Uwiteka yaramukumbye Kweli ...arko mana we ...uratangaje nukuri.....ohhhh .... Gerard sinnjya nkukurikira ariko nguhara nonaha Mega za nzajya nzigusaranganya Wowe na Yago.
@byiringiroedison53852 жыл бұрын
Mama Fabrice we narinkukumbuye ndanakwikundira nkurikije na story yawe kuko urirekura kbs gusa mana shimwa kuba waravuye mubibi
@mayelekaregeya87172 жыл бұрын
Jamaaaaa!
@justnmugabo58022 жыл бұрын
Ndumiwe koko
@uwamwezidelphine21722 жыл бұрын
Disi nimwiza
@kingmcland73002 жыл бұрын
Uyumumama uwite yaramumbye pe.....
@joaojose17802 жыл бұрын
Mbashimiye ububuhamya
@BLF-je6fl2 жыл бұрын
Rwose ubuhamya bwa mama Fabrice bunkoze ahantu. Akabazo k'amatsiko umutware we ntabwo arakira agakiza?nitwa Nshuti Andac. Kdi Imana imukomereze mu biganza byayo
@UbukireNyabwoTV2 жыл бұрын
Tekereza koko umwana w'imyaka 9 mu buraya!?!! || Gusa ntimusoze umwaka musesagura nk'uko muri iki kiganiro biri kzbin.info/www/bejne/fqnGioF_jbKfg5o
@brightvonline50882 жыл бұрын
Ibyo bakwigishije ni discipline ntabwo ari ugukizwa,kandi ntabwo bisaba ko ubikura mu idini
@gasoreleons27282 жыл бұрын
Ambiance
@uwasebetty69332 жыл бұрын
Gerard nanjye wampaye ikiganiro please
@mrgooner622 жыл бұрын
Uri na keza rero!
@arecasarecas77962 жыл бұрын
Disi abana bacu bitwa amazina ajyanye nibihe, Fabrice bivuze ikinyendaro
@vuganezagregoire72332 жыл бұрын
Ibyo byose aba abeshya nkuranga ndamuzi neza ibyo byose aba ari kubeshya
@arianeumurerwa41902 жыл бұрын
Ngewe mbona gushyiraho intebe abantu bakicaraho aribyo byiza. mbona byorohera uvuga kwisanzura atavunitse. Iminota 40 uhagaze ni uko uba ufite umugongo. Ari amasaha abiri hari abatabishobora.
@ishimwesandrine34273 ай бұрын
Niko babishatse
@africanqueen94522 жыл бұрын
Ndamukunda mama Fabrice
@tuyishimeclauch26512 жыл бұрын
ndakuzi nago nari mbizi ko wabikoze urumumama mwiza
@francinetwagirayezu53222 жыл бұрын
Mbega ngo wasambanye nabagabo 100 mbega agahinda
@jeenali39912 жыл бұрын
Yewegayewee ngo ntatako ngo ntufadikaa🤭🤭
@nyangezijules46322 жыл бұрын
Uyu mugore ninamwiza kbs gsa nibyiza kuba warabivuyemo uri ntwari
@wivetv78672 жыл бұрын
From wive
@umukuliraclaire21262 жыл бұрын
Uzaduhulizw Mama fabrice na Mama Debord turahamya ko hali Imitima Izakizwa
@christophejacqueline4472 жыл бұрын
Bene data tube maso kuko aba bantu mba mbona batarabivamo sinsi impamvu babivuga gusa kuvuga ibibi wakoze uri confidence birimo ikibazo
@mukeshapierrecelestin32152 жыл бұрын
Christophe, ukurikire neza si confidence y'icyaha yanyuzemo, ahubwo ni confidence y'agakiza ka Kristu umurimo. Yaniseguye kandi, yavuze ati ushobora kumbona gutya ukagira ngo...... anasoza yavuze password y'ubu buhamya bwe. Si uguharanira gutwika nk'uko hari undi wabivuze, kuko aho batwikira bishimira ibyaha naho harahari. Igumire mu gakiza neza muvandimwe Mukankuranga Jacqueline, ntugasubure inyuma, kandi uharanira gukiranuka muri byose.
@chantalndihokubwayo6772 жыл бұрын
Ntanahutomugeza
@antambow78012 жыл бұрын
Mama we
@domjobs2 жыл бұрын
Mabeshu warakize? Ahaa! Amatako ntiyamugaye ni mazima??
@uwamahoroodette74152 жыл бұрын
Aha hantu mukorera ikiganiro ni he ko ari heza ?
@kokobello84772 жыл бұрын
ntago wari indaya.umwana wimyaka 9 aba ari umwana.abagusambanyaga nibo bagome.
@epimaquekayitare7022 жыл бұрын
Nta gatako nta kabuno mbese udafatika.Abagabo basinze ntibajya batoranya.😋😋🤣🤣🤣
@akabutotv42202 жыл бұрын
😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣karibu kumeza mutware
@gahongayireflorence61622 жыл бұрын
Ayiwe unteyubwoba 🤦🤦🤦🤔🤔
@radiol.v.e2 жыл бұрын
Wahinduye coiffure Gérard. Ariko irakubereye
@desireirakoze44292 жыл бұрын
Yesu weeeee
@kabera33342 жыл бұрын
You're so funny
@francoisenkazibona27332 жыл бұрын
Ndabona ubu niga butarakuvamo
@uwingabirejosephine99292 жыл бұрын
Muraho amakuru ndabasuhuje mwese abakurikiye hano uburara nibubi ariko hari igihe buba buri mumaraso cgamumuryango. Ni karande.
@vuganezagregoire72332 жыл бұрын
Ibyo byose nkuranga avuga arabeshya abanyamakuru namwe mujye mubanza mutare amakuru ko ibyo umuntu ababwiye koko ari byo mbere yuko mubishyira kuri social media ngo imyaka icyenda kweli🤔🤔 ntukabeshye ku myaka icyenda twarigana ga ndakuzi ntukabeshye wari umwana nkabandi ubwo sinzi ibyo uba ushaka
La femme bouge trop. On pourrait penser qu elle a une certaine instabilité quelque part.
@jessiebryan37232 жыл бұрын
Kamikazķ
@byiringiroemmanuel9932 жыл бұрын
Ariko gerad urantungura peee !!!
@vuganezagregoire72332 жыл бұрын
Nkuranga koko kuki ubeshya ubwo uba ushaka ngo utwike koko? Nta mitwikire ntubizi ko twari duturanye umuryango kuwundi? Ubwo uzi ko ibyo byose uba uvuga biba birebwa nisi yose? Ukisebya mbene ako kageni ntasoni ngo 12ans jya ureka kubeshya rwose turakuzi
@christineumuziranenge31182 жыл бұрын
Mu bigaragara Koko!!100 ryararenze. Gusa ibyo kuvuga ngo yari umukobwa mwiza wapi rwose mu bana n'abakobwa beza muri quartier iyo biba bitera uburara siwe wari kuba cyo pe!!!Hari abana beza bavuka ahantu hari frw basa neza kdi we rwose yavukaga mu bakene.njye sinjya nanamenya igihe yaboneraga umwanya w'ibyo kdi ari we wabaza yita kuri barumuna be benshi yari afite. Umuntu ni mugari
@bmkabano91192 жыл бұрын
Wasanga umuzi
@christineumuziranenge31182 жыл бұрын
@@bmkabano9119 Of course nanjye iwacu ni mu Gatsata
@mukensengiyunvaodile44842 жыл бұрын
Nimwiza Wimusebya Ndamuzi Mugatsata.
@christineumuziranenge31182 жыл бұрын
Musebeje ngo iki se??ntabwo undusha kumumenya. Icyo nashatse kuvuga ni uko ubwiza avuga butarutaga ubw'abandi bana bari mu kigero kimwe Ku buryo aribwo bwatumye yigira ikirara!!!ibyo wise kumusebya se ni ibihe?nushaka umbwire nkubwire abana beza bo mu bakire kdi batigeze biyandarika. Njye mbona icyamuteye uburara ari ukutanyurwa n'ubuzima bw'iwabo tout simplement ahari no kutabona umwitaho kuko nyina yabaga ari kwishakira ibitunga abana cyane ko ari benshi
@christineumuziranenge31182 жыл бұрын
@@mukensengiyunvaodile4484 Ubwo se kumusebya birenze ibyo yivugaho kwaba kumeze gute?
Abaye icwende ntikoga,niyo koze ntigacya; imvugo yawe iragaragaza ko ukiri yo pe!!Niba ari ibyishimo ko uri imbere ya camera simbizi,ariko urashimishije maman courage komeza urugendo watangiye
@turibamweali86612 жыл бұрын
Nonese ku myaka icyenda anywa ibimogi wumvako imihogo ye itahangirikiye? Nonese buriya Pasiteri Theogene(inzahare)ko ijwi ryanze kugaruka ushaka kuvuga ko nawe akiri indaya cyangwa ko akinywa ibiyobyabwenge? Tujye tureka guca imanza kuko umucamanza aracyakishoboreye
@alphamum29932 жыл бұрын
Ntimugace Imanza ubwose umurushijiki,aravuga Yesu ariko wowe uravuga ubujajwa