Ibyo bibazo mu ngo byarateye,abagore mukomere murere abana mutuze muceceke,Imana ni yo murengezi w'abagore,kuza ku mbuga nkoranyambuga mubireke mutegereze Uwiteka.
@Kibido80298 күн бұрын
I agree with you
@nshericquotes12 күн бұрын
Ukuntu ufite numutima ukomeye😢 Gusa komera hari Imana ihindura ibihe ndetse namateka.. Yesu akugirire neza
Warahuritse mubyeyi mwiza gusa hari Imana ishobora byose
@lovefirst17911 күн бұрын
Mpore mama Intore ishinjagira ishira ❤
@MamaSabato-pj4yu14 күн бұрын
komera mubyeyi disindakuzi imanigukomeze
@claudinemukantabana594414 күн бұрын
Ihangane cyane mubyeyi,Imana yishyura amadeni.kdi kura uwo mugome mu mutima wawe.icyakora niyite ku bana be kdi itegeko rimuhane kubwo guhemukira abana.
@user-br3ol7yp8y9 күн бұрын
Egera yesu akuruhure nange yesu yampaye ubundi buzima
@biosanta862814 күн бұрын
Baca umugani mu gifransa ngo imyenda yanduye imeserwa mu gikari. Mbona atari byiza gushyira amabanga y'urugo ku karubanda.😢
@iyakaremyeinnocent30548 күн бұрын
Nibyo warugenekereje n'ubwo icyo atari igifaransa kirenda kuba ikinyarwanda.
@iyakaremyeinnocent30548 күн бұрын
Naho ubundi iby'iki gihe byose ni ku karubanda ntawarubara.
@MurengeraVeniste8 күн бұрын
Ntabikaze avuze pe.
@MurengeraVeniste8 күн бұрын
Ahubwo Mumfashe badateza cyamunara
@UwaseClaudine-ml6gs14 күн бұрын
Ark we utarabusya abwitubumera koko agahwa karikuwundi karahandurika sha nukwatarinwe😭😭😭
@MunyeshyakaFaustin-t9i7 күн бұрын
Ihane 20:13 20:17
@a.n498814 күн бұрын
Life experience can make you the person you are today, nawe afite aho yacyiye Kandi atababwijye ukuri mwagira ngo arikubabesha, alsoharabandi bazahano bameze nkawe ntibaterwe Amabuye kubyo bavuze,uyunawe tumwifurize I byiza ashaka abigereho amenteko imana ifasha, gusa none rimwe na rimwe nibyiza kubika amabanga amwe namwe
Menya ushyizeho comment utumvise neza. Yavuze ko yamuhamagaraga akumva abana!!none mu kazi abo bana babaga bavuye he??nubu se aracyakarimo?Ndumva nubwo byaba akazi adakwiriye kugira icyo ahisha umugore umuhekeye abana.
@user-cx8vb2en8d14 күн бұрын
Abasirikare ,nikobameze,pole kbs ,ariko abamapetimatoya,nahoabamapeti yohejurubo bagira indangagaciro nakurazira,ari abohasi manaweee,Imana ijyirebgera abagorebabo pe ,nibanyiramiruho
@nyirangondoassoumpta565113 күн бұрын
Ubukene n'ibibazo biteranya abantu
@RugoriArmel12 күн бұрын
Kuba uri umusirikare muto ntibivuze kutajyira indangagaciro
@abrwandatv288910 күн бұрын
Mu izina rya yesu Christ w'i Nazarethi akubakire mubyeyi
@user-gs2eh2jh6o14 күн бұрын
Ec ubwashize Kiri zaburi nshya ko wavuze ngobagukaye priyave ya 15jrs ubu siyarangiye nne ngo uracyayarimo.750 k hoshi iri gutwika genda Ibyo wavuze byose m Ange we ntabwo aribyo kuzana kuri camera rwose peut.
Suko se rata ntawutaka atababaye 😢 kurera abana batanu wenyine mbona bituyobera dufite abagabo
@kamanajohn665611 күн бұрын
Mureke dufashe uyu mubyeyi
@tambatv536214 күн бұрын
Aba bantu baza kuganyira kuri camera ni abo kwitondera cyaneee😅
@monkodyna68213 күн бұрын
Ngendeye kubyo amaso ya kinyarwanda areba,uyu mugore ni umututsikazi umugabo ubwo ni umuhutu,imiryango yabo rero ntiyigeze yishimira ko babana, uru rugo rero rwasenywe n'imiryango yombi, ibi kdi biri mu ngo nyinshi,iyo abashakanye bahisemo kugendera ku magambo y'ababyeyi izi nizo ngaruka,usibye ko n'ubundi ingo z'abasirikare ziramba ni nkeya.
Ariko Rwema we nkugire inama .aba bantu baba Baza kukuririra ukwiye gukora ivyo bita site de rencontre abo bamama nabakobwa ukazubahuza nabagabo nabo bafise ibibazo nkaba bakajya banakuriha amafaranga😢
Mwabantumwe haribintu bidakenewe kuri camera ubaye ukeneye inkunga yinama kumunyamakuru musange muganirire inyuma ya camera rweme turagukuuuunda turanakwubaha jyuganiriza abantu bafite impanvu nkizo inyuma ya camera ❤❤❤❤❤
@naomemushimiyimana822114 күн бұрын
Njyewe narumiwe da
@mutembayirealine593514 күн бұрын
Aha ngewe mbanibaza niba mbere yokubivuga ku karubanda niba aba yarabanje kubiganiriza abo mu muryango we? Kuko ni igikomere ku bana be mbere ya byose.
@Sindi46014 күн бұрын
Iyisimpamvu pe,abanyamuryango nibo ibi bibwirwa,ikindi bashobora nokongera kubana
@user-dy3tm5uq9w14 күн бұрын
Uyu mumama ndamuzi gusa ibi bintu avuga ndunva ataribyo kuko yaratuye iwacu akajya avuga ko bamuroga arimuka yimukira ahandi ngo naho baramuroga avayo naho mperuka yarasubiye hafi nanyirabukwe ukuntu ageze kwa Rweme avuye nyagatare pe