Mubyeyi Imana iguhe kunyurwa ni kwitagatifuriza mu muhamagaro wahisemo ari ko ureke gusebya ababikira ubwo wari warayobye umuhamagaro. igisha inkuru nziza mu itorero ryanyu mureke guta umwanya mu isebanya ,no one who is perfect
@mahororangwa28623 жыл бұрын
Ukuntu uyu mupasiterikazi akunda inkuru z'ibitsina ubanza ahubwo ariwe wadukanye izo ngeso mbi muri abo babikira akaba ari byo yirukaniwe. Nguwo arasengera ibitsina b'yabagore n'iby'abagabo, n'ibindi. Niba ari n'abayoboke ushaka si uko bashakwa. cyo tubwire n'ibibi biba mu barokore rero nako biceceke ntabyo dukeneye, ubisengere niba usega ufite Imana ku mutima koko nanjye ndagufasha.
@GlorioseNTAKARUTIMANA-x5y16 күн бұрын
Amajambo yavuze kuri Mutesi ntacemezako arumu pasteur udafise umutima wokubabarana nababaye nuwahe?? Naje hiyo nasubire mukibikira nyene niho hamukwiriye
@@uwimanacathy5458 uyo uba mucyaro wari kwicwa n' amagambo wa mugore we rekera ho kubeshya.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Soma matayo 13:55 urabonamo abana Mariya yabyaye, matayo 1:18-25 urasangamo uko yozefu yarongoye Mariya nyamara Catholic bavuga ko yakomeje kuba isugi , mariya ngoo yagiye mu ijuru kandi nta murongo ubigaragaza muri bible. Yewe ibya catholique ni amayobera wa mugani wa padiri
Wa mugore we urabeeeesheee Imana ikubabarire. Ariko nkugire inama reka kuvuga ivyo utazi bizokugirira akamaro ...ngo amagufa ngo amazi yumugisha.. ngo Ishapure....sha na Bikiramariya koko ukamusebya n'ubwo bugambo budafashe koko!!!!yebabawe, ahubwo nuwo uri kukubaza ?????????EKLEZIYA IRAHAGAZE IYOBOWE NA ROHO MUTAKATIFU 31:20
@ingabirejacky67234 жыл бұрын
Ariko hari ikinyobera,ko ufite idini wowe abarimo bose bakora bimwe ? Ese hagize uwica iryo dini ryawe baryita iry'abicanyi? Twemere wenda ko abatinganyi barimo ,mu mategeko ya couvent baguhaye wasanzemo ubutinganyi? Kami ka muntu ni umutima we Wa munyamakuru we nawe wibeshyera Papa, Wa mubyeyi we mbona ufite mission yo gusebya ababikira,kdi gusenga si ukuvuga amasengesho menshi,ni ukugerageza kuba umuntu muzima ,si ukunenga ibyo abandi,ni ukwireba ubwawe ukareka ibyo unenga ku bandi So numva nawe utari shyashya rero reba neza ibikugora ureke abapadiri n'ababikira cyane ko utakiri n'umubikira
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
@@kesia8519 Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@volopacemus3 жыл бұрын
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
Imana ishimwe kuba haba ubu Islam idini itagira amakenga namwe.Mbega Ivya Katorika nibindi tuzobimenya hatanguye ubutinganyi muzozana nibindi.Ariko Islam iratwigishako ayomadini ari aya Shetani.Uhereye nokumisi mikuru yanyu.Ninziguro zayo,Bazohava bakugirira nabi kuvuga ukuri
@gakeri41624 жыл бұрын
Mukomere cyane Nyakubahwa Pastor!! Reka isanzure, kuri iyi mbuga, ntange agatekerezo kanjye Nn se ko numva urubanza uruciye ukarwanzura Wwe ninde waguhaye inkoni y ubushumba? Ndabona umaze kabiri, uzatubwire Kuva isi iremwa kugeza ubu, Ninde mugore wahawe inshingano zo kuyobora abana b imana? Yego, hari abagore babaye intwari, ark ntibigeze baragira umukumbi Reka mbe nciriye ku tini! Imana izaruca
Wigeze usoma mu bacamanza inkuru ya Deborah wayiboye ubwoko bw'Imana bwa Israel akayobora urugamba barwana na sisera umugaba wa yabini ( Abacamanza 4:1-23)
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Deborah yari umucamanza wabisiraheli soma abacamanza igice cya 4 urabisangamo
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor
@nadegemuhimpundu74884 жыл бұрын
Uwumva kwatampamvu yo guharira kuko bibwirwa benshi bikumva benevyo nampe like twigire,
La déception est une chose et sa gestion en est une autre. Ibyo uyu Epiphanie avuga byose abiterwa no kuba yarananiwe kubaho uko yiyemeje. Yavuga ibya ashaka, kandi amenye kwirengera imitima arimo yica/yangiza, yubwira ngo arabwiriza
@mukabarasiconstance52603 ай бұрын
Unva wa mubyeyi we ibyo uvuga nimyaka ufite n'invi zuzuye umutwe ntibihura pe uriyita umupasteur ariko iyo ubanza ukaba umukristu wa shake ikindi urisha ukareka gusebanya. Icyo nzi cyo aho kukubahisha biragusuzuguza rwose kandi Imana yo mw'ijuru izabikubaza
@unclechriss52203 жыл бұрын
Niba ari ubuhamya, tanga ibikwerekeye, Wenda uvuge uko waretse ubutinganyi...Aho gusebanya usobanura ibyo utazi. Imana ikubabarire kuko utazi ibyo uvuga!
@MarieroseKampala3 ай бұрын
Ndumiwe pe!!! Nanjye nabayemo nanavuyemo. Ariko ubutinganyi no kwikinisha ntabyo nahabonye. Ikindi biriya ni ibyaha bimenywa na nyirabyo. Ubwo uyu niwe wabikoraga agakeka nabo babana. Madame rero niba byarakunaniye reka gusebya abandi.
@mariekangabe54652 ай бұрын
Reka kubeshya bakujyane i Ndera mu mutwe wawe byavuruze, ugeze kure yoooo!bagutere amazi y’umugisha
@shyakaDenismanu2 ай бұрын
Ese abisi mwabaye gute amatwi yanyu arimo ibiti ntimwumva
@zachariehabyarimana77373 жыл бұрын
Ijambo ry'IMANA 1Timothée 4,2-3 riratwereka neza ababuza abandi kurongora cyangwa ibyerekeye ibiribwa cyangwa se ibinyobwa, atari ugushaka kw'IMANA. Idini iryo ari ryose ryitwaza Izina rya YESU cyangwa YEZU ribuza ubusugire n'ubwubahe bw'Ugushaka kw'IMANA mu biremwa bye ,bene iryo dini riba ryica ibiremwa bitaremye ribinyujije mu buhanga bwabo nyamara butari UWABIREMEYE, UBAHA UMWUKA W'UBUGINGO. Ikingenzi musome Bibiliya muyobowe n'UMWUKA W'AMAHORO N'URUKUNDO UBATUYEMO,,Mwese muziyigishirizwa n'IMANA ubwayo ibahumekeramo Yabiremeye.
@inhimilivemovehavemybeing3 жыл бұрын
Mama Imana ikurinde amaraso ya Yesu agutwikire kuko washyize hanze amabanga ya satani, uburinzi bw Imana bukubeho!
@soso-vv7pb4 жыл бұрын
Ariko abari guhakanya uyu mu mama muri kwijijisha cyagwa sinzi isi mubamo! Twe tuba mu mahanga ibi birashaje abana barabamaze babakorera ibibi biteye isoni birababaje cyane.uyu numwe muri bake bavuze ukuri. None uramuhakanya ute yarabibayemo! Mureke gufana mufungure amaso.. Yego si bose ariko abo bakora ibibi barahari, abatabikora nibo bake .. Umutagatifu wabaye kwisi numwe ni yesu abandi twese twambaye umubiri byose birashoboka. Mumenyereye intero imwe icyo nicyo kibazo
Nta hantu na hamwe hataba abantu batannye,rero si aba bikira bose,bikinisha ni nkuko aba Pasteur basambana nintama zabo,nabo nagatingana,wari gukizwa wowe,ntubikore,siyo mpamvu wavuyemo,ni uko ahubwo utari ubikwiriye,wasanze aho kubeshya ,Imana nabantu wareka ukaba wowe,rero si byiza gusebya aho wavuye,ntawamenya
@hajatihajati53573 жыл бұрын
Ariko de Mana ababeshya bose ngo bihaye Imana ko ba byitiranya ahubwo ko bihaye shitani ba shoboye bagahitamo kamwe ko kuba abagaragu ba shitani wikivume
@celestinmageza18043 жыл бұрын
Nyabuna mujye mutohoza mumenye cyane mwebwe b'abanyamakuru mureke kwemeza no gukwiza ibihuha n'ibinyoma: Papa ntabwo yasabye ko abaryamana bahuje ibitsina bakwemerwa ngo babikore, icyo yavuze kandi yashimangiye ni uko bagira uburenganzira (droit civil) bwo kudacibwa no kwirukanwa mu muryango. Urugero: umenye ko umwana wawe ari umutinganyi wamukorera iki? Wamwirukana ntakugarukire mu rugo? Wamufata nk'umwana wawe ak'umugani ngo ibyaye ikiboze irakirigata,...?
@ntibeshyaelie7154 жыл бұрын
urakoze ibyo utubwiye wande ni nabyo ariko se mwo kagira Imana mweee ubungubu weho nubwo waba ma soeur uzi ibingana iki ko formation mukora itatuma umenya byose hanyuma se weho uri intungane?/ ahubwo se twe nka abantu bato mwafashe umwanya mutwigisha aho kuwufata muducanga cg muvuga ibyandi madini nawe ubwawe udasobanukiwe neza kuko nawe haricyo uvuze mwiki kiganiro nzi neza ukaba ugisobanuye nabi rwose,njye sinkurwanya wenda u
Kiliziya yari igushije ishyano kugutunga nk'umubikira, Dieu Merci ko wohoshye ukagenda urabona ibinwa byuzuye ibyanga uvuga ubusa, ubutumwa bwiza ni ukwamamaza Christ ngaho vuga nibibera muri boutique church zanyu urumva ngo urasebya abihaye Imana banza uvane akajagari muri wowe ubone kuvuga abandi ngo nabanjye kureraabana b'abandi ubu mfite abanjye uzakurikizaho no gutwara abagabo b'abandi ubundi uheruke gushyira Imyenda ku mutwe, si wowe si umunyamakuru ukubaza mwese muri imisitwe vaho reka guta ibitabapfu menya ibyawe wagiyemo niba business y'idini yaguhombeye pfa neza utureke uzage mu ijuru ryawe wenyine gatumbagane
@habimanavencent8124 жыл бұрын
Wa mugorewe uzapfa nabi
@niyibahomarierose20484 жыл бұрын
Ko umutuka se nuko avugishije ukuri wasanga uriwe ma soeur nawe mwarayobye kabsa
@patricianiyonsaba93214 жыл бұрын
Ariko gutukana si ngombwa rwose niba abantu batumva ibintu kimwe. Nibuka kera twajyaga gusoroma za ndabo z'amoko yose bareta basohoye isakramentu , data utar'umukatolik akatubwira ati natwe twateraga izo ndabyo twasohoye imandwa nkuru.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Ukuri avuze kurabariye cyane. Ngo Mariya ntiyabyaye abandi bana? Ngo ntiyarongowe na yozefu, ngo Mariya yagiye mu ijuru asiga yozefu umugabo we? Ngo papa ni nyirubutungane ntajya yibeshya. Soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55 urasangamo abana ba Mariya na yozefu
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
@@habimanavencent812 kuko avuze ukuri muhisha. Uri umufana mwiza wa katolika
@julienne5103 ай бұрын
None se ikibikira yari yakigendeyemo abandi cg yari yagiyeyo wenyine kubera umuhamagaro niba waruwufite?
Sha wifitemo shitani umudayimoni wanga inzira y abihayimana Cyokora hari benshi bavuga nkawe Nugute uvuga ko uri pasitoro ugahindukira agasebanya kurwego uriho Ikindi uri mu kliziya ya kristu akurikiza yezu kristu Ikindi twese turi abanyabyaha nicyo cyamanuye yezu kristu mu ijuru Ikindi kurata ko usenga kandi usebanya ubyitondera muvandimwe
@ElvisYannick3 ай бұрын
Ahubwo papa numubyeyi izo ntoki zanyu mumutunga izisigaye zose zirabareba Abana banyu nabatinganyi ko mutabajugunya se???
@gahongayiremariechantal72723 ай бұрын
Wa mubyeyi iyubahe kdi wiyubahishe,k'uko ufite ikibazo gikomeye,Nyagasani agutabare
@schekaanasstamara88854 жыл бұрын
Ibi bintu nukuri narinsanzwe mbizi ayo mazi y umugisha nayo magufa nukuri Hari numubikira nagiye gusura anyereka aho baterekerera abakurambere Imana ibatabare izabahe agakiza
@isaacvtv5473 жыл бұрын
Uvuze ukuri, I used to be one of them ariko maze kwisomera bibiliya nsanga biratandukanye cane.
Ishapule ntabwo yanditse muri bibiliya. Ijambo bibiliya se hari aho ryanditse muri bibiliya. Niba kuvuga isengesho ryanditswe n’undi muntu ataribyo kuki turirimba mu nsengero indirimbo zahimbwe n’abandi bantu? Iyo tuziririmba se ntabwo bitugirira akamaro k’isengesho?
@muhirentaganzwa16944 жыл бұрын
Mbega mbega !!! NYAGASANI akugenderere, rwose ubaye waranabaye muri couvant si nibaza ko wagenda uvuga aho wavuye, ntabwo ari uko IMFURA zitwara pe! bibaye ari nukuri singombwa kugenda ubyasasa, Nyagasani, akugenderere aho uri uhahagarare gitwari, Naho burya twe tuzahabwa impundu dutabarutse!!! Itonde rero utazatungurwa!!!
@umutesigisele46144 жыл бұрын
uvuze neza @Muhire
@kasska30274 жыл бұрын
Ko imana yamugiriye ubuntu ( grace) akamenya ukuri, abinumye akavyibika ko yoba acumuye, erega mu bintu by'Imana nta secret ibamwo. Duhamagariwe gutanga ubuhamya muri ivyo vyose bifasha kuva mu gicumuro bigafasha gukuru mu mwuka. Jewe niko ndavyumva. If she keeps what she knows and had witnessed to herself, it means that she supports those who are doing it including the church mentioned, hence she is no different from any of them. It's like witnessing a murder and keep silence.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor
Urakoze cyanee. Njya mbwira abantu nti ntimukangwe n, Arya makanzu y, Ababikira n, abapadiri nti burya havugiramo Induru. Ngibyo rero uwabibayemo arabivuze.
@byicazaeric90993 жыл бұрын
Yawe TV wampaye number zuyu pasteur?
@cyizaclaudetv2 жыл бұрын
Imananitabare ibihetugezemo birakomeye
@ubuzimabwomucyaro29983 жыл бұрын
Papa ntiyemeje ubutinganyi nuko umuntu avuga ikintu abandi batunzwe nubugambo bagafata ibyo bashaka ese ibyidini ryawe byo bimeze gute ahubwo nureba nabi imana iragutwika umunwa nkwaturiyeho
Yewe mubyeyi mu byanyagasani ntavanga mutungo ribamo umuntu ni gatozi mu by 'Imana umubikira watinganye ntibyitirwe ababikira, ikindi ijambo ry' Imana rivugako buri wese mu itorero arimo Abe uwejejwe muriryo , Paul ahugura kubijyanye no guca Imanza yarababwiye ati uri muntu ki ucira mweneso urubanza???
@Alex-cb4rt4 жыл бұрын
Abantu bavuga ko uyu muma abeshya barashingira kuki? ndakeka ari ugufana bizira ubumenyi, aravuga ibyo yize abibamo kdi abisobanura uko biri nkatwe tuzi ibirenzi ibi yavuze kdi ntibitubuza kwinjira mu kiriziya. iyi kiterekero ni ibintu bisanzwe cyane ndetse na kiriziya Papa asengeramo yubatse hejuru y'amagufwa kdi si ibanga birazwi. niyo mpamvu mu kiliziya bakoresha ijambo UKWEMERA nukugira ngo wemere ibyo ubwiwe singombwa ko uba ubuzi.(ukwemera kuzirana no kumenya), Gusa nakugira inama yo kwirinda kuko bashobora kukwica bakuziza gushyira amabanga y'imyemerere yabo niko bakora
@ntibeshyaelie7154 жыл бұрын
weho uzi formation yab' ababikira ese amasomo yo biga urayazi,wenda yamenya ibyo byaba bikira ariko se ibindi yize muri formation ye nibihe byamuha kumenya byose,wowe se urashingira kuki uvuga ko avugisha ukuri?? wowe uzi ibingana iki kuri catholic?? wageze i Roma se raaa?? burya mbere yo kuja impaka tujye tubanza twige neza icyo kintu,wabona uri kuvuga gutyo utari n' umucatholic
@@Alex-cb4rt wenda ngize amahirwe mbonye umuntu nkawe nnese muvandi ko numva wenda wize izo theology na philo wenda nanjye nabyizeho ariko se urahamya neza ko ibyo yavuze byose ari ukuri?? nanjye nharibyinshi nzi ko yavuze ari ukuri hari nibindi ariko se urahamya ko nibyamazi y' umugisha aribyo inyo yayavuzeho??
@Alex-cb4rt4 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 ibyo yavuze byose sinahamya ko ari ukuri kuko nanjye harimo ibyo numvise bwambere ahubwo natangiye kubikorera ubushakashatsi, nk'amazi y'umugisha nanjye sikuriya nari mbizi ariko sinabihaka kuko nawe niba wibuka neza hari ibisigazwa bya mutagatifu Tereza w'umwana Yezu byigeze nokuzana mu Rwanda. Bivuze ko muri kiliziya kwizerera mu bapfu atari bishya kuko burya kiliziya ifite imihango myinshi cyane yahoze ari iy'abaromani( benshi bitaga iya gipagani) yinjijwe muri kiliziya ikaba igikoreshwa nanubu. Igitangaje n'ibyinshi muribyo binafitwe n'abiyita abanyamwuka kdi basebya kiliziya babikuyemo(ibyo bituruka kukutamenya neza ibyo umuntu yizera cg yamenya). Urugero rw'ibyizerwa n'amadini menshi kdi byari bisanzwe mu baromani bakere ndetse utazasanga muri Bible; gusezerana imbere y'Imana byaturutse mu mategeko y'ubwami bw'abaroma cg leta, isabukuru cg ivuka rya Yezu riba kuri Noheli, kwifashisha unusaraba mu myemerere ya gikristu burya ntabwo nabyo byanditse muri Bible ariko umusaraba wakoreshwaga cyane n'abaromani mu nyuzerere yabo. Igitangaje ariko nta dini rya gikristo ritawukoresha uretse abayehova niba ntaramenya beza niba bakoresha umusara kuko nabo ni idini nk'andi. Ni byinshi sinabyandika byose
@Alex-cb4rt4 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 mu kuri rero hari ibyo yavuze bitari rusange nkuko bavuga ngo muri gereza habera ubutinganyi, nibyo habera ubutinganyi bwinshi ariko ntabwo ugiye muri gereza wese avayo ari umutinganyi bivuze ko no mukibikira cg igipadiri bose badashobora kuba abatinganyi kuko badahuje imico n'unutimanama
@ElvisYannick3 ай бұрын
Sha nyagani azaguhane Pe!!!! Kuko uri gusebanya muruhame Ahubwo Rib igomba kugutwara Ese ubundi wavuze ibyawe ko Nawe utorohewe
Uko washyigikira Papa kose, Ntabwo uzi Ikiri ku mutima we N'icyo agamberiye, kandi nanjye Si nkizi. UKURI NI UKU: Ntabwo Papa yigeze avuga ko ubutinganyi Butemewe.
@mutuyimanaleoncie17364 жыл бұрын
Nyagasani akubabarire kuko ibyo uvuga ntabwo ari wowe hari undi uri muri wowe ukuvugisha ..gusa uzasabe Imana iguhishurire ukuri kuko ururimi rwawe urukoresha mukugwisha abantu ..ntugace Imanza kuko uwaturemye niwe wenyine ufite ijambo ryanyuma kuri buri wese..Ese papa aho yavugiye ibyo mwari muhari mufite proof yabyo ?
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Nawe se wemera ko papa atajya yibeshya? Ko ari nyirubutungane? Amagufwa ya mutagatifu Tereza w'umwana yezu bazanye mugasanduka umwaka ushize bakayazengurutsa mu isi yose na hano mu Rwanda mu maparuwasi yose ndetse no muri gereza ya Rwamagana bayazanyeyo, bivuze iki? Soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55
@pulcherienayituriki72954 жыл бұрын
Papa wavuze ko ubutinganyi bwemewe ni uw'irihe dini?
Ikindi kandi mu madini yose harimo ababi n'abeza icyo mukimenye
@Mjjj74414 жыл бұрын
Uzatubwire n'ingorane ziri aho uri cg niba warasanze ho ari paradizo. Abantu bakunda kuva mu muhamagaro bagahitamo gusebanya ngo bashake impamvu isobanura impamvu byabananiye. Domage
@ChristellaMushimiyimana-zv2yc2 ай бұрын
Guys uyumubyeyi mwimurenganya kuko ntamuntu yahatiye kuba umuyoboke witorero ayobora. Knd twese turabiziko umuntu wese aba yumva imyemerereye ariyo yukuri. Cyane ko tumaze kubonako turi muminsi yimperuka Aho icyiremwa muntu cyamaze gushiramo ubumuntu rero ibi avuga byashobokako Ari ukuri knd byanashobokako ataribyo rwose burya ngo akami ka muntu ni umutima we rero mwicumuzwa nibyo yavuze kuko ntawufite ubundi buhamya burikumwe nibihanya ngo amunyomoze. Ark knd ndagaya cyane abayobozi bamadini bakomeje kuza gutucyisha izina ry'Iana mubapagani
@NyiranshimiyimanaXaverine4 ай бұрын
Uyu mubyeyi yavuze ukuri, nabatarageze mu kibikira turabizi neza nkaswe we umazemo 5yrs . Gusa nyine ibya catholic ni amayobera.
@Stella-dy1in3 жыл бұрын
Erega ababikira nabo nabantu baremwe nkabandi bose, kandi siko ababikira bose bakora ubutinganyi cyangwa bikinisha, dayimoni wokwicinisha no gutingana nawe abageraho, ahubwo wenda nugusaba imana ikabafasha uzi ngeso mbi zikabavaho Njye ndi umu Anglican ariko nubaha cyane amadini yose kuko, buri dini rigira abantu bera imbuto nziza kubuzima bwacu.
@volopacemus3 жыл бұрын
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.