RUTANGARWAMABOKO NAKABABARO KENSHI AVUZE KURI MISS RWANDA//ABAZIMU NIBEZA/KU GISIMENTI BAMBARA UBUSA

  Рет қаралды 8,544

URUGENDO TV

URUGENDO TV

Күн бұрын

Пікірлер: 7
@SereineNziza
@SereineNziza 2 жыл бұрын
Shyuraho ibyawe bya Nyampinga twebwe nibyo tuzirebera ureke ababyita Miss kandi tutari abongereza
@rachelingabire7658
@rachelingabire7658 2 жыл бұрын
Much respect Rutangarwamaboko
@robwanyiramateke1951
@robwanyiramateke1951 2 жыл бұрын
umuhanga gusa gusa. mwemera kubi uyu mubyeyi, ni arambe nyagasani Imandwa Nkuru y'u Rwanda KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO
@robwanyiramateke1951
@robwanyiramateke1951 2 жыл бұрын
Muduhe number ye kubashaka kwivuza turamukeneye cyane
@BONITO1100
@BONITO1100 2 жыл бұрын
#UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE CYANGWA ABITEGURA GUSHINGA URUGO* Amazina yanjye nitwa Umwali claudette Ntuye Muhanga, mu Murenge wa Shyogwe nashakanye n'umugabo dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana akaramata. Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka ariko twe ntibyahita bidukundira ariko hagati aho twarabikoraga umugabo agahita arangiza ngira ngo bizagenda bishyira maze ntibyashyira. Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje. Umugabo wanjye yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira ariko nkabimuhisha kubera kwa kumubabaza nawe. Hanyuma nza kubwira umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga ngo turebe ikitubuza kwibaruka kuko twari tumaze igihe kinini. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba ubwo zabaga zingezemo. Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo Yatumaga imihango yange itari kuri gahunda kuko rimwe nagiraga iminsi ihindagurika na za Infections zo mu gitsina za hato na hato kuko byatangiye nkiri umukobwa. Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 4 twivuza byaranze. Naje kwegera umuganga w'umudocteur twari twariganye kera muri secondaire wakoraga ku bitaro bimwe i Kigali, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali ukorana n'ikigo gikoresha inyunganiramirie (imiti n'ibiribwa/ food suppliments) maze umugabo wanjye anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha. Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti y'inyunganiramirire maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye. Twarayikoresheje nyuma y'amezi abiri nza kubura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite mbibwiwe na mushuti wanjye maze angira inama yo kujya ku gipimo kwa muganga. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wanjye w'umukobwa agize amezi atanu. Rero nifuje gutanga ubu buhamya kugirango ngire uwo nafasha kuva mu kibazo nkicyo nari ndimo cyane ko njye nagize amahirwe bityo rero uzabasha kubusoma bizamufashe. Ukeneye kubonana na muganga wabaza cg ugahamagara iyi numero : +250 739 505 218 ( WhatsApp and call
@egidenationtv3628
@egidenationtv3628 2 жыл бұрын
Respect
@Fils_tv1
@Fils_tv1 2 жыл бұрын
Ni fils nyamunini tv // miss jori yubahwe
Every parent is like this ❤️💚💚💜💙
00:10
Like Asiya
Рет қаралды 18 МЛН
إخفاء الطعام سرًا تحت الطاولة للتناول لاحقًا 😏🍽️
00:28
حرف إبداعية للمنزل في 5 دقائق
Рет қаралды 38 МЛН
Minecraft Creeper Family is back! #minecraft #funny #memes
00:26
Worst flight ever
00:55
Adam W
Рет қаралды 29 МЛН
TESTIMONY// NIWUMVA UBU BUHAMYA URASUBIZWAMO IMBARAGA
19:55
grace room ministries
Рет қаралды 30 М.
Every parent is like this ❤️💚💚💜💙
00:10
Like Asiya
Рет қаралды 18 МЛН