Рет қаралды 67,869
General James Kabarebe wacyuye igihe mu ngabo z’u Rwanda, yatanze ikiganiro ku rugamba rwo kubohora igihugu n’igiciro rwasabye, ushyizemo n’ibikorwa by’ubugome ndengakamere byaranze umwanzi utaratinyaga kwica imfungwa z’intambara zari zirimo n’ab’igitsinagore. Kabarebe usigaye ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, ari mu batanze ikiganiro mu Nteko Rusange ya 16 y’umuryango Unity Club Intwararumuri ari hamwe n’abandi banyamuryango bakuru kuwa mbere 30 Ukwakira 2023.
Camera & Editing: Richard Kwizera