Egide uvuze uku nange ndi muto numvise ko ndanda ariwe wambere winjiye gereza rwose ariko se atacyabaho mumbwire kuko ndamwibuka kuri 40 inyamirambo
@user-lw3fv1ig6u7 күн бұрын
yaguye muri prison
@user-fn6tq5ku2t13 күн бұрын
Cosmos nikipe yashizwe na Junior umuhungu wa Minister Ngarukiyintwari,Mitsindo Fidele wa Nsekalije ashinga les jeunes decides haje kuvamo abakinnyi benshi bajyaga bakiniye Bellevue, Arabica na pantheres noir, Ndanda yakuze ari igihazi inkoni ze namabuye kuntwari turabyibuka pe.
@BowazeMukeshimana16 күн бұрын
Nonese ko ndanda bivugwa ko yari umututsi uwo murwayi yamuhururije atazi ububi yakoreye abatutsi ?ibyabaye mu Rwanda ni akumiro gusa😢
Bonjour Egide...Nawe nukuri uri inzu y'ibitabo jy'ugerageza wandike byazafasha benshi kandi amateka y'igihugu cyacu akazamenywa na génération future...We love you
Uramuzi kuntwali yambaye imbunda ngufi ni imyenda ya gisirikre cg uraruka ubuterahamwe gusa ahubwo iyo aza byibura guhorera mukuru we Ismaël wishwe ni interahamwe mu nyakabanda uzabaze ashyinguye iwabo imbere mugikari hafi yi irembo
Urata igihe cyawe. Urata igihe ntidukeneye kumva amahomvu yawe. Ese wanyoye urumogi? Iyo mitunu yawe ko iteye ubwoba. Njye ndashimira Kazigaba, na Jean Paul Ntagara,Gahunde Chaste, Amateka atagoretse ya Padiri, n'abandi benshi bazi gucukumbura amakuru nyayo. Wowe uba uri mu binyoma gusa gusa.
@user-pz6ln3zd9w22 күн бұрын
Jyana ibimyira hirya wa nteras we. Tuzabahiga mpaka ntaho muzaducikira.
@Rud63622 күн бұрын
Wari umwe mu bagore ba ndanda wowe ceceka
@alliancykwizera808521 күн бұрын
Uyu mwaku utuka Égide waje kumara iki hano koko iyo ujya munterahamwe zenewanyu uvuga ntuze kumva ibitakureba se wa mahomvu we ari wowe ukavana ibyo bikobokobo aha ngo ni amatwi, uratinyuka ukadadukira iwacu nta soni wa mwene kayini we ko kazerera iteka mbare 1 watumutse ntacyumva umunuko wawe hano 🤮🤮🤮🤮 askyi urabona aho mwaduhereye mutuma umuntu yiga kuvuga nabi ariko mujye njye tuzagurukana mpaka muzibye iskyiigariwe 🤮ngo arata igihe ni wowe ugita uza mu bajiji utari umujiji wo gata abana ku nzira we nk'uko mwabataye abandi mukabarya.