Maman Queen, rata bakureke niyo yaba inkuru yawe, igikuru harimo inyigisho kuri benshi, ababizi nabahuye nibyo byose uri kuvuga, cg bari kubicamo cg babona ibisa nabyo ariko bitari byanuka, bamenye ibyo badakomeza kwihambiraho, ahubwo babe maso, kuko uwo mwuka uba waje mu muntu mwashakanye ntuba uzi uko ukora,...uwa kubwiye ko atagushaka, akihakana gusengana namwe, akakubwira ko ibya bibiriya bitamureba, biriya yabivuyemo, akaguhimbira ibinyoma bitari kimwe cg bibiri...ashobora byose...twitubare. Myself, I do relate to u kuko mbizi neza. Imana ikomeze ikurinde, kandi ikomore hose, ufunguke unavuge ibindi byose bikibitse, umurekure, umubabarire kuko nawe ntiyariwe, don't be naive. Komera, uzabera benshi umugisha.
@richardndayisenga44689 ай бұрын
Jye ndabona iyi nkuru ari iya Maman Queen, hari ibyo yari yaranze kutubwira none arabitubwiye ariko abivuga nk'aho byabaye ku wundi muntu.
@MarieClaire-p3e9 ай бұрын
Nanjye niko nabibonye pe
@manishimweprovidance4799 ай бұрын
Niwe rata 😅
@Jeanny5299 ай бұрын
Ko mbona twese twayikurikiye da! Iyi ni story ya mama queen pe, bigeze naho kugongeshwa imodoka! Turabyumvise mubyeyi kandi impore ntawe bitabaho❤
@manishimweprovidance4799 ай бұрын
@@Jeanny529 ahubwo kuntu yabeshye
@ufitabeanathalie15099 ай бұрын
Hhhhhhh mama queen rwose senga Imana igufashe gukira ibikomere kuko iyi story niyawe neza neza.tekereza kubana bawe yego warahungabanye cyane kdi uracyakunda umugabo wawe mubigaragara. Kuko muri story ya mbere ibyo byo kugongwa wabivuzemo none nubu urabivuze.emerako umugabo yagiye umurekure
@niwejambofamily9 ай бұрын
Hari icyo abantu bita ko ari uburokore, bakbyita iby'Imana kandi ari ibyabo bwite! Umugabo cyangwa umugore ukubwiye ngo sikigukunda ntabwo aba akiri umugabo cyangwa umugore mu buryo bw'i Jambo ryyy'Imana. Umugabo n'umugore Imana izi ni abagikundana! Aho gukundana bitakiri si urugo Imana izi, ahubwo ni ahantu ho guhunga vuba na bwangu!
Mama Quen this is your story pole kbisa. urugo rwiza ni igeno ry'Imana. gusa nanone mubwiye abantu ko badakwiye kwihangana ntabwo ari byo kuko abihangana bagakomeza bakubaka nabo barahari kandi bazisaziyemo gusa kubo byanze nabo nta kosa bafite
1 Abak 7:39, umugore ahambirwa ku mugabo we akiriho, ariko iyo umugabo apfuye nta kimubuza gucyurwa nuwo ashaka, icyakora iyo ari uri mu Mwami wacu, Vis verse bivuga ko ariko binagenda ku mugabo Don't be confused bantu b'Imana