Alice rwose birakwiye peu nimero ye niriya yo hejuru iherwa na 82 dufatanye peu
@josephnkundiye44004 жыл бұрын
ndashaka ko uyu mwana twamwitaho pe! ndifuza ko twakora group tukabiganiraho! plz, call me on 0788960447
@mukaberafelicite23854 жыл бұрын
Good artist ever! He really deserves support please
@asiimwejustine8994 жыл бұрын
Nukuri pee
@ngabiranoemmy58834 жыл бұрын
Yagize amahirwe maman we Ni mwarimu . Yavumbuye impano ye akiri Muto. Gusa impano yo arayifite kabisa akeneye kujyanwa mu mashuri ya special needs. Uwiteka amwiteho
Uyumwana afite creative afashijwe byazamuteza imbere azi gusobanura neza ibyo akora kdi ndumva ashobora kuba azi n'izindi ndimi
@tugumefidel6924 жыл бұрын
He is such a talented young man that the government can take on and he specialises in his art which can in future brig Rwanda on a world map. This boy doesn't need to be bothered with other subjects, his talent is in art and he should be supported to continue with this talent! Oh God. This guy van really tell a story with his art I'm telling you. And he is so truthful of himself
@nolastar124 жыл бұрын
He is very smart boy🥰. May your dream come through boy❣
@kimisag4 жыл бұрын
noella Alice it’s not « through » it’s true. 😑
@nolastar124 жыл бұрын
@@kimisag I am sorry, i know exactly what I meant. Maybe that's is your expectation. If you dont get it . Read here in french"👉que ton rêve se réalise par garçon" true and through are different and I know. Hope you learn something today😃
@igihozonshuti21634 жыл бұрын
Afrimax tv please uwo mwana mumukorere ubugizi abashe kugera mwishuri rya Art because he is very gift and I believe he is one of the greatest upcoming Rwandan artist
D'accord avec toi. Dushaka ko abana bacu baraho uko twabayeho kandi turi mu bihe bitandukanye.
@mukasinevalenscine86874 жыл бұрын
Kuvuga ko umwana yashushanyije intare n ingwe nabyo n igitangaza kuruta kubeshya ngo atunze intare n ingwe narabakundaga cyane Niko gahinda mfite murabeho kbs Afrimax
@kabandanajanvier4 жыл бұрын
Uyu mwana afite ubuhanga butangaje! Akwiriye gushyigikirwa. Na Mama we akorerwe ubuvugizi abone akazi arere abana be dore aracyari muto