Umurokore ni Yesu wenyine ntimugatuke abahanuzi ahubwo mureke duhore dusabirana imbabazi kd tubabarirane kuba umuntu afite izina ryuburokore ntibimuhindura Imana kd ntago nawe ntibihita bimugeza aho satani atarasa imyambi .ahubwo tubabarirane bene data buriwese agire agakiza komumutima apana agakiza kogukopera kuri mwene se🙏.nugwa mucyaha wihane ureke kuvuga ngo nakigwishijwemo narunaka kuko buri wese azabazwa ibye .
@ngogajeandedieu66404 ай бұрын
Biragoye kumenya niba ibyo uvuga ari ukuri cg niba ibyo bakuvuga ari ukuguharabika cg ari ukuri kuko mukuvuga kwawe ugenda ukwepa kwepa. Ubundi wari kuvuga ngo ntabwo twasambanye byose nukumparabika cg uti narabikoze Imana imbabarire ibyo byaribihagije. gutanga ubusobanuro ngo harigihe nataye ubwenge, no kuba uzi ko wigeze guta ubwenge uwakubwiye ko wigeze guta ubwenge uzamubwire akubwire nibyo wakoze muricyo gihe wamaze warataye ubwenge.
@LivingThings1974 ай бұрын
Iyi ni indaya, ni indyadya, ni inzererezi, ni umujura, ni umutekamutwe, ni n'umutubuzi. Natihana azashya. Uyu si ibanga, azwi na rubanda nyamwinshi, abakobwa n'abagore yasambanyije ni benshi, abana afite hanze baruta ab'umugabo n'umugore bashakanye kdi we nta mugore agira. Uyu ni umugome , n'umugore wamushaka yaba agushije ishyano kuko uyu ni intumwa ya Satani mu isi, uyu yamabye uruhu rw'intama kdi we ni ikirura. Amarira y'abo yahemukiye ntazagenda ubusa.
Ikibazo gikomeye mufite nuko mutigishijwe, ibyo mukora bigaragaza abo muribo ! You can not separate yourself from your own words. Social media ibarusha imbaraga ariko ntimubyumva, amagambo yanyu arasobanye kdi muvuga ko mukorera Yesu ! Ninde wakubwiyeko yesu arinjiji. Ubuse wazanywe nicyi hano, ufite ntego cyi yicyi kiganiro?
Pole muvandi ihangane bibaho. Iyo Imana ishaka kugukuraho inshuti mbi ankenshi bica mu bikomeye kugirango urekure udatindana nazo zikica n'ubugingo
@jonasntakirutimana9874 ай бұрын
Ubundi iyo wisobanuye cyane urisobanya cyane!Iyo uvuga ngo nshobora,uba ushaka kuvuga iki?Niba waraguye ugacumura ca bugufi usabe imbabazi kko Yesu ni umunyembabaziiiii
@pascalndayambaje65144 ай бұрын
Ubu se waje kuri KZbin kuvuga iki?
@chantaluwoyangeneye81264 ай бұрын
Yaje gutanga ubuhamya bwe!
@LivingThings1974 ай бұрын
Afrodis ntakwiye kuza kuri camera iyo ari yo yose ya social media atihana ku byaha yakoze cg gusaba imbabazi abo yahemukiye. Na we arabizi ko azwi cyane.
Uwibwira ko ahagaze yirinde atangwa nta muntu udakosa twese ni mbabazi zimana zitubeshaho iyo umunyabyaha umwe yihanye mwi juru barishima inkunga ya masengesho kur aphordisi ni ngenzi
@muryeryeburora65894 ай бұрын
Nkurikije uko uvuze ko uteye niwowe isi ikeneye. Ahubwo Uwiteka akuzigame kuko wivuyeho. Wemeye kubabwa. Numvise hari byinshi duhuje birimo ko ishema nyaryo ari uko ibyo ufite ubisangira nabandi