse nabandi benshi baravuze bazanavuga icyo nibaza yezu we mumutima nama wawe avugiramo iki? bibiriya iti intungane izabashwaho nukwemera kwayo
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
​@@murangiradaniel6887Ntago intungane cg ukiranuka yashobora kubeshwaho nukwemera, ahubwo kwizera. Aya magambo ni amwe muyi gatulika yahibye muburyo bwo kuzimuza abantu.
@mukantagengwamariepaul7224
@mukantagengwamariepaul7224 21 сағат бұрын
Padiri murakoze kudusobanurira.
@jeannetteuwamahoro9857
@jeannetteuwamahoro9857 21 сағат бұрын
Nakumiro peeee
@josephsibomana4106
@josephsibomana4106 Күн бұрын
Muraho
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql Күн бұрын
Ariko Padiri kuba utashobora kwigisha abantu bari mumwijima ngo ukoresha ubwenge, uge impaka nababayibye, nuko nawe ibyo wemera Kandi wizera uziko ntambaraga bifite. Iyo umuntu yemwera ibintu Kandi anabyizera, aba yumva ko agomba kubihagararira ndetse akaba yanabipfira. Uko Niko Intumwa zambere zakiraga, Niko Intumwa zambere zakiraga ubutumwa mugukwirakwiza ubutumwa bwiza bwa Kristo. Abantu rero muvuga ko, mwirinda kujya impaka mubyo mwemera nuko mumitima yanyu ibyo muvuga ko mwemera mutabyizera Kandi ko butanagize umurongo wanyu wubutumwa bwiza bwa Kristo.
@UwimanaAimee-q3g
@UwimanaAimee-q3g Күн бұрын
Ntago wahama mubyo utizera ntibishoboka kuko umuntu arigenga muri kristo
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
​@@UwimanaAimee-q3gAhubwo umuntu ni uwumudendezo. Ukoresheje Ijambo kwigenga byumvikana nabi. Muri Kristo hari umudendezo ariko uwo mudendezo ni uwabakuze bamaze kugira imbaraga zo gutandukanya ikibi nikizi. Bafite imbaraga zubugingo Buhoraho zituma birinda ibibi, bakagukirwa no gukora ibyiza byo muri Kristo.
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql Күн бұрын
Ijambo ry'Imana rivuga ko niba umuntu ari umusambanyi, mumukura muriwe, none umutinganyi we ahubwo akwiriye no gukandagura ahantu hakorera Imana na Kristo. Ubundi muri muri Kristo, mugahurira ahantu mwizina rya Yesu, ntago unutinganya yatinyuka kuhagera kuko haba ari ahera. Impamvu rero mwisanga abatinganyi mubana, nuko ibintu murimo namwe bihumanye Kandi mukorera mubibanza Satan akaba ari aganza!!!
@bucyibarutaappolinaire1368
@bucyibarutaappolinaire1368 Күн бұрын
@@Emma-qe7ql Muvandimwe ntugacire abandi Imanza ahubwo wowe jya wisuzuma uwawe Ikindi wibuka Barega Yezu ngo ari gusangira n abanyabyaha? Ntago umutinganyi ari Shitani ahubwo n umunyabyaha kd wasaba imbabazi akababarirwa . Ikindi wibuka Wamugore wari ihabara kd wibuke ko ikicyaha ko uwagikoraga bamuteraga amabuye kugeza apfuye ariko bamuzaniye Yezu yarabwiye ngo udacumura namubanze ibuye bose baragenda. Rero Yezu n umunyampuhwe umunyembabazi ntacyaha atababarira ikibi nugupfa utihannye Rero wowe jya umenya ibyawe n Imana Guca Imanza ubireke kk siwowe ica Imanza URAKOZE CYANE 🙏🙏🙏🙏
@UwimanaAimee-q3g
@UwimanaAimee-q3g Күн бұрын
Uzibaze UTI umuntu niki gusa numenya umuntu uzabasha no kumutandukanya nicuaha ubuse ko umuntu asara akangiza ibintu nabantu leta iramujugunya oya ajyanywa kwa muganga akitabwaho akabamo umuntu muzima kdi muganga aramwakira ntamujugunya
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
Muvandimwe, ibi ntago ari uguca imanza. Niko Ijambo ry'Imana rivuga. Nubwo nubusanzwa Ntamuntu waha umugisha undi, gusa ubutumwa bwiza bwemera ko umuntu yihana akabwakira akabakir Yesu. Ntago rero mvuga ko umunyabyaha atabwa ahubwo ambwira Yesu, hanyuma Yesu akamutunganya akamukuru muminyururu yibyaha bye. Rero ibyo bindi byumugisha no kugendana nabakora ibizira Imana yanga, ahubwo mucunge neza, mutazisanga mwarimjiriwe nibyaha bikomeye. Ibyaha nkibi byubutinganyi rero ntago ari ibintu byo gufatisha akaboko kamwe ngo ubikinisha kuko buzanira umujinya numuvumo w'Imana abatuye isi, bigatuma amahoro akurwa mwisi. Rero iyo uri umukristo urabirwanya ariko ukabirwanyisha Ijambo ry'Imana. Ntago rero kurwanya ibyaha nkibi kikomeye ari uguca imanza cg kuko umuntu aba atirebye mumutima, Hoya ahubwo ni uko mission ya Kristo ari ukurwanya satani nimirimo ye.u​@bucyibarutaappolinaire1368
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
​@@UwimanaAimee-q3gNdakuramukije muvandi. Umuntu ni kimwe mubiremwa by'Imana byayigomeye. Imana yaremye umuntu mwishusho yayo, ariko umuntu amaze kugomera Imana yatakaje ishusho y'Imana. Yesu yaje kugarura ishusho y'Imana, satani yambuye umuntu. Rero umuntu urimo icyaha, aba ari satani. Ntaho umuntu atandukanye nicyaha, iyo umuntu arimo icyaha nawe aba ari icyaha Kandi aba ari satani. Ibi nkwandikiye biri Biblical Kandi bihuje nubutumwa bwiza. Kuba twaracumuye tukagimera Imana, icyerekana ko Imana muganga, wicyaha itadutaye nuko nuko Yesu yaje agashyirahi inzira ye yagakiza. Rero bavandimwe, hari icyaha, hari inzira yo gukira icyaha, umuntu yihitiramo. Iyo rero wahisemo, ubwira abandi inzira wanyuzemo ngo nabo bayohitemo!! Ntampamvu yo kwica nibyaha Kandi Umuti warabonetse, Umuti ni Yesu.
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql Күн бұрын
Erega Papa niwe wisebya!!! Umuntu w'Imana akora igikorwa kw'Imana, yirinda kuvangavanga ibikorwa byumwijima nibyumucyo. Kuko bitavangwa rero, uhitamo kimwe Kandi ukamaramaza. Kandi rero ibintu bya gatulika bizayigora kubera imbuga nkoranyambaga Kandi abantu bakino gihe, bagerageza gusoma bagasobanukirwa. So rero kubera information zihihuta, bizagira Kiliziya gatulika gukomeza kubeshya abantu, ukoresheje inyigisho - mpimbano zitari muri Bibiliya Kandi zidahuje nibyizirwa Imana yaguhaye mwisezerano rishya.
@ndayishimiyeprosper1671
@ndayishimiyeprosper1671 Күн бұрын
Ariko ibyo baziza Kiliziya bavuga ko ihimba ibintu bitari muri Bible ni ibihe?Ni Uguha Mariya Icyubahiro? Ni Uko abayirimo Ari abavandimwe ba KRISTU? , ni Amasakaramentu Se?Ni Uko yubatswe ku Rutare na Yezu? Ni Ariyo imwe Rukumbi s? Ubundi wavuga rumwe nayo Utayirimo Se? Mugani kuki ntawundi muryango Ntayindi inceste cg Idini ritukwa usibye BM(Umugore) n'uwo yabyaye(Urubyaro rw'Umugore) bavugwa muntangiro 3. Ni iyo Se irimo abahanuzi babatekamutwe? Bayangiri iki?
@ndayishimiyeprosper1671
@ndayishimiyeprosper1671 Күн бұрын
Ariko ibyo baziza Kiliziya bavuga ko ihimba ibintu bitari muri Bible ni ibihe?Ni Uguha Mariya Icyubahiro? Ni Uko abayirimo Ari abavandimwe ba KRISTU? , ni Amasakaramentu Se?Ni Uko yubatswe ku Rutare na Yezu? Ni Ariyo imwe Rukumbi s? Ubundi wavuga rumwe nayo Utayirimo Se? Mugani kuki ntawundi muryango Ntayindi inceste cg Idini ritukwa usibye BM(Umugore) n'uwo yabyaye(Urubyaro rw'Umugore arirwo Kiliziya UMUBIRI mayobera KRISTU abereye Umutwe); bavugwa muntangiro 3. Ni iyo Se irimo abahanuzi babatekamutwe? Bayangiri iki?
@MukangamijeLucie-ni7wy
@MukangamijeLucie-ni7wy 23 сағат бұрын
Buriwese azabazwa ibye.mumenye ibyanyu na Gatorika abayirimo bazi ibyabo.
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 20 сағат бұрын
​@@MukangamijeLucie-ni7wyAriko Ijambo ry'Imana ni rimwe!!! None niba bakuneshya ko muri Ukaristiya harimo Yesu Kandi ntawurimo tubizi dutinye kubikubwira. Niba gatulika yaragiretse amagambo amwe namwe yo muri Bibiliya harimo Ijambo Kwemera≠Kwizera. Rero nkabantu batagendera mumarangamutima bakwiriye kuba bagendera mukuri, dukwiriye kuba duhuriye kuri Bibiliya ariko hatarimo kugoreka amagambo muburyo bwo gushyigikira ibinyoma gatulika yabeshye!!
@marymukamwiza4743
@marymukamwiza4743 Күн бұрын
Wapi theophylline reka kulimanganya😮
@umutonichance1685
@umutonichance1685 12 сағат бұрын
Nubundi kiliziya gaturika ntiyahindutse ntagato ibinyoma byayo iracyabikora nuko itarabishira kumugaragaro kandi nzi neza ko satani aziko igihe cye arikigufi niyo mpamvu intumwa ya satani ariwe Papa arikwihutisha ibihehe
@cyusacharles9945
@cyusacharles9945 Күн бұрын
Mugemukura ubujura ahongaho. Ubundi inyigisho mwigisha Abantu mwebwe muzishyira mubikorwa?
@UwimanaAimee-q3g
@UwimanaAimee-q3g Күн бұрын
Gutukana bikongerera iki mubyo ukeneye
@cyusacharles9945
@cyusacharles9945 Күн бұрын
Nonese wowe niba urumufatanyabyaha wabo ikindi wakwigisha Abantu niki​@@UwimanaAimee-q3g
@NtaboanganyimanaJuvenal
@NtaboanganyimanaJuvenal 11 сағат бұрын
Juvenal uzatubarize nibindi. Bari kuvuga kuri Papa hari Inama iherutse kubera muri Azia nibagiwe igihu icyaricyo ngo yatangaje ko uburyo bwose umuntu asengamo bumuhuza n'Imana
Ozoda - Lada (Official Music Video)
06:07
Ozoda
Рет қаралды 14 МЛН
WORLD BEST MAGIC SECRETS
00:50
MasomkaMagic
Рет қаралды 54 МЛН
💩Поу и Поулина ☠️МОЧАТ 😖Хмурых Тварей?!
00:34
Ной Анимация
Рет қаралды 2 МЛН
L'ancien "Monsieur Afrique" balance sur la Françafrique
44:23