Wooow thank you so much kugitekerezo cyiza muduhaye# turabakunda💞
@mukizafabrice43852 жыл бұрын
Hey guys my name is Fabrice. Am in Rwanda but i really want to encourage u 2keep up bcz this is a very hardworking of u! So we here for u🙏🏿🙏🏿🙏🏿👌🏿👌🏿👌🏿👌🏿👌🏿👌🏿👏👏👏
@healthiswealth9062 жыл бұрын
*💐UBUHAMYA BUREBA ABASHAKANYE NABITEGURA KURUSHINGA💐* Amazina yange nitwa Umwiza Nadia Ntuye Rwamagana, mu murenge wa karenge nashakanye n'umugabo wange dukundana ndetse dufata umwanzuro wo kubana ubuziraherezo. Nkuko rero bigenda nyuma y'ubukwe ntakindi Couple ziba zitekereza uretse noneho amatsiko nokwibaza uko bazatangira kujya bahamagarana papa na mama runaka. Nubwo twe atariko byagenze. Iminsi yarashize rero nkumva mfite amatsiko yo kuzabona ntwite ukwezi kwambere kurashira. Ndatekereza nti buriya ni mugutaha nako biranga. Natangiye guhangayikika rero nyuma yuko twamaze umwaka dutegereje. Umugabo wange yambereye imfura ariko ntababeshye nge natangiye guhangayika nkumva ndigunze nkiherera nkarira. Nibwo nabwiye umugabo ko dukeneye kujya kwa muganga. Twagiye mu mavuriro naza Hopital duhura n'abaganga batandukanye. Gusa baza gusanga umugabo wange afite ikibazo kintanga zigenda gake cyane kandi ngo zigapfa vuba. Ngewe bambwiraga ko narimfite ibibazo by'imisemburo Yatumaga imihango yange igenda nabi rimwe nkagira iminsi ihindagurika. Ndetse nama Infections. byaratangiye nkiri n'umukobwa. Twahawe imiti turagenda turayinywa twamaze indi myaka 2 twivuza byaranze. Naje kwegera umuganga wari inshuti yacu wakoraga kuri Centre de Sante, muganiriza ikibazo cyange aza kundangira umuganga w'inshuti ye ukorera Kigali ukorana na Company y'abanyamalaysia maze umugabo wange anyemerera ko twamusanga tukareba niba haricyo badufasha. Twafashe umwanzuro tujya Kigali maze duhura nawe. Baduhaye imiti maze ngira kwizera ndayifata n'umugabo wange bamuha iye Twarayikoresheje nyuma nahise mbura imihango mbanza kugirango nikwakundi yatindaga kuza, ariko ntangira kugira ibimenyetso by'umugore utwite. Nagiye kwa muganga barampima bambwirako nasamye. Numvise umutima wange wuzuye ibyishimo. Imana rero ntitinza amasezerano twaje kubyara. Ubu umwana wange w'umuhungu agize amezi arindwi. Muminsi ishize wa muganga wange yaradusuye azanye nitsinda bakorana baraduhemba nukuri numva ndishimye. Nange mpita niyemeza kuzatanga ubuhamya bwange wenda hari uwo bwazafasha. Wowe usomye ubu buhamya ndagusaba kubusangiza abandi harubwo bafashwa nkuko nafashijwe. Ukeneye kubonana na muganga wanjye wakwandikira cg ugahamagara iyi numero : +250788297184/+250722297184( WhatsApp and call). Haracyariho ibyiringiro Imana iduhane umugisha.Kora share n'abandi bamenye gukomera kw'Imana.umunsi mwiza