❤❤❤❤❤ shimwa gasani shyerezo amashyo mwababyeyimwe ndabakeje cyane kurizi nama mwatanze Imana y irwanda ihorana namwe murakaramba
@peacekobusinge36372 ай бұрын
This lady is very smart. Thx for sharing this information may God bless you 🙏🏻
@umuhozarosette89142 ай бұрын
Rose wakoze cyane kongera kutuzanira Mary, njyewe nkangutse ku kantu ko kurekera umwana cartoon😢😢 ni ukumugabaniriza admasaha pe! Ababyeyi koko nitwe tunanira abana . Imana itubabarire kdi idushoboze kurera neza
Urakoze cyane Rose kutugarurira Mary. Turize cyane Mary rwose ntabwo apapira ibi bintu arabyumva kandi ni impano ye pe. Imana ijye ikomeza ikwagure Mary. Soit benie.
Olala quelle maman intelligente et calme !jye ndamukunze pe kdi nize byinshi nanjye ntari nzi nukuti merci Mary et merci bcp Rose .Ujye utuzanira abantu bafitiye akamaro abanyarwanda benshi .
@Amina_NY2 ай бұрын
Ooooh Mana yanjye ❤❤❤chainne imwe rukumbi nkurikira nkanezerwa nkungukiraho byinshi hashimwe Imana yo mwijuru yakutuzanire Rose mwiza❤❤❤❤kandi ikomeze ikwagure muri byose uri uwumumaro kuko utuzanira abumumaro mmmh mbega kurera weeeee Imana ikomeze ibidushoboze nukuri😢
@abcdef-x1n2 ай бұрын
Ikiganiro cyiza cyane ! Cyane peee! Ni byinshi njye nigiyemo. Uyu mubyeyi azadusobanurire (Muzamutumire) ku bijyanye n'ibikomereye,imyitwarire,n'imitekerereze y'abantu bakomerekejwe no kuba batarize kandi bari babikeneye. Murakoze cyane Muzaba mudufashije!
@MuhireBASHA29 күн бұрын
Narize ariko ntuzisaze kuko mwishuri amenshi baranabeshya. Uzige gusoma no kwandika no kubara ukunde gusoma bizaza
@numukobwaeugenie814521 күн бұрын
Mwakoze cyane Rosa umubwire azatubwire kubijyanye no gucurangira indirimbo utwana ese byo ntacyo byangiza
Isomo ryiza,rikomeye kandi ritanga ubuzima.Merci Rose et Mary
@gakireviviane2292 ай бұрын
Very inspiring and instructive. Thank you
@mukundwajeanine7269Ай бұрын
Rose vraiement utuzanira ibifite umumaro Imana iguhe umugisha. Ababyeyi ndatecyereza mwize nta fees hano
@adelineniyishobora4662 ай бұрын
Rose, I really love you and I appreciate for your works, your're very intelligent woman. I pray to God to bless what you are doing and give you what you want as a good mother. Congratulations ❤
@ROSETVSHOW2 ай бұрын
Ohh! Thank you so much Adeline❤️
@adelineniyishobora4662 ай бұрын
@@ROSETVSHOW Nukuri nkunda ukuntu utega abantu amatwi ukabumva you inspire me about how to care someone in troubles
@AnnikaNiyoyita2 ай бұрын
@@ROSETVSHOW ❤❤❤❤ URAKOZE ROSE🌹 KURI iki kiganiro 🌻🌹💐 NARI narabuze UMUNTU udukebura ABABYEYI b'abanyarwanda... UBURERE BURUTA UBUVUKE
@ROSETVSHOW2 ай бұрын
@@AnnikaNiyoyita urakoze nawe Annika❤️
@Irisakarangwa17062 ай бұрын
Rose urakoze cyane gutumira umuntu ufite icyo yungura abantu❤
@MfitimanaAnna2 ай бұрын
Nukuri ndize kdi nsanze hari ibyo ngiye kwiyemeza guhindukaho no guhindura mu mirere pe! Gusa ako kantu musorejeho ka nyina w'amahanga karanyubatse kuko najyaga ncika intege zuko papa wabana adaparticipant uko bigomba agira icyo akora gake gashoboka nabwo namuvugishije ngo agerageze.nukuri numvise ko ngomba gukora uruhare rwanjye nka nyina w'amahanga! Murakoze pe!
@niyigenr2 ай бұрын
Thank you for effectively shinning a light on the detrimental impact of using “church and the Bible” as a basis for “good parenting”. Too many lives have been ruined by this.
@MambaNshutinziza-rp6tvАй бұрын
Good job you roze bad Mary! You deserve double stars.
@SandrineSimbabaje2 ай бұрын
merci beaucoup Rose utuzanira abantu bazima.ndasavye ibiganiro nkovyo bikwire henshi hashoboka
@emmd12342 ай бұрын
Ibihano (sanctions) bigomba kuba birera (educative) aho kuba ibihahamura (traumatique).
Rose wakoze kutuzanira Mary rwose nukuri dufashe ubutaha numugarura muzaganire kuri relationship( hagati y'umukobwa n'umuhungu) nuko umuntu akira ibikomere akura muri relationships yanyuzemo. Thank you in advance we love youuu❤
Rose wakoze cyane kutuzanira Mary rwose. Uzamuzane no kuri self growth yigishe no kwikunda no gukira ibikomere
@rosineabayisenga13742 ай бұрын
Mary wacuuuuuuuuuuuuuu.... yambiiii Ncuti nziza.... Nari ngukumbuyeeeeeeeeeeee.. Rose wacuu wakoze cyane kunzanira Mary...❤❤❤❤ Sasa rero reka nicare nige... I love Mary with my whole heart..... So wise ,.so calm,so beautiful ❤, So lovely...Mary gubwa neza ndagukunda cyaneeeeee
@rosineabayisenga13742 ай бұрын
Nkunda Mary ❤...nabuze uko mbivugaa❤
@mugishaeliane34512 ай бұрын
ni ukuri rose urakoze Imana iguhe umugisha. Marry ahumuye amaso yanjye n umutima wanjye. Ngiye guhindura byinshi pe. Kdi bizamfasha cyane
Sha, nzi kwita ku bana ariko aka ko karankomye nanjye
@SpescaritasKanyana-bz6je2 ай бұрын
Il faut rehausser la voix la prochaine fois Mary. Thank you ❤️
@ndayishimiye47582 ай бұрын
Hello, Mary ndamukunze cyane twariganye UTB gusa nange mfite umwana wa 2.5 ans arko mbonyeko uyo ndwara ayifite, arakoze cyane nzamuvugisha amfashe.
@esperancemukamukiga80612 ай бұрын
Mary kweli ya funguye youtube channel ye
@mutabazijeaneric92632 ай бұрын
How can I contact Mary personally?
@NiyigenaTwahiru2 ай бұрын
Rose nkushimire cyane kuko rwose na nber za MARRY uduhaye ujye utumira abantu nkabo nukuri
@leonarddusabimana6956Ай бұрын
❤❤❤ muriho Ben'Imana Benirage. Murakoze cyane ku rumu-ri mukomeze mutumurikire . Mary nzagushaka , ndagushimiye nawe munyamskuru . Ikiganiro avuga kuri sex ni cyiza cyanyigishije byinshi kimwe Niki ku mirerere yabana mu babyeyi. Imana ibahe imigisha Mary ❤❤❤❤❤
@deniseuwamariya89002 ай бұрын
Rose merci beaucoup .kuduha ibiganiro by'ingirakamaro.
@UMUCYOKITCHENTV2 ай бұрын
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze ❤❤
@musabyimanamarie22202 ай бұрын
Pe uyu mumama yigisha neza pe ibiganiro bye byose narabyumvise ❤❤❤
Rose na Mary mwakoze ku bw’iki kiganiro cyiza cyubaka. Rose Uzatugarurire Mary atuganirize kuri kuri parenting yaba adolescents
@umutonilaetitia17052 ай бұрын
Ese Mary ni sister wa Clemence na Grace barasa cyane!Uzatubwire ku bana bato bari under 2 years ariko batava ku izima iyo bashaka ikintu,akaba yarira ntaceceke kugeza umuhaye icyo yaririye.Utubwire n'úko umuntu yakwitwara kuri uwo mwana kugirango atazabikurana.
Mana weeee nsanze ntakintu nakimwe narinzi pe!!!murakoze cyane
@reginaleemutima55302 ай бұрын
Thank you Rose for this❤ Mbese ushaka gukosora uburyo bwo kurera ( e.g niba umubyeyi ari authoritaire) ariko wamara kubona ko haribyo uri kwangiza ku mwana wabikosora ute ku buryo uwo mwana akira akamera neza. Ese hari imyaka ntarengwa umwana akwiye kuba afite kugira ngo bikosoke? Thanks