ITORERO RY'ABADIVENTISTE RYATANGAJE KO 2025 RIGAMIJE GUKORA IKI KINTU: kzbin.info/www/bejne/bJ-zkHygp7RrrLssi=T8NSM1twaYO2cDNA
@niyojohnnyАй бұрын
Bene data mwibuke ko kujya mu juru atari amadini cyangwa itorero, Ahubwo ni iby'umuntu ku giti cye, ndetse no kwihana ibyaha byacu tubifashijwemo na mwuka wera. Mu gitabo cyo kwitegura akaga gaheruka harimo ibintu bizatera ishungura"Benshi bazayobywa no kudasoma" Igihe kirageze ngo dutungwe n'amazi twivomeye. Ibi byo sibyo rwose kuko Yesu ntiyatumesheje iyo taliki kuko mtacyo byari butumarire. Nuko rero musome musobanukirwe mumenye ko igihe turimo atari icyo kudamarara. Yesu abahire kandi dualsabe kuyoborwa na mwuka wera.Amen
@Hesartien7705Ай бұрын
Idini ry'Abadiventiste b'umunsi wa Karindwi nibo bahawe ubwiru bwiyo nzira kandi bahamywa ko aribo bonyine batwaye ibendera ry'agakiza. Ubwo rero uri ikinani niba uziko uko uri uri idini. Kandi gukorera hanze y'iri torero wibeshya ko uri mu gakiza n'ukwibeshya nyine. Ariko ikigare murimo cyo gusebanya kibamariye iki? Mwemere ijambo ryayo Bibiliya n'umwuka w'ubuhanuzi udusobanurira Bibiliya nibikubwira ukwiriye gukora utandukanye n'itorero uzabikore ariko ibitari ibyo n'ukwibeshya
@niyojohnnyАй бұрын
Oya sinshatse kuvuga ko ndi idini kuko abadivantist e, si idini ahubwo ni itorero. Ariko ijambo ry'lmana ritubwira gusuzumana ubwitonzi ibimbaho byose Kandi ngo mubaririze inzira za kera Abe Ari zo munyiramo . Abantu benshi iyo babonye amagambo ya Ellen white mu gitabo "lbyaduka byo muminsi y'impwruka avuga ko itorero ry'lmana ritazigera riba baburoni, birenfagiza ko satani atagamo Ibitero Kandi tubonako azayobya n'intore niba bishoboka." Ariko ibyo ntibyakazanye impaka hagati yacu ahubwo bidutere kwibaza Aho duhagaze ubu kuko ishungura ryaratangiye rero twisuzume hakiri kare. Ibi si ugusebanya nakoze ahubwo ni ukwibukiranya Kandi ntibyakadukuye mu itorero kuko Yesu yavuze ati " mureke urukungu n'amasaka bikurane. Ahubwo twiboneze hakiri kare kugirango tutazatungurwa tukiri mu mpaka za ni nge wemewe wowe nti wemewe. Yesu aduhane umugisha.
@Hesartien7705Ай бұрын
@SurprisedFlamingo-ry3on Urakoze Imana iguhe umugisha. Burya iyaba twumvaga iki uvuze nta muntu numwe uri aho satani atamuhangara kuba umuntu ari Umuyobozi yamuyobya,kuba umwizera gusa ntibyatuma satani atanyobya igikwiriye nukwibaza mu mutima nti"Mbese Mana ahari ndemewe imbere yawe? Maze umuntu akajya mu ijambo ryayo Imana ikamwereka inzira. Aba mubona baseball itorero ni intumwa za satani. Hanyuma nkundira umfashe muri iki gitabo wavuze ko nzi icyitwa"Last day events" Mbese Ibyaduka byo munsi y'imperuka" cyo cyitwa ngwiki mu rurimi rw'umwimerere?
@niyogakizanaphtal7174Ай бұрын
Ayo magambo uvuga Ko yanditswe ko Itorero ritazigera Riba Babuloni siko yanditswe. Abantu benshi barayizeye ariko siko yanditswe. Nabikozeho ubushakashatsi. Najye Niko nabyizeraga ariko siko byanditswe MUBYUKURI. Uzongere ushakishe uzasanga ayo magambo Mu mwimerere yarabwiwe Umwe mubanyeshuli wabajije Ellen G white Aho yari yasuye mu kigo cy'Ishuli .... Yarabajije niba Itorero ry'Imana Ari Babuloni. Mumvugo yoroshye yamusubije Ko Atari Babuloni. Abantu benshi bakomeje kwiyongereraho ko RITAZIGERA. Ariko sibyo yamusubije. Kora Research yawe uyashake Aho yaturutse, Mbere Yuko asakazwa mubindi bitabo. Kandi uzayisomere.
@Hesartien7705Ай бұрын
@@niyogakizanaphtal7174 Dear Brother M, [Letter to one who had come to the conclusion that the Seventh-day Adventist Church had fallen into the low spiritual state described as Babylon.-Compilers.] Your letter addressed to me was received at the beginning of the Sabbath I should advise you to attend the school, and not to leave this country until you become thoroughly settled in your mind as to what is truth. I sincerely hope that you will attend this term of school and learn all you can in regard to this message of truth that is to go to the world. The Lord has not given you a message to call the Seventh-day Adventists Babylon, and to call the people of God to come out of her. All the reasons you may present cannot have weight with me on this subject, because the Lord has given me decided light that is opposed to such a message. 2 Selected Message P.63.2
@MugishaZacheeАй бұрын
Amena. Jacques Rameck ndagukunda cyane. Imana ikomeze kukwagurira impano bityo abantu Bose bamenye ukuri bakizwe tuzabane mu ijuru.
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
Amen
@ZenaThomas-l5gАй бұрын
Urakoze muvandimwe! Njye kugiti cyanjye nizera ko Umunsi umwe rukumbi duhamagariwe gutindaho ari umunsi w’isabato, ibindi bihimbano by’abantu rwose ntibyagakwiye nokudutwara umwanya, izo mpano sibibiko twazitanga kuri uwomunsi, ariko umukiranutsi ntiyagakwiye gutegereza uwo munsi kugirango agireneza, kuki uwomunsi tuziko imvo zawo ari izagipagani wagakwiye kugira ibirango byawo ahantu hera, sinizihiza noheli, sinayitayeho nibyayo byose mubyukuri, niko kwemera Kwa njye
@ByiringiroDavid-fi5kiАй бұрын
@@ZenaThomas-l5g Niko kuri Rwose muvandi
@rwangizamirerarwamuhandang7770Ай бұрын
Iyo sabato yawe nayo uzasanga yarabaye igihimbano kuko musigaye mwibwirako ariyo mukuramo agakiza, nyamara Yesu Kristo yababwiyeko muzabazwa gusa uko mwabayeho itegeko ry'urukundo ariko mwe mwahisemo kubahiriza ibitarigeze bizanira agakiza abayuda ubwabo muba ari nabyo mushingiraho amizero yanyu. Matayo 25,31-46 & Luka 10, 25-37, Luka 13,10-17
@BebeEmmanuel-s7sАй бұрын
*Mukurikire Tedy abandi bayoborwe n'umwuka w'Imana*
@NtakirutimanaGervois-yh7ex28 күн бұрын
Ejo uraba ndumugore wa Dawid
@ICIRORETV-v9xАй бұрын
Sha ahaho ndabonye ko Gc yaguye mumaboko yumwansi abasenga musenge
@benitheumutesi6930Ай бұрын
Nejejwe nawe musaza wacu kukubanza guhugurira abantu kumenyako Yesu abantu bose bavuga Atari we wawundi wabambwe ndagushimiye cyane nubwo ntashoboye kunyurwa nuko twakabaye dufite igiti cya noel murusengero gusa njye nemera ko % ibyo umutima wanjye ukunda biba Atari ihame ko biba Ari byiza nemera ko umutima w umunyabyaha udashobora gutanga umucyo w ibyumwuka icyakora ibyanditswe byera naho byaba bidahujwe nuko mbyumva ntibibuzwa kuba ibyera
Bati No.el nta Mana ni Ukuri inzira igana mu Ijuru ntawe uzayiyoberwa komeza Kandi IMANA Iguhe Umugisha mwizina rya YESU AMEN 🙏🙏 🙏
@hakundimanajosue2714Ай бұрын
None ko NOHERI IVUGWA MU GITABO URUGO RWA GIKRISTO (ADVENTIST HOME) ?soma icyigwa cya 77 igiti cya noheri kirimo . KO ELLEN G WHITE AYIVUGAHO AKANAVUGA UBURYO TWAYIZIHIZA ? ELLEN G WHITE YARIBESHYE? MUDUHE UMUCYO.
@Jeannette3qsАй бұрын
@@hakundimanajosue2714ikintangaza ni uwo Uvuga wabyanditse kuko si Yesu kristo , bibiliya yonyine niyo tugomba gukurikiza gusa yonyine.
Mwabaswe namadini,mujye musoma bible,mwizere Imana ishaka. Ntasoni hari idini Jesus yababwiye ngo muramye. Uwiteka abiyereke
@HozianaChoirАй бұрын
Nkuko kuvukira mu isi kwa Yesu byamenywe gusa n’abashumba,abanyabwenge n’abantu bubahaga Imana (Simiyoni na Ana) niko no kugaruka Kwe abantu benshi barimo n’abayobozi benshi b’itorero batazabimenya
@IshyaJudy123Ай бұрын
Amaso yose azamubona.
@NSANZIMANASylvestre-n6sАй бұрын
Abayobozi bazi ibyo barimo byose Kandi bazi neza ko iyonzira itajya mu ijuru bakunze ibyisi kuruta ibyijuru.
@NgaboPacificАй бұрын
@@IshyaJudy123 kumubona yavugaga ni ukujyana nawe
@hakundimanajosue2714Ай бұрын
None ko NOHERI IVUGWA MU GITABO URUGO RWA GIKRISTO (ADVENTIST HOME)? KO ELLEN G WHITE AYIVUGAHO AKANAVUGA UBURYO TWAYIZIHIZA ? ELLEN G WHITE YARIBESHYE? MUDUHE UMUCYO.
@JacksonMUTUMWA-y4rАй бұрын
@hakundimanajosue2714 Ni iki kikubwira ko ari EGW wanditsemo ayo magambo ashyigikira Noheri, muvandimwe?! EGW we ubwe yatanze umuburo ko inyandiko yose tuzasanga mu bitabo bimwitirirwa tugasanga zidahamanya cg zitanditse muri Bibiliya, tugomba kuyishyira ku ruhande. INAMA ZIGIRWA ITORERO no mu UBUTUMWA BWAATORANIJWE Vol 3. Bibiliya ni umunzani upima ibitabo by' Umwuka w' ubuhanuzi. Reka amwe nyaguhe... Ibihamya Ntibivuguruza Bibiliya na Gato. - Bibiliya igomba kubabera umujyanama. Muyigane kandi mwige n’ibihamya Imana yatanze kubera ko bitavuguza Ijambo ryayo na gato. - Letter 106,1907. - 👉🏿Niba Ibihamya bivuga ibitandukanye n’iri jambo ry’ Imana, mubireke. Kristo na Beliyali ntibasnobora kunga ubumwe. - Testimonies, Vol.5, p.691. 3SM p31 Noheri ni imwe mu nzoga za Babuloni Ubupapa/Roma bwateretse amahanga yose!
@IshimwePatrick-co2dmАй бұрын
❤turaburirwa arikonitwumva
@Z-noxxCentАй бұрын
IMANA ikomeze iguhe umugisha muvandimwe
@gedeonniyomufashaАй бұрын
Noheri nk’umunsi w’ikiruhuko: “Noheli iraje” Ayo ni amagambo yumvikana mu isi yose uhereye iburasirazuba Imana ni yo yamwihambiye ni na yo yamuzuye maze haba ku basore, ku bakuze no ku basaza. Ariko Noheli ni Tariki ya 25/12 ivugwa ko ari umunsi Yesu yavutseho, Mu bwenge bwe, Umukiza yahishe aho Mose yahambwe. imujyana mu ijuru. Kubigira ibanga byari ibyo gutuma kacu, aba yarayitubwiye anyuriye mu bahanuzi n’intumwa majyepfo. Igihe cy’umunezero rusange, kwishima gukomye mpamvu Imana itahishuye itariki nyayo yo kuvuka kwa kw’ibyanditswe bihamya ko iyo tariki tutayihishuriwe kandi ukageza iburengerazuba, kuva mu majyaruguru kugeza mu iki, byatuma ishishikaza benshi?... ntihishura neza itariki nyayo yo kuvuka kwe. Iyaba kugira ngo twese tubimenye. Bityo, ukutabivugaho Kristo. Uwo munsi ntugomba guhabwa icyubahiro gikwiriye barakaje birenze ibyo umuntu yabasha kwihanganira, ushobora gukiza umutabaje wese. Imitima yacu igomba umukiza yarabonye ko iyo tariki ari iy’ingenzi ku gakiza kubw’impamvu nziza. Kristo, Umucunguzi w’isi, we wenyine gusa tugomba abantu badasenga ibishushanyo. Uwo abisirayeli bivovoteraga mu gihe yakoraga ari bo akorera, uwo kandi kwizihiza umunsi wo kuvuka kwe ni gikwira kandi yaragiye kuramywa nk’Imana nyuma yo gupfa kwe. Iyo ni yo kwizihiza umunsi nyakuri wo kuvuka k’Umukiza wacu. byabaye umugenzo rusange. Ariko, si by’ukuri ko tuba turi Amateka ntaduhamiriza neza iby’iyi ngingo. Bibiliya kwakira, kwiringira, kwishingikiriza; we wenyine gusa kumuramya nk’umwana w’Imana ihoraho.1
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
Yesu ashimwe Bavandimwe: Ibyavuzwe byasomwe mu bitabo bikurikira. 1)Bibiliya 2)Uwifuzwa ibihe byose 3)Urugo rwa Gikristo Iby'igiti cya Noheli byanditswe mu gitabo Urugo rwa Gikristo Kucyigisho cyivuga ngo:Umunsi wa Noheli. N' ubwo Handitswe ngo itahuza n'amarangamutima yacu,ariko igihe chose iba Ari ukuri. Habaye hari ufite inyandiko ivuguruza ibyo bitabo,Na we yayidusangiza hakabaho gufashanya,
None ko NOHERI IVUGWA MU GITABO URUGO RWA GIKRISTO (ADVENTIST HOME) ?soma icyigwa cya 77 igiti cya noheri kirimo . KO ELLEN G WHITE AYIVUGAHO AKANAVUGA UBURYO TWAYIZIHIZA ? ELLEN G WHITE YARIBESHYE? MUDUHE UMUCYO.
@MwisenezaLeoАй бұрын
Bibiliya kd Bibiliya yonyine
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
@@uplinesofficial9810 NIKO ubibona muvandimwe ariko n'Imana hari uko yabibonye Kandi uko yabibonye yabyandikishije Ellen White muri biriya bitabo. Tujye twirinda gukoresha amagambo avuga ngo"Njye mbona,numva.........ahubwo tujye dukoresha ngo" Handitswe ngo
@JacksonMUTUMWA-y4rАй бұрын
@@rwandasdahymns8694 @hakundimanajosue2714 Ni iki kikubwira ko ari EGW wanditsemo ayo magambo ashyigikira Noheri, muvandimwe?! EGW we ubwe yatanze umuburo ko inyandiko yose tuzasanga mu bitabo bimwitirirwa tugasanga zidahamanya cg zitanditse muri Bibiliya, tugomba kuyishyira ku ruhande. INAMA ZIGIRWA ITORERO no mu UBUTUMWA BWAATORANIJWE Vol 3. Bibiliya ni umunzani upima ibitabo by' Umwuka w' ubuhanuzi. Reka amwe nyaguhe... Ibihamya Ntibivuguruza Bibiliya na Gato. - Bibiliya igomba kubabera umujyanama. Muyigane kandi mwige n’ibihamya Imana yatanze kubera ko bitavuguza Ijambo ryayo na gato. - Letter 106,1907. - 👉🏿Niba Ibihamya bivuga ibitandukanye n’iri jambo ry’ Imana, mubireke. Kristo na Beliyali ntibasnobora kunga ubumwe. - Testimonies, Vol.5, p.691. 3SM p31 Noheri ni imwe mu nzoga za Babuloni Ubupapa/Roma bwateretse amahanga yose!
Abantu baragoye rwose. Ndabona *abenshi BIKOMYE TED ngo ARI KUYOBYA abantu.* Ibyo TED yakoze *arerekana aho byanditse mu mwuka w'ubuhanuzi.* (Urugo rwa Gikristo, igice cya 77) Uretse ahari niba mutemera umwuka w'ubuhanuzi!! *~~NIBA GUSHYIRA IGITI CYA NOHELI MU RUSENGERO ARI UBUYOBE, ni E.G. White WABAYOBEJE,* ntabwo ari TED.
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
Murakoze muvandimwe! Ibi ni ukuri kuzuye
@HabumugishaVincent-rg7mcАй бұрын
Lameki ndashaka Link ya group tsap ya Rwanda Seventh day Adventist hymns
@EmmanuelKamugisha-i8fАй бұрын
Thanks
@kumvanokumvirabirakizaАй бұрын
eeeh nyamuneka ko biteye ubwoba nonese ko Kwifatanya n'ab'isi ku munsi wa Noheli cyangwa mu bindi birori byaba byerekana guhindukira tukabaho nk'uko ab'isi babayeho, bikaba bidakwiriye abakristo cyane twebwe Abadventist. Ndumva abakristo cyane nkatwe Abadventist bidakwiriye pe ko twishimira ibintu by'ab'isi, ahubwo tugomba gutandukana n'imyitwarire y'ab'isi kugira ngo tube urumuri rw'ukuri. Kubikora byo gushaka kwiyereka ab'isi ko tuzirikana umunsi wabo bashyizeho; bitinde bitebuke tuzisanga dusa nabo mu mico n'imyifatire no kubaha Imana kwabo, duhinduke nkabo byimazeyo. Bibiliya itubwira ko: 1 Yohana 2:15-16: “Ntimugakunde iby’isi cyangwa ibiri mu isi. Umuntu nakunda iby’isi, gukunda Data wa twese ntikuba kuri muri we, kuko ikiri mu isi cyose ari irari ry’umubiri ari n’irari ry’amaso, cyangwa kwibona ku by’ubugingo bidaturuka kuri Data wa twese, ahubwo bituruka mu isi.” 2 Abakorinto 6:14-17: “Ntimwifatanye n’abatizera mudahwanye. Mbese gukiranuka no gukiranirwa byafatanya bite? Cyangwa umucyo n’umwijima byabana bite? Kandi Kristo ahuriye he na Beliyali, cyangwa uwizera n’utizera bafitanye mugabane ki? Mbese urusengero rw’Imana rwahuza rute n’ibishushanyo bisengwa, ko turi urusengero rw’Imana ihoraho? Nk’uko Imana yabivuze iti “Nzatura muri bo ngendere muri bo, Nzaba Imana yabo na bo bazaba ubwoko bwanjye.’” Iyi mirongo igaragaza ko abakristo bagomba gutandukana n'imihango y'ab'isi itarimo ikuzo ry'Imana, ukwifatanya n'imihango y'ab'isi iganisha ku irari, ibyishimo by'ubwirasi, cyangwa ibintu bibogamira ku bidafite ishingiro rya gikristo bitujyana habi mu buryo tudahita duhishukirwa. Twese dukwiriye kwibuka ko tugomba gushimisha Imana aho gushimisha ab'isi, kuko ubuzima bwacu buyoborwa n'ukuri kwanditswe mu Ijambo ry'Imana. Abaroma 12:2 iagira iati: “Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.”
@ThegreathhhhАй бұрын
Wow
@Pink.53Ай бұрын
Abadivantiste mwajwemwo ibintu byo kwizihiza Noheli ntibikwiye. Njye sindi umudivantiste ark sinizihiza Noheli yewe nubwo nsenga kucyumweru ndabizi ko ndi mubuyobe kuko ndi gukora nibihabanye ni jambo ry'Imana na Noheli nayo nuko ihabanye nijambo ryi Imana peee
@BugingoYves-re9wvАй бұрын
Imana igushoboze kujya mu nzira uzi ko Ari ukuri. Kuko abavuga ngo mwami mwami sibi bana b'Imana keretse abakora ibyo Imana ishaka. Imana igushoboze!!
@justicia44Ай бұрын
woweho uracyayoba niba uri kuvuga ko abadive bajwemo! ubwo se ntiwumvise umuhanuzikazi wabo EGW uko yababwiye ngo batake ibiti bya noheri mu nsengero bashyiremi amaturo😅😅😅
@Pink.53Ай бұрын
@@BugingoYves-re9wv Amen 🙏
@Pink.53Ай бұрын
@@justicia44 Nonese hagati ye ni Imana twumvire inde? Nizihize Noel kuberako Ellen G. White yabibabwiye? Icyo Bible itita ukuri no kurijye sinyifata nkumuri😅 nongere mbisubiremo ntibyari bikweye KO Abadivantiste bashyira igiti cya Noel murusengero kuko ndumva ubu ntaho batandukaniye Na Roma or Babylon
@GatsinziSabato-zp3gnАй бұрын
Ibitabo bya ELLEN G. White barabihinduye rwose 😫😫 nta bitabo bya ELLEN G .white bivuga Noheli
Itorero ryabadiventiste rigeze ha I burya niho nkimenyako amagambo nyanditswe mu butumwa bgatoranijwe vol 2 ko bazahagarara uruhimbi bakamamaza kuruhuka dimanche mbonyeko bidatinze bagiye kubikora Kǎndi mwigubare cane irya nyandiko yo murugo rwa gikristo murebeko itinjijwemo naba jésuite
@NyinawaberaJosianeАй бұрын
Ibyo bitabo byagiye bihindurwamo amagambo amwe namwe bikozwe n'abantu ninjiye mu itorero kuri mission ya Roma. Ayo magambo rero yo gushyigikira imihango ya gipagani avumwe mu izina rya Yesu. Teddy Wilson amaze kurengeera bikomeye
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
@@NyinawaberaJosiane Muraho neza mushiki wacu muri Yesu Kristo? Ni iyihe nyandiko waduha ivuguruza ziriya zatanzwe? Ibaye idahari rero ziriya nyandiko si izo kuvumwa ahubwo ni izo gukurikizwa
@JacksonMUTUMWA-y4rАй бұрын
@@rwandasdahymns8694 Mwiriwe neza, muvandimwe! Nshingiye ku muburo EGW yatanze mu bitabo INAMA ZIGIRWA ITORERO no mu UBUTUMWA BWATORANIJWE Vol 3 avuga ko inyandiko ze zigomba gupimirwa kuri Bibiliya; niba hari ibyo tuzisanzemo bitari muri Bibiliya cg bidahuza na yo, dukwiye kubishyira ku ruhande. Nshingiye kuri iyo miburo, inyandiko ishyikira Noheri iri muri icyo gitabo ADVENTIST HOME ivumwe. Urugero: Ibihamya Ntibivuguruza Bibiliya na Gato. - Bibiliya igomba kubabera umujyanama. Muyigane kandi mwige n’ibihamya Imana yatanze kubera ko bitavuguza Ijambo ryayo na gato. - Letter 106,1907. - 👉🏿Niba Ibihamya bivuga ibitandukanye n’iri jambo ry’ Imana(BIBILIYA), mubireke. Kristo na Beliyali ntibasnobora kunga ubumwe. - Testimonies, Vol.5, p.691. 3SM p31
@AntoinetteNyirabagoyi-ms2ezАй бұрын
Tubwire se nshuti ugezemo se wakomeje kuvayo cg warahumutse?
@Paccy11-byАй бұрын
Abagalatiya 1:8 Ariko nihagira ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu ijuru, avumwe.
@Orionchoir8950Ай бұрын
More people are busy on his benefits not busy for asking Jesus support , therefore 🎉 individual need to pray himself or herself if you don't change yourself no one will change you
@am_beniАй бұрын
Urakoze
@Ubukristobwukuri777Ай бұрын
Nonese igiti cya noel byo biri muri bibiliya😂😂😂mbega ngo abatambyi bo mu nsengero ngo barayoba😢😢😢😢
@BebeEmmanuel-s7sАй бұрын
*Uvuga ngo ntakibazo kuva ryari sda bubahoriza Noeli, Yesu ni uwufuzwa ibihe byose cg ni uwifuzwa le 25/12 gusa*
@ElieIradukunda-e9mАй бұрын
Iyo nyandiko usomye niyabajejuwite
@EtienneMaherezoАй бұрын
Mbega ukwemera kwacu kwoba gushingiye ku misi mikuru canke gushingiye kuri Kristo ni muze twakire Kristo muri twebwe ivy'impari z'imisi mikuru ntaco bimaze
@elienzabonimpa75Ай бұрын
Turongera kwibutsa abantu ibyo bahimbiye Ellen G White bati“yarikingije” Ibi bya Noheli nabyo mubirebe neza.Gusa ntidukwiye kwamagana abizihiza uwo munsi ahubwo mukunamba kumahamwe twanga kwifatanya nabo bizabatera kutubaza impamvu ibidutera niho twahera tuzingura imizingo ngo tubasobanurire inkomoko y'ibyo binyoma. Ninayo nama twahawe ko ubwo itegeko ry'icyumweru rizaba ritangajwe,tutazaba abarwanya ubuyobozi tujya gukora ku cyumweu ahubwo umurimo w'ivugabutumwa kuruwo munsi ukwiye kujya mbere abantu basobanurirwa inyuwo munsi n'inkomoko yawo.
Ooh.ikingenzi aho bigeze rero bavandimwe banjye muri kristo murabona ko ibintu bikaze.nuko mureke turarame turebe hejuru
@VestineLagendАй бұрын
Niba No El bisobanuyeko nta Mana ubwo duhawe ikimenyetso kidasubirwaho ko munteko nkuru yitorero ryacu Nta Mana igihari Hari nikindigihe umuhanuzi yigeze kuvugako batakiri ijwi ry'Imana bitewe nibikorwa nkibyo byo kwihandagaza
Mubutita nomubwaka hose Yesu abuzemo abo atuma nyabuneka!
@nyirakamanacecile1464Ай бұрын
Yerusalemu , Yerusalemu weee komeza ujye mubuhakanyi gusa uko usangira na babuloni ibinyoma byayo ugomba no gusangira nayo nibihano byayo aribyo mujinya wImana.No Eli , koko ngo nta Mana ibaho.Inyenyeri abantu bagiye bishimira kera zizazimirira mu mwijima.
Mwizere Yesu Christ muve mubyimihango yamadini kuko ibyo sibyo bizajyana abantu mu Ijuru. Ko bamwe basenga baryamye, abandi bicaye, abandi bahumirije,....... Mbese reference yo gusenga niyihe?? Kristo ni we muyobozi abo bandi mureberaho si ukuri.
@uwizerwaboniface4934Ай бұрын
Ntago twakwemera ibitabo byose bavuga ko byanditswe na Ellen G white. Bimwe byanditswe na robesson nabandi banditsi Kandi yari yarasinziriye.
Tumaze kuronka Isiguro kwa Ta Mana wumva tutaba tubaye babi imbere y'Uhoraho ubwo rero ivyo vyavuzwe vya korwa ntaco bitumariye ahubwo aba America nibabanze bige kugendera Bibilia gusa hama ibindi bizoborohera
@andreemuhayimana5030Ай бұрын
Mana yanjye. Ubwo se mwasobanukiwe ni icyo Ellena yavuze koko. Ubu se iki gihe kuva eglise Adv.yatangira nibwo babonye ko igiti mu rusengero ari ngombwa. Icyakora gihari ari imfashanyugisho byaba ari byo. Ibisigaye bimaze oki. Yesu ko Ari Umwami.n Umukiza wacu. Yavukiye mu munuko.none natwe ngo ibiti bitatse
@claudeNiyomahoroАй бұрын
Tugeze aho urugamba rukomeye.Inama ni uko tutagomba kuyoborwa na Teddy( kuko na we yayoba bitewe n'uko Satani afite amayeri menshi) Ahubwo tuyoborwe n'umwuka kuko ari bwo tutazakora ibyo kamere irarikira.(Abagalatiya 5:16)
@ndayambajeEmmanuel-h9yАй бұрын
Dukwiye kwizihiza isabukuru y'Umwami wacu Yesu Kristo ,tuzirikana urukundo rw'indashyikirwa Yesu yagaragarije abari mu'isi y'icyaha,ngo muriwe tubonemo ubujyingo buhoraho, kd nyine kuko hari hashize imyaka myinshi ntawaruhari wari kubabwira nezaaa itariki Yesu yavukiyeho,Bafashe iriya mukugenekereza
@BebeEmmanuel-s7sАй бұрын
*Mbese igitambo nokuvuka kwa Yesu bikorwa kuri iyi taliki cg bikorwa buri munsi?,* *Uko abayobozi babayuda batamenye kuvuka kwa Yesu niko abayobozi bikigihe batazamenya igihe cyo kugaruka kwe*
@AimableMugenziАй бұрын
Mu nama zigirwa itorero Ellen g.white yafashe ibitabo bye abizengurutsa bibilia kubera ko yari yarahawe iyerekwa ko ibitabo bye bizinjirirwa bagashyiramo ibihamya nyamara bidahuye nijambo ry'Imana aricyo cyatumye avuga ko igihamya cyose cyizasangwa mu bitabo bye ariko cyitari mu ijambo ry'Imana icyo gihamya cyidakwiye kwemerwa rero cyiriya gihamya cyo mu rugo rwa gikristo ntabwo ari Ellen g.white wacyanditswe ahubwo cyashyizwemo kubwo kwinjirirwa kwinyandiko ze rwose rero mugani wabanyarwanda Teddy Wilson azabeshye abahinde kdi ibye twamaze kubimenya
@jmsdeosamgroupsingers-n7eАй бұрын
Ok
@LovelyKiwi-qs8myАй бұрын
Muraho neza?:turabakunda cyane ariko nsigaranye urujijo byaba byiza murunkuyemo. Mbese niba twabonyeko uwagize noel 25/12/ umunsi mukuru yaragamije kugirango ajye yibuka kuvuka kw'izuba ritaneshwa, ubwo birakwiye ko kuri uwo munsi tujya mu rusengero? None se niba ariko biri twahakana gute ko tutayizihiza? Niba Atari ko biri se icyo giti kizatakwa mu rusengero rutarimo abantu? Ikibazo cyanyuma , muzadicukumburire mu buryo bwahuranyije niba Ellen g white yaremeraga ko abantu bajya mu rusengero kuri noheri .
Ndumiwe pe, abadiventiste ni abakera. ab'ubu ni abapfapfa ibizira byose barabiziruye biratangaje kwizihiza umunsi w'ibigirwamana ufite ukuri kose. mwitegure ibihano biruta ibya sodomo na gomora kuko iyo bazaguhabwa ukuri mufite ubu baba barihannye bakambara ibigunira none murahaze murahonjotse mwibagiwe Umwami Yesu wabahamagaye akabaha icyubahiro, akabagirira neza akabaha ukuri kose none muhindukiriye ibigirwamana by'i Roma.
@peacemakermanishimwe6906Ай бұрын
Ejo muzatanga ibihamya bishigikira dimanche!!!!🤭
@NiyonzizaInnocentАй бұрын
*-ICYUMWERU* ni UBUYOBE bwazanwe na Roma. *-NOHELI* ni UBUYOBE bwazanwe na Roma. *~~ KWIZIHIZA ICYUMWERU= KWIZIHIZA NOHELI.* E G White niwe wabayobeje kuko mu nyandiko ze YEMERA KO IGITI CYA NOHELI KIBA MU NSENGERO Z'ABADIVE. ( Soma. URUGO RWA GIKRISTO, igice cya 77 )
@stevenniyomugabo4955Ай бұрын
Aho bigeze njye inyigisho za Ellen white zimwe nsigaye nziahidikanya ho. Nibyo yavuze ngo yatembereye mu ijuru numvise Ari ibinyoma.
@NiyonzizaInnocentАй бұрын
@stevenniyomugabo4955 *Si wowe wenyine uzishidikanyaho,* soma izi comments: hafi ya 99% NTIBEMERA IGITI CYA NOHELI MU RUSENGERO, kandi *E.G. White yavuze ko kigomba gushyirwa mu rusengero kuri Noheli.* ( Urugo rwa Gikristo igice cya 77): *NI UKUVUGA KO ABO 99% BAHAKANA KU MUGARAGARO INYIGISHO ZA E.G. White.* Umuntu rero utiyobagiza yagakwiye kubona ko *hari ikibazo gikomeye* mu bitabo bya E.G. White.
@rwandasdahymns8694Ай бұрын
@@stevenniyomugabo4955niwiga ijambo ry'Imana ukumva urazishidikanyaho,ikibazo si inyandiko ahubwo ikibazo ni wowe muvandimwe udafite kwizera. Nuca bugufi ugasaba Mwuka Wera kukuyobora ntabwo uzongera gushidikanya.handitswe ngo"Ni We(Umwuka Wera) uzabigisha ibyo nababwiye byose
@NiyonzizaInnocentАй бұрын
@@stevenniyomugabo4955 *Si wowe wenyine uzishidikanyaho,* soma izi comments: hafi ya 99% NTIBEMERA IGITI CYA NOHELI MU RUSENGERO, kandi *E.G. White yavuze ko kigomba gushyirwa mu rusengero kuri Noheli.* ( Urugo rwa Gikristo igice cya 77): *NI UKUVUGA KO ABO 99% BAHAKANA KU MUGARAGARO INYIGISHO ZA E.G. White.*
Nonese ko nabisomye mubitabo twizera muvandimwe ndagenzura gute? Nanjye nkibibona nagize ugushidikanya muri jye ariko kuko nabonye ko byanditswe mubitabo twizera ko byahumetswe n'Umwuka Wera muri Ellen White ndabyizera.
@andreemuhayimana5030Ай бұрын
Yesu se ubundi yavutse mu kwa 12 koko
@Kitenge-n8lАй бұрын
Iby'amadini ntitwabitindaho ariko ntawe uzajya mu bgami bg'Imana atari mu itorero ry'ayo