Join this channel as a member to get access to exclusive videos: / @connectiontv. Instagram: / connectiontv2023 Facebook: / connection-tv-10723680...
Пікірлер: 98
@lemonyayyy6 ай бұрын
Twagiramungu yategetse STIR ari ikigo cya Leta. Sociétés des transports internationaux du Rwanda. Ntabwo yigeze ahura na Kayibanda. Arongora umukobwa we, yari amaze iģihe yitabye Imana. Mpyisi nibamureke yiruhukire. Kuba umunyamakuru si ugufata amajwi gusa.
@zmkk27787 ай бұрын
Inzu yibitabo tugira mu Rwanda uyu mukambwe ndamukunda cyane peeee
@alexisgasirabo45597 ай бұрын
Yabeshye ate? arengeje imyaka 100 yabanye n’Abami 3 yari umujyanama wa KIGERI V NDAHINDURWA nyuma yibera Paster. Aravuga ibyo azi kuko yarize yavukiye inyanza nako ni umunyabigwi biratangaje kuba agifite ubwenge
@wamupepe53017 ай бұрын
Koko, umusaza mpisi ni yezu christo diiiii , afita za ma paraboles za kinyrwanda zi komeye cyane cyane . Bravo 👍 pasteri shuti yandje mpisi
@michelniyibizi86387 ай бұрын
Uyu muntu yabeshye cyane muri iki kiganiro !
@ndayikundaaugustin91697 ай бұрын
Muzee Pastor Mpyisi ndamukunda
@Beatvio37 ай бұрын
Mbegukuri kuzuye we uyumusaza is so knowledgable tuzamuvanahe😩
@Jean-ClaudeNntse-dg3bp7 ай бұрын
78 ans
@Ubcomme7 ай бұрын
Aravuze ngo abazungu ntibari kumuha akazi kandi ari umuhutu? Barangiza ngo abazungu bari barababujije amahoro. uyu musaza avuga ukuri kwinshi
@louirug7 ай бұрын
Ntabwo Kayibanda yashyingiye Rukokoma kuko uyu yarongoye muri 1979 undi yarapfuye, simpamya ko bigeze banahura. Ntabwo kandi abazungu bigeze bima Rukokoma akazi kuko yari akiri umunyeshuri yiga muri Groupe Scolaire i Butare. Muhe Mzee Mpyisi amahoro, arakuze.
@kwihanganajeanpierre38677 ай бұрын
Ariko uyu mutama ni imfura Koko
@mukeshamaria26037 ай бұрын
TWAGIRAMUNGU YAKOMEYE KU BWA KINANI, ARI DIREGITERI WA STIR
@africangasorejeanmichelson1777 ай бұрын
Ntago ari Transport Internationaux au Rwanda ahubwo ni Société de Transport International du Rwanda (STIR)
@laurencemuhizi85807 ай бұрын
Ngaho se mutere INKUNGA umugurire akandi ka microphone
@mukeshamaria26037 ай бұрын
Si we mukwe mukuru. Umukwe mukuru yari umugabo wa Epiphanie.
@umutahiratv72187 ай бұрын
Uyu musaza amaze gusaza cyane
@mukeshamaria26037 ай бұрын
Ikindi kitari cyo: KAYIBANDA YARI AFITE UMUHUNGU MUKURU kuri TAYIGI Marie ASSUMPTA, Madame Twagiramungu...(ni PIYO KAYIBANDA nawe KINANI yagerageje kwiyegereza nyuma y'urupfu rwa KAYIBANDA muri 1976)
@kagabopierre72857 ай бұрын
Wa munyamakuru mwagiye mureka uwo musaza ko imyaka ye itamwemerera kuvuga ibiri ku murongo. Muri 1962 u Rwanda rwiswe ko rwigenze Rukokoma yari afite imyaka 17. Ubwo urumva abazungu bari kumuha akazi ryari? Na we ariko byarivanze. Uti imyaka 72. Kandi uzi igihe yavukiye. Niba yararangije amashuri muri 1976 ari wo mwaka Kayibanda yspfiriyemo urumva yaramumenye nka sebukwe?
@justindushime28997 ай бұрын
Oya reka kunyura kuruhande ngo uteshe agaciro ibyingenzi inararibonye ivuze! Batwigishije ko ivanguramoko ryazanye ningoma zabahutu ,ko bakwiriye gusaba imbabazi ko bahohoteye abatutsi,ngaho da,ubwo se ntiwiyumviye ko ntamuhutu wahabwaga akazi mbere yizo ngoma! Igihe hamwe nabayobozi bacu batemera ko abanyarwanda bahemukiranye ntabwiyunge buzigera bugerwaho murwanda! Kuko amoko yose yagiraniye nabi
Uyu musaza arabeshya ashaje koko yoooo, ahhhhh, Rwanda we genda warugarije p-e, nihaboneka umututsi wagerageje kunga abattu nka Twsgiramungu sha !!!! Ahhhhh ngo baramuvuna, wese aravuga ibyzi?
@didasmugenzi49607 ай бұрын
Barikubicurika nyine ntubumva!
@user-yw3ky4ju2n7 ай бұрын
This is pushing it Mr Newsman, this guy us really old and his memory is not reliable. He might have been a topnotch academic but past 75 years, memory decline. However he looks marvelous for his age.
@laetitiagerard35117 ай бұрын
Ko uyu musaza abivanga ?Kayibanda yapfuye uwo mukwe we akiri mu mashuli ! Ntabwo Kay yigeze amushyingira kuko yapfuye ataragera muri uwo muryango
@kamaliwilly78877 ай бұрын
N'uyu munyamakuru nawe nta makuru afite arabaza umusaza ibintu bidasobanutse
@rukoranyangabo91287 ай бұрын
@@kamaliwilly7887; Kayibanda yahiritswe 1973 Twagiramungu ari igisaza. Wibukeko Mzee Pysizi avuzeko byajaga gushobokako amusinbura ariko ntiyemejeko ari 100%.
@55ttyuch35klo7 ай бұрын
Muvane umunwa mu bitekerezo bya Kayibanda. Uyu se yari iki cyatuma amenya ibitekerezo bya Kayibanda?
@christophehakizabera95187 ай бұрын
Uyu musaza Mpyisi arabeshya. Kayibanda yakuwe k' ubutegetsi 05/07/ 1973 . Twagiramungu n'a Asumpta barigaga. Twagiramungu yashakanye n' uriya mugore Kayibanda yaritabye Imana.