Yooh I am so sorry for what happened in your life but God is with you soon God you will reward you everything is happening with reasons Timamu that love ❤️ will come in will of God be blessed for your testimony 🙏🙏🙏🙏
@jptipsters3 жыл бұрын
Thank you so much for this moving testimony bro. I grew up in ADPER and followed the same teaching, and I thank God for Salvation but I should not have believed in everything they say. Byaranankurikiranye mu mikundire ariko nubwo biturinda byinshi hari aho bitudindiza. Humura Imana izagushumbusha kabisa kandi ushikame gusa ntibizagukure mubyizerwa nubwo ugomba gushishoza kandi ukifatira ama decisions ☝👌
Waouh, this man looks sincere, and he's speaking from the bottom of his heart
@suleimanjannabo3133 жыл бұрын
Thank God my brother ,God has protected you against her. She will regret about it
@liberatagasasiratraore16792 жыл бұрын
Thank you for this testimony, Timamu 🙏. As Christians we should use the wisdom God gave us, and remember that Pastors are human beings, just like us. We should always go back the Bible and make sure what they teach us corresponds to the Word of God. You said it right: “everything you lost came from you”, God will multiply that a hundred folds and much more. Do not worry, do not despair, for He is with you. Blessings to you Timamu, you are amazing I pray that God gives you a good wife, a helper, who will truly love you, respect and make you proud, as you well deserve. 🙏🤗
Ntaburenganzira afite bwokukwima umwana, go to the court. Your have the same right on your child, nkeretse hari child support utishyura waba warategetswe nurukiko, otherwise she doesn't have the right to do so.
@irakozeevelyne66033 жыл бұрын
nimba batakoz ADN yomenya gut karuwiw?
@patm82513 жыл бұрын
@@irakozeevelyne6603 Nubwo basanga DNA idahuye nase, mumategeko numwana we.
@Larose1988 Жыл бұрын
Yoooooooo Timamu poole saaana bro, ndakwibuka waje kuririmba i Burundi muri église nahora nsengera Maranatha, Imana ibabe hafi cyaaaane
Et malgré tout ça you can still smile!!nahamya ko wamenye Imana
@jonathanndayisenga3173 жыл бұрын
Yoohhhh, Timamu shenge nkwibuka kera cyane mbona ushaje none wabaye umusore pe, Imana ni nziza pe gusa Timamu warukumbuwe pe wari warabuze gusa komeza Imana irahari ariko ntuzongere kubura cyane
@yvetteiriho68823 жыл бұрын
Ash nta banga rikibaho kabisa murikigihe.wihangane Timamu mbon uri beaugar uzobona uwundi aguha agaciro.komera🤝
@gajuangevanessa7607 Жыл бұрын
Ahantu bipfira nigihe umuntu ashaka umukunzi akaba aziko azamubera byose ngo akamubera papa cya ngo akamubera mama Reka Reka , iyo witeze ibyo birapfa, ntago umuntu ya parfominga role zose Reka umugore Abe umugore numugabo abe umugabo ibindi Wapi, anyways pole sana Imana ishimwe ko Ubu Umeze neza.
@kobusingemunyanajesca64283 жыл бұрын
Timamu muvandimwe ,iyomyumvire niyo yatwishe iratumara yogatsindwa gukunda kwizera umuntu ukumva ko azakubera byose ndavuga ngo ukumvako azakubera mam , sister cousin nibindi cya pap musaza nibindi nicyo cyinu kibi nabonye gikomeretsa, nanone kubabarira 1,2,3, byica nabi muvandimwe
@blandineineza84493 жыл бұрын
Imana yaduhishe ibanga rikomeye.kutareba Mu mutima wundi.
@kobusingemunyanajesca64283 жыл бұрын
@@blandineineza8449 yaraduhamije gusa ifite impamvu yabikoze uko
@rodrickjaven15813 жыл бұрын
@@blandineineza8449 Imana irarengana burya ni amahitamo y umuntu kuko nta muntu wakwihisha amezi 6 ngo abishobore nonese hari icyo uyu mugabo Atari yarabonye koko ?ariko yabirenzeho aramushaka, ikibazo si Imana ahubwo ikibazo n abemera kuyoborwa n amarangamutima aho gukoresha ubwenge Imana yabahaye nta na rimwe uzigera wumva umuntu mukuru wahindutse mubi ntibibaho ahubwo aba mubi kuko yari asanzwe ari mubi kandi warabibonye ukabyirengagiza nyamara mwagera mu rugo kuko uba ubana nabyo umunsi ku wundi bikakunanira kubyihanganira ugata umutwe nyamara wari kubyirinda mbere ukamureka ntimubane. ubundi bugoryi bukaba mu madini aho umwe abeshya undi ko yamweretswe kandi ubwo ntaho bahuriye ntibakomoka hamwe ,imiryango yabo ntibishaka ariko bakabeshyera Imana kandi ikitahawe umugisha n ababyeyi si icy'Imana kandi nta nubwo ishyingira abadahuje inkomoko kuko ntiyakuvana mu biwanyu ngo ijye kuguha abo mudahuje aho muzabyara abana bazagira ibibazo ntibemerwe n uruhande rumwe cg zose ibyo si iby Imana ntago igendera mu kavuyo ibyayo biri ku murongo bikabamo amahoro rero rwose abatwawe n amadini bemere kuba injiji ariko ukuri ko guhora ari ukuri niyo mpamvu niyo bakitwaza Imana kajana batabura guhura n ingaruka z amahitamo afutamye yabo burya Imana yatanze ubwenge ngo tubukoreshe uzanga kubukoresha rero akabeshyera Imana ngo niyo yabimutumye ukuri ko ntazakubeshya kuko ingaruka z amahitamo ye zizamugaruka kandi Imana ntizabibuza kuba kuko yanze gukoresha ubwenge yamuhaye ngo abyirinde bizaba rero arire abane n ingaruka zabyo iteka abyakire nyine yiyakire ubuzima bukomeze nta kundi ikibazo gusa n abana baziramo kandi batarabihisemo ubwo nabo bazibamo bakiyakira nyine.