Birababaje ikigo nini nkiki kitagira umugenzuzi Wa sound
@murengapatricia18882 жыл бұрын
Ese uwomugabo yariyajyanye nabo?ibyoyabibwiweniki?
@agathamukamugema34322 жыл бұрын
Ibya sekibi byose ndabirimbuye Mu Izina rya Yezu Kristu.
@ndingimwananzeki57762 жыл бұрын
Ntitukaze hano gutukana please, Gusa ibyavuga fort possible kuko ni histoire, Mureke tujye twumva Guys ,ntacyo bitwaye surtout que les Rwandais dufite amateka atiri meza ,yewe ntitwibuka nakahise. Keep it up
Nonese ibendera ririmo R rya Habyara risobanura iki??
@kanamugirecyrien65252 жыл бұрын
Iriya mibare ya 5, 6, na 7, ni ibyo gufitira. Impamvu Mubutu yanze kujya I Dar-es Salam ni izindi.ikindi Mwinyi nta ruhare yagizemo. Uyu mugabo arabeshya, ariko hari amakuru afite. Hari ibyo Alisha ariko ku bushake. Ni umubeshyi wa Ruharwa
Soit nuguhitamo ibyo abazungu bazanye cg se iyo yizera ko yali ihali mbere yuko abazungu baza
@nsanzurwandandereya932 жыл бұрын
Iki kiganiro kucyumva kiraryoshye pe
@karabayingajoseph17782 жыл бұрын
Wa mugabo we uriho urarimanganya uravangavanga ibintu. Kayibanda ashyirwa ku ngoma ya mbere ya parmehutu na mbiligi, ntabwo hagenwe aba officers 7 b'abagoyi nk'uko ubibeshya, icyo gihe nta nubwo Habyarimana uwo yari général! urabeshye. Ikindi umubare 7 si mythe y'umuco nyarwanda, ni iyo mu muco wa gikirisitu na gikoroni, usobanura ubwuzure butagatifu!
K'ubw'uyu mu type umunsi ugira amasaha 12, aho kuba 24. Bivuze ko n'ubwo hagati y'umunsi wa mbere n'uwakabiri hari ijoro, ubwo iryo joro ntiribarwa. Kuko riramutse ribarwa ubwo twajya tubara ngo ku wabere w'amanywa, no ku wambere w'ijoro; hanyuma ku wakabiri w'amanywa no ku wakabiri w'ijoro bityo bityo............. Agnes we utumira benshi ariko uyu we ateye icyo n'iki?
@musabyimanafabien70052 жыл бұрын
Umunsi ugira 24 heures, tandukanya umunsi ,amanywa n' ijoro.
@jacquelineabandibakobwa82012 жыл бұрын
Agnes, uyu mubeshyi nanjye ndunva wamugira inama yo gushinga youtube ye akajya atubeshyeraho. Ndabona ntaho bihuriye n'isesengura rya politique.
@kundwa49782 жыл бұрын
Haaaaa ntacyo urucira mulaso nanyoko rukamuhitana .ari abagambanyi arabateguye uru rupture ngirango bode bisanga mu kababaro bari batarateganya. Imana ni hatari .ubugome di bxiza
Jyewe ndi umushakashatsi n'umwanditsi w'ibitabo. Nakurikiye amagambo ya Giraneza Eric. Afite amakuru menshi ku buryo butangaje. Harimo n'ibyo abeshya byinshi. Ariko nta buhanuzi mbona mubyo avuga. Ni ugutegereza tuzamenya neza icyo agamije. Ikiboneka ni uko afite amakuru menshi, ariko ni inyo yafashe mu mutwe
Madame Agnès, uyu muntu ko NTA gishya yazanye kandi ko nta kintu n'a kimwe avuga yagazeho, ni kuki ukomeza kumuzana? Njye ndabona abeshya ngo afite iyerekwa ahubwo ashaka kwiyerekana akora analyses zitarizo. Ndetse yavuze n'ibintu bitaribyo mu mateka atazi. N'arekereraho kuzajya aza kudutesha igihe. Gusoma no kumva inzobere mu mateka ntibyatunaniye.
@dancingstyle63882 жыл бұрын
Abo bazungu mukwiye kubirinda kuko nibo bashuka abantu bacamo kabiri. Reba mu maze kuba umwe aho mugeze umu Faransa biramurya azana aba support mu bacengezi,FLN,FDRL none Reba uko babayeho