Рет қаралды 6,189
Mu Rwanda, umunyapolitiki Sylvain Sibomana ubushinjacyaha burega gushaka guhirika ubutegetsi buriho afatanyije n'umunyapolitike Ingabire Victoire, yahakanye ibyo aregwa yemeza ko atigeze aba Umuhuzabikorwa w’ishyaka DALFA Umulinzi rya Madamu Victoire Ingabire Umuhoza.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko ashaka ko Amerika yakwigarurira umuhora wa Gaza. Aha umukuru w’Amerika yahinduye ibyo yari yatangaje mbere byo kuvana ku gahato abanyapalestina muri uyu muhora bakimurirwa mu bihugu bituranyi bya Yorudaniya na Misiri.
Wowe wumva ute ibyatangajwe na Perezida Donald Trump kuri iyi ngingo?