Harya ubwo ni iki umubyeyi aba atarakoze ku buryo umukora ubugome nk'ubu koko?! Like,sha,Comments na Subscribe ni inkunga ikomeye!Yidutere rero!Urakoze!
Simoni we, Nyiragitariro arakuniga Niba uri kunywera amafaranga ye.
@Songambelewanyu3 ай бұрын
Uyu mu Ruth twamukunze cyane, ndabona Asa nka mama sava, ibyiso byabo ni bimwe. Ruth kbx urabona ko ari ari kubikora
@Michouesther3 ай бұрын
Iki cyuki kindi mutuzaniye se kimwe cyatuzengereje kumbuga chn 😅 papa cava arakituzaniye papa cava URI daddy wacuu kbx utuzanira abantu tuba dushaka bari gutwika hanzaha😂😂😂
@KabanyanaSylivie3 ай бұрын
Simon imiteretere yiwe nihafi yantayo😂😂😂😂
@dkashima43073 ай бұрын
😂😂😂😂😂 Papa Sava, yahuye nuruva gusenya kabisa
@ugirashebujajbaptiste23683 ай бұрын
Hahahahaha hagize umuntu wifuza kubaho nka Simon ngo yahita apfa....