Ariko se ko mumubaza buri igihe icyo kibazo none se ko azashakwa, ntabgo ariwe azashaka sa ubgo arategereje. Kandi uyu mwari Imana izamutangaza kuko yitwaye neza. Buri muntu afite samedi ye we lov u
Gabby I just love you. I love your humility from the day I met you and I know that you don't even remember ariko nakunze ukuntu ucyiye bugufi kandi uri a star. Keep it up girl kandi pe urugo rwawe nanjye ndarusengera.
@user-tz7wu3tx5s3 ай бұрын
Hari igihe comment zindiza, iyo mbonye abavugira kubandi boshye haricyo bo batanze. Mujye muvuga make kuko ahazamuka haranamanuka. Ahubwo dushime Imana kuko niyo itugenera.