PRINCE KID Abirimo🙄VIDEO Iteye Agahinda😭Umugore wa J PAUL Yirukanwa Munzu🙄Abagome Gusa🙄wenda mundege

  Рет қаралды 8,317

JB Rwanda

JB Rwanda

Күн бұрын

Niba wifuza kuvugana na JB RWANDA kuduha ubuhamya cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250783940627

Пікірлер: 24
@turibamweali8661
@turibamweali8661 3 ай бұрын
J Paul Nkundineza numufungamutwe cyane ariyemera biteye ubwoba ntacyo bari kumuhanura ngo yumve ikindi nuriya mugore we yamugiye homamubona ko ari umufungamutwe pe !
@nicoleumulinga3851
@nicoleumulinga3851 3 ай бұрын
Vuguziga di icyuzaba ntaho wagihungira
@TheDufteLady
@TheDufteLady 3 ай бұрын
Sinkaba Djihad na Dj Brianne bihaye gutuka umuntu ngo yavuze Muyango, kandi Muyango avuga ati njyewe naramubabariye sinshaka no kubigarukaho.Bakajyaho bagatukanaaaaa. Nonese babafunze byaba ari inshingano za Muyango kubyinjiramo??Ese ubundi ko twese tuzi igihe bifata kugirango umuntu abe abaye established muraya mahanga, nicyi cyibabwirako Prince Kid uyu munota afite ubushobozi bwo gufasha umuryango wa Jean Paul kandi nawe n'umururyango we bari kugerageza gu settling down in a new country?? Ahubwo se nicyi cyibabwirako afite ibyangombw byo kuba yakohereza amafaranga niba anayafite???Wenda aranihishe ntanashaka uwa kurikirana ngo amenye aho ari. Muzi ID verification ya World remit yadukanye? Of course haruburyo bwinshi wakohereza, ariko ntawe uzi situation ya Prince Kid uyu munota.
@delphineumuhoza5827
@delphineumuhoza5827 3 ай бұрын
Ubuvuze neza rwose nabo nabanyamakuru nibamufashe bareke gutaba gusq
@user-uk5kl6nq2z
@user-uk5kl6nq2z 3 ай бұрын
Abantu bakora Ku ma social media muri abadahambana ubwose mwe mwakoze iki kandi ubu nafungurwa muzaba mumwaka ibiganiro
@estherihirwe9856
@estherihirwe9856 3 ай бұрын
Namwe ubwanyu ni kenshi musubiramwo inkuru zidashinze mukongeraho no gucira imanza abantu nta bushakashatsi mwakoze; nta proof. Musabe Imana ubwenge mujye mushishoza mbere yo gutaganza inkuru z'ibihuha na za pranks.
@TheDufteLady
@TheDufteLady 3 ай бұрын
Yego raa. Bajye babura kuba abanyamwuga ngo baravuga gusa. Prince Kid se Yari yatumye J.P kuvuga ayo magambo yose? Ubu umuntu yakwihandagaza agakubita umuntu ngo aramporera nkabyinjiramo, kandi mu myumvire yanjye hatarimo kwihorera??? Niba yarahuraguye ibigambo gusa ntawamutumye abage yifashe ahubwo. Abanyamakuru bangahe se bababajwe ni gihano cya Prince Kid ariko bataje gutukana??
@hirwah8233
@hirwah8233 3 ай бұрын
Nkundineza ntiyumva ariyemera mumureke yumve ntazongera
@antoinettemukamukiza9970
@antoinettemukamukiza9970 2 ай бұрын
Ese ko mudashyiraho numéro ye ngo tumuremere ,ubwo muravuga iki?
@delphineumuhoza5827
@delphineumuhoza5827 3 ай бұрын
Nonesi big man ninjije pe kuba warize itangaza makuru bivuzeko urumunyamakuru umuntu utanga udafite akazi nigute uvugako wakwitwa umutangaza makuru kandi akokazi utagakora niyo waba agakora utara sinya contract yawe ntago uburumukozi rwose
@user-oq4yt3cm5m
@user-oq4yt3cm5m 3 ай бұрын
Niyihangane nukuri
@emillemuneza956
@emillemuneza956 3 ай бұрын
Ese murarusha iki abo batafashije umugore wa Jean Paul? Aho kubizana ku karubanda muvuga ubusa mwakabaye mwarafashije uwo muryago wa Jean Paul kuko ibyo murimo n'amanjwe kabisa
@user-lq4nh2ry8x
@user-lq4nh2ry8x 2 ай бұрын
Mu shyireho numero dufashe uwo mubyeyi
@delphineumuhoza5827
@delphineumuhoza5827 3 ай бұрын
Jean poullo nagindure imyimvirep ariko namwe mwitabaza ese buri munyamakuru wese natabaza ngo jean poullo mumurwaneho mwebwe abanya makuru marwarwanyeho nibyuze nkamwe muri babiri muvuge muti dutanze100000 muyahe umugore murebeko nabandi batabikora ariko gutabaza gusa bimaze iki
@Hekima29
@Hekima29 2 ай бұрын
Ese uwo mu type ko ameze nkaho atuzuye
@turibamweali8661
@turibamweali8661 3 ай бұрын
Ubwo bwoko bushaka amafaranga ariko budashaka gukora niyo mpamvu ntacyo butazakora bwibeshyera !
@vuguzigagildas835
@vuguzigagildas835 3 ай бұрын
✍️✍️✍️✍️🔥🔥🔥🔥🔥
@ndayambajeemmanuel7381
@ndayambajeemmanuel7381 2 ай бұрын
Abanyarwanda babaye abagome mwabantumwe. Ababi bazakomeza kuba babi. Gusa twebwe tube bezeza baturebereho
@AveloH237
@AveloH237 3 ай бұрын
Nizere ko byibura mwe mubivuga haricyo mwakoze,Ariko Aha Abagore Bahakure Isomo ni Gute Umugabo afungwa amezi angahe,ufite Umwana umwe ukananirwa kwibeshaho?Uwo Mugabo nafungurwa azakubahira iki azi neza ko adahari ubuzima buguhagararana!?Mwige Gukora no kwibeshaho umugabo ahari cg adahari
@appolineuwineza
@appolineuwineza 3 ай бұрын
@Avelo,nubwambere wumvishe abantu babiri banana umwe akora undi atarafatisha icyo gukora cyane cyane umugore,arimo ararer uruhinji niba yaragishakisha uragirango bigende gute?igihe cy'Imana iyo kigeze kiba aricyo,urabizi neza ko yanze gukora se!kuki se ataba wenda yarahibye!
@AveloH237
@AveloH237 3 ай бұрын
@@appolineuwineza Sinamusetse cg ngo mvuge ko yanze gukora ahubwo bavugaga ko Abagore bakwiye kwiga gukora,Nigihe Umugabo yafungiwe yaba yararwanye No Gushaka Ubuzima Bataramutaramiraho batya kereka Niba Ari system yo gusaba wenda
@gloriosentakirutimana7499
@gloriosentakirutimana7499 2 ай бұрын
Ahubwo uwo isi itarakaranga yibwirako yabuze amavuta,nibamuvuge nigihe ciwe nabo bazoshikirwa
@chantalnyirahabimana5681
@chantalnyirahabimana5681 3 ай бұрын
12345678
Мы сделали гигантские сухарики!  #большаяеда
00:44
SAFARI ASABYE YAGO IKINTU GIKOMEYE/ATANZE AMASOMO AKOMEYE!!
1:12:20
YAGO TV SHOW
Рет қаралды 100 М.