Wow she is my sister and my brother in law,am so so proud of u.You are my model Joe Doudou mukuru wanjye inama ungira nishimiye ko wabisangije n'abandi,May God continue to protect ur family.Much love
@brucekayitare47654 жыл бұрын
Iri vugabutumwa ryubaka ingo rwose, ubwo abandi birirwa bavuga ibyo gusenyuka mwe muravuga ibizima rwose. Famille Virgile, Isimbi Tv ( Sabin) mwese muhabwe umugisha!
@BucuraBwaRusine3 жыл бұрын
Woww Urukundo nirwogere babyeyi beza muzarenze 70 mukundana love you ❤️❤️❤️inkuru yanyu irasona neza mumatwe🙌❤️
@joselinemujawimana49382 жыл бұрын
Murakoze cyane Jackline❤️. Amennnnnn
@davincikerr39423 жыл бұрын
Mumbabarire kubivuga, nizere ko ntawe mbabaza, aba mamans b'iwacu bakwiriye ikamba. Ntuye muli diaspora, ikibazo cy' utubari mu Rwanda n'ingora bahizi... kirasenya, cyirica, gisazisha vuba.... bagabo/bagore mwubatse mukava mufite imitima mutubari... mugerageze kwihangana ntimubuhe priority pls... God bless.
@davincikerr39423 жыл бұрын
Yewe🌞, tuzasurane! I can relate to this 😁. Ibatangiye neza bararambana ubuziraherezo. Twe imyaka ibaye 19, turangwa namahoro menshi iwacu, namwe turabifuruza kubikomeza. Shalom🙏🙏
Virgil ndakwemeye kbs undenzeho. Wangu Sambusa na Soda man? Uziko nta ni 1500 ubwo wamusengereye bro 😀😀😀. Anyway, ndabakunze cyane nukuri. Muri icyitegererezo disi!!!
@nicelatamukashimo63014 жыл бұрын
Wow😘😘 mufite ubuhamya bwiza buryoshye kdi buratwigishije.👍👍👍Be blessed muri byose .... Proud of you dear cuzin Doudou😍😍
Urakoze Anitha. Uti warize, kandi bajya bavuga ko kurira ari qualite nziza wana! Hahah. Imana ikumve izakube hafi nawe uyemerere, izabikora nta kabuza. Ni karibu mu rugo..
Hey Kagenza. Siku mingi wana. Merci kandi always available, just let me know dupange.
@kagenza4 жыл бұрын
@@VirgileUZABUMUGABO Thank you brother. I'll look for you
@kabayizawilly66594 жыл бұрын
Ino couple itumye mpindura gahunda zo kudashaka narimfite ubu ngiye gutangira kurambagiza , well done guys and I wish you all the best in your marriage 🙏
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Wooow Kabayiza thanks for your comment. Itumye numva ko ikiganiro cyagize akamaro. Komeza uoange wangu. Buri munsi Imana ikora abakobwa b'umutima ikanakora abahungu b'abagabo. Iyo ufashe umwanya ukeyuraho igishishwa cy'iby'isi bigaragara inyuma, ukareba indani. Uwawe uramubona tu. Kandi mukazarambana. Once again thanks and bless you.
@kabayizawilly66594 жыл бұрын
Virgile UZABUMUGABO murakoze ku gisubizo cyanyu kandi rwose ikiganiro mwakoze cyankoze ahantu kandi nkeka ko atari jye gusa ni benshi bashimishijwe n’ibyo mwatuganirijeho, stay blessed 🙏
@iraneza53164 жыл бұрын
Courage Kabayiza.
@yvettekarasira60654 жыл бұрын
Wowwwww am very proud of u my brother nizeyeko ubu wamaze kurambagiza kuko ukwiye gukunda ugakundwa!Gukunda n'ubuzima kdi gukunda biva Ku Mana!Ndashima cyaneee Sabin kuko ibiganiro bye bifasha benshi!
@JojoJojo-sn3uv4 жыл бұрын
Ndabakunze cyaneee munkoze k'umutima peeee kandi ndafashijwe, ubuhamya buranyubatse cyaneee kandi cyaneee, numva ntakindi navuga uretse kubasabira imigishaaaaa itagananije. Mwakoze cyaneee Imana yo Mw'ijuru ikomeze ibubakire nukuri kandi izabikore nibyo tubifurije ndetse no murubyaro rwanyu muzarubere urugero rwiza mu guca bugufi no mu rukundo birimo kwihanganirana. Gutanga ubuhamya nikintu gikomeye kandi cubaka buri muntu wese nanjye buramfashije. Ubuhamya bwanyu buri tres sincere cyaneee mbega burimo ukuri gushingiye kubaka abandi budashingiye kuri orgeuil cangwa se ubwibone. Buranyubatse cyaneee kandi cyaneeee peeee. Nzi neza ko hari benshi buzubaka bagakomeza urugo rwabo ndetse nabari bagiye gusenya bakongera bakiyunga kubera kumva ko umugabo asaba imbabazi kandi ko umugore nawe asaba imbabazi byose bigahurira murukundo kandi bigakomezwa nurukundo. Isimbi tv Imana ibahe umugisha namwe mwakoze kutuzanira couple yubaka umuryango muri rusange ishingiye kubuhamya bwabo.
uyu munyamakuru ni mwiza, ubona ibibazo by imiryango yarabigize ibye ashaka ko bikemuka rwose. KEEP IT UP, URI INTANGARUGERO
@francinemuziranenge11394 жыл бұрын
Nice family
@ngirababyeyialfred3 жыл бұрын
Umugabo w'indekwe rwose. Ndakwishimiye cyane
@umulisagraceumulisa41954 жыл бұрын
Merci bcp Virgile na Doudou. Témoignage nziza kandi yubaka. Nk'umuvandimwe twareranywe je suis trop fière y'urugo rwanyu Camarade wee. Grâce ( Mimi )
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Merci Mimi, erega ku ifishi twahavanye impamba. De Muhima rwose yatubereye fondasiyo.
@erenestebashimubwabo62434 жыл бұрын
Hhhh, Salute kuri iki kiganiro Sabin, aba bavandimwe baduhaye inama nziza cyane zikungahaye. Ndifuriza buri mu Jeune kukireba pe, they should be our role model.
@bagambikiolivier98884 жыл бұрын
Wooow! Uru rugo ni intangarugero. Bafite ubuhamya bwiza !
Amen. Mary ngaho se subukura gahunda nyabu. Kandi usenge Imana izabijyamo.
@itangishakaaugustecesar74754 жыл бұрын
Mon commisaire Virgile ntabwo nagenda ntavuze utanze enzupirasiyo nziza utanze inama nziza abatarashaka twakurikiza Dudu nawe rwose abandi bari bakurebereho
@celestekakunze80374 жыл бұрын
Thank you Sabe buri munsi utuzanira abantu bafite ibintu byiza byokwitaho, iyi couple ndayikunze cyane Imana izakomeze ibubakire.Uyu mugabo Imana Imuhe imigisha ukuntu akunda umufasha we ndabikunze nibake babikora.👏👏👏👏
@joselinemujawimana49384 жыл бұрын
Amen...murakoze cyane
@mrt.19504 жыл бұрын
Ooooh,mbega famille nziza,sinsanzwe nkora comments,arko iyi numvise ntayikoze rwose naba nkosheje.Virgile mbonye nkuzi,arko ndakwishimiye cyane hamwe n'umudamu wawe.Buriya mwongeye kuduhugura twe twubatse kd n'abatarubaka iki kiganiro kizabagirira akamaro,harimo ukuri kwinshi.
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Merci Gihana. Comments yawe iri mu zatwongereye imbaraga tukumva umwanya twafashe na risque yo kuvuga ibimeze nk'amabanga y'urugo byari ngombwa pe. twishimiye ko byabafashije. May God bless you.
@isabelleuwabera28394 жыл бұрын
Camarade we!, Ça fait plaisir de te voir warabaye umugabo, njye nkuzi turi muri primaire ku muhima. Que le Seigneur continue de te bénir dans ton foyer.
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Ehhh ibaze Isabelle we, ubwo twari tukiri za kadogo pe. Be blessed too. Nanjye ni ukuzampa iyo chance nkakubona nyuma yimyaka 30 irenga.
@mukabahizijeannine8824 жыл бұрын
Yoooo Uraho Camarade ndakwibuka utubana uwa mbere Ku Muhima nukuri ndakwishimiye na madame wawe .Imana ikomeze urukundo rwanyu
Sabin thanks watuzaniye abantu b umumaro These people are real Doudou you are a strong lovely woman and Virgil nawe urakoze cyane kubwira abagabo ko bagomba gusaba Imbabazi ntacyo bitwaye.
Merci Nicky for appreciating. Ugize uti woouest nka teacher Mpamire.
@Amizerotv16194 жыл бұрын
Comme Christian spouse muzajye kuri paroisse muherereyemo mwigishe les fiancés qui se préparent pour le mariage
@victorhundorumuri59044 жыл бұрын
You are Right!
@manoumanou16444 жыл бұрын
Iyi couple ndayikunze, à part urukundo rwabo rugaragara, urabona they are best friends. Icigwa nakuyemo gose dudu kubwira imana kabisa ni vyiza Kuko ikemura ikibazo, ikanabika ibanga. Papa Virgile nakunze ukugene madame umwereka urukundo, nashimye n ingene musabana imbabazi. Love from UK
@familylifeandbeyondwithjoy95784 жыл бұрын
This couple ndayikunze pe murashimishije mwambaye nibisa keep it up
@jeanneigiraneza83674 жыл бұрын
Kabisa Dudu uri umugore mwizaaa péeeee, très mature. Kandi uri na trop Belle ujyoheye ijisho. Ariko kandi nsubiye kuri Virgile wawe, Il est trop trop gentil et aimable. Yansekeje peeee, sa Facin d, être biratera abantu ibyishimo. Nimukomeze murwubake mwiragiza Imana, n,ukuri Imana izabagirira neza kandi izajya ibarengera. Ikindi nacyo n,ukuri muraberanye peeee kandi nogusa murasa. We love you.
@@VirgileUZABUMUGABO ishobora kuba irimo pe kiriya gihe byari bikigendeka.abantu bagifite imitima mizima batarandura.ubu se koko ninde mu type wambwira ngo yatinze gutaha.akubaza niba aricyawe yatwaye.ibeshye se umubaze ngo urihe
@salimaahmed40784 жыл бұрын
Ikiganiro kiza cyane cyubaka society ya banyarwanda kubyerrkeye umubano 😍😍😍😍
Ariko nkumuntu ukanda 👎 ku nkuru y’uburyohe nkiyi, abashaka inkuru zimeze gute koko koko?!🤔
@africanqueen94524 жыл бұрын
Jojo Chloe nanjye nabyibajije biranyobera pe
@kigalicybernetplus12734 жыл бұрын
babita abacontre siccee lol
@CetribeaBurundibwiza-tz5le4 жыл бұрын
ABA aruwipfuje umwe murabo babiri akamubura, akaba apfanye umujinya.
@mamaal69494 жыл бұрын
😂biba bijaguye
@erickbizimana4 жыл бұрын
Nibagusubiza ndaboneraho
@yeswecan20162 жыл бұрын
Nukuri Imana ikomeze ibane namye
@joselinemujawimana49382 жыл бұрын
Amennnn…. Urakoze cyane
@nakymercy84474 жыл бұрын
Truth to be told this is my first time to comment on any youtube video. Sabin ibiganiro utanga nibyiza cyaneeeee. Mubyukuri hari abantu benshi batagiriwe ubuntu bwo kuba bakurira mumuryango ubatera inyota yo kuba bakubaka ingo zabo zigakomera, they had their own experience and tried to manage it to their best .Ariko mubyukuri nabo hari imbuto beze kandi Nazo iyi impact zayigezeho. In summary, this whole thing hasn't just started now.it was there right from the beginning. Such kind of topics help people to understand that it is possible to make a home regardless of their background, it shows the public there still places to make a good and God-fearing marriage. And at the end there is still love. A good marriage >>responsible children >> responsible citizen which makes up a good and an ideal country with people who are good at decision making. ”charity begins from home” Sabin, I don't know if I'm wrong but ever since you changed your status, your impact as a journalist has highly increased( positively 👌)We need more people like you 👌
@ISIMBITV4 жыл бұрын
Ooh my Goodness😭Thank You so much my dearest Abizeye. My big goal on this platform is to impact our society in a positive way. Imana izanshoboze sinzateshuke mu murongo ndimo, kandi nizeye ko ibitekerezo muzajya mumpa bizamfasha kurushaho gukora ibyiza. God bless you🙏🏾
@nakymercy84474 жыл бұрын
ISIMBI TV thx🙏 may He continue to bless the work of your hands too.🙏
@rwogerawarusekabigwari73263 жыл бұрын
Naky thank you we try everything bikanga kubwimico nimiryango bakuriyemo mbona biri kunanira pe Ndigusaba Imana ngo impe kwihangana no gushyigikirwa bcs of our children
@jeanfabytheoder95774 жыл бұрын
Yewe data weeee, iyi couple neza neza dusangiye story imwe pe. Domage kontuye imahanga sinon twakagombye guhura pe. Guys, may God continue to bless you
Chn Dudu Ndumva Aringe Kugahuru pe Gusa Imana Ibubakire Urugo rwanyu💞💞
@solangeuwimana60154 жыл бұрын
Mbega urugo rwiza Mana weee Imana ikomeze ibubakire
@joselinemujawimana49384 жыл бұрын
@@solangeuwimana6015 ariko Mana weeee namwe muba mwanditse byiza cyane weeeee....murakozeeeeeee....Ameeeeeennnn
@tuyishimefrancine88854 жыл бұрын
I do love u ma pipo. Sha kuva nabaho nibwo nshyize cmnt aha hantu ni nabwo ndebye ikiganiro kikarangra. Uwiteka akomeze abahezagire ibihe n'igihe n'agace k'igihe. Urukundo nirwogere, murambe kdi murambane.🙏
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Thanks Mama Pinzorex. Namwe Imana iduhane umugisha. We love your ka family too and I know you know that we know you know.
@joselinemujawimana49384 жыл бұрын
Merci Fanny de nous God bless us bless our families shan
@oliveolive64014 жыл бұрын
Mufite ubuhamya bwiza abakiri bato twabigiraho pe ibi bizafasha benshi Imana ikomeze ibashyigikire rwose Imana ibahe umugisha
@joselinemujawimana49384 жыл бұрын
Amennn umugisha tuwusangire
@uwizeyimanadenyse56714 жыл бұрын
Yewe ababantu nabakunze pe baranshimishije cyane mbasabiye umugisha mwinshi Ku Mana
Murakoze kudusangiza ubuzima bwanyu kugirango mubere urugero abandi. Mumbabarire mvuge akantu kamwe yenda katari bushimishe! Gushyira match ya Arsenal ku munzani umwe n'umugore n'umwana arsenal akaba ariyo itsinda rwose ni agahomamunwa! Nizere ko uyu mugabo atari akomeje pe azabitekerezeho neza. Bibiriya ivuga ngo bagabo mukunde abagore banyu nk'aho ari umubiri wanyu (like you love your own flesh). Umubiri wawe uwitaho aho ubabaye ukawuvura
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Thanks Muvandi. Hari akantu uvuze ntasibanukiwe aho nakavuze, wamfasha ukahanyibutsa wenda nkakubwira icyo nashakaga kuvuga. Naho usibye na Arsenal (dore ko n'ibya Football ntajya mbimenya) nta kindi kintu na kimwe ku isi cyagombye kuza imbere y'Umuryango wawe. Erega maye niho dushinga imizi.
@thekamusfamily4 жыл бұрын
Ndushijeho kubamenya no kubakunda cyane.Rurema agumye abubakire
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
Thanks Eugenie. namwe Gitare abahe umugisha.
@joselinemujawimana49384 жыл бұрын
Amennnnn....merci bcp ma grande
@daphrosebutoyi51384 жыл бұрын
Philosophique uyu mugabo kweli
@nyabiroriolive31164 жыл бұрын
Ndabakunda nubwo ntabazi ❤❤👌👌
@mucyolouis89174 жыл бұрын
wow,kbsa mumpaye isomo pe
@luciem.95514 жыл бұрын
Virgile na Dudu murakoze cyane ku nama muhaye ingo! Nkunda couples zivuga ibintu ku buryo buri spontanée nta bintu ubona bateguye cg theories zo mu bitabo! Ikindi, burya uburere iyo burimo no gusenga, nta kabuza urugo rurakomera!! Nyagasani akomeze abane namwe!
Vesti igize uti nawe warareganaga hahaha. Kariya gakaye ni ingenzi da. Abasore twe dukunda kubijugunya muri ka manyinya ariko mwumvise ko isosi kari kayishyizemo ubushishi. Mu isi nshya nibatwemerera gutereta nzongera nterete Doudou ariko nanjye nshake agakaye da ngabanye kontwari..
@machanical014 жыл бұрын
@@VirgileUZABUMUGABO hahaha nukuyigabanya umuntu ABA yabuze mugasanga twahaze imyuka kdi muba mutekereza ko Ari ugufuha?yabaye urukundo rubitera tubashaka iruhande ngo tubateteshe naho muri zanirindi ntacyo bibabwiye, ikibazo ngira kuki ku mwana wa kabili ariho bitangira kugaragara cyane?
@VirgileUZABUMUGABO4 жыл бұрын
@@machanical01 Imwe mu mpamvu nubwo nta bushakashatsi bwimbitse twakoze, haba hamaze kuba responsabilite nyinshi. Noneho abantu bari bamaze kumenyera ko affection na care ari ibyabo gusa (cyane cyane abagabo burya hari ukuntu duhita ducomeka urutoki tukibebeza), yabona batangiye kuzigabana ari babiri (ku mwana wa mbere) akihangana, cyane cyane ko biba bikiri no hafi y'ubukwe, haza uwa kabiri rero. urumva cake waryanga uri umwe, mutangiye kuyirya muri bane, bkanga kuvamo. Ah rero iyo mudacunze neza hazamo utwo twa zwahama. Noneho burya iyo abadamu batwite cyangwa bakimara kubyara hormones zigira imyivumbagatanyo, na stress yo kwita ku bana babiri, kandi uzi abadamu ukuntu baba bashaka kwita ku bana cyane, ugasangaa ararakazwa n'ubusa, emotions zikazamuka, umugabo bikamucanga. Akayoboka kontwari gutyo. Mudafatiye hafi rero, hazamo utwo tubazo tu.