Waaaooo iki kuganiro ndishimye ko ncyumvise nkiri ingaragu Imana ibahe Imigisha ndakomeza kwiga
@mariechantalumubyeyi988310 ай бұрын
Nishimiye iki kiganiro,Imana ibahe umugisha, inama nagira iyo family icya mbere ni ugusaba Imana kunyurwa n'uwo bari kumwe,ikindi umuntu wese akemera guhindura ku kibangamira mugenzi we, icyanyuma kwihanganirana cyane ko buri wese aba afite intege nke zo kwihanganirwa. Thank you
This is a good one izinama ninziza cyane mukomereze aho ❤❤❤
@josephineuwizeyumuhoza7222 Жыл бұрын
Nta kibindi kigeze kiterura ngo kishwanyuze! So,abashakanye bagira ababashwanya bakanabashwanyuza.Ibanga ni ukubumva ni kutabumvira.Roho w'Imana arinde imiryango yao ku bw'ikuzo ryayo. Think you for the topic.
Iki kiganiro ni kiza cyane icyampa byibura hakagira na Famille ibyumva ifite ibibazo ese umuntu ashaka kubageraho byanyura mu Yihe nzira
@twagiramariyaperagie3810 Жыл бұрын
IMANA IHE UMUGISHA HUBERT WABASHIJE GUTEGURA IKI KIGANIRO
@mpawenimanadaniel198811 ай бұрын
IMANA IBAHE UMUGISHA
@UmutoniStella Жыл бұрын
Nkomeje gutarangara cyne
@aaronbe9966 Жыл бұрын
Titre/title nago ihuye nibyo couple yavuze
@UmuhireOdette11 ай бұрын
Ubundi niba urugo ari ishuri tugomba kwiyumvisa ko niba hari ibigoye uhuye nabyo menya ko uri mu ishuri ubundi wigane umwete no kwihangana kuzageza utsinze
@ChristineTUYISHIMIRE-n5r Жыл бұрын
Muhezagirwe
@murekatetechantal-yt1qu Жыл бұрын
Mujye mujya no mucyaro hari ibibazo birenze ibyo mutekereza naho mwe muba mwishyiriyemo nurusirimu na cash muzifite mumanuke muhere kuri rubanda rugufi
Ariko titre ivuga ngo "couple iri gusaba gatanya hano" murumva IRERE TV mutababeshyera koko? Mujye mugira ubunyamwuga mureke kubeshya. Bo bavuze ko divorce itari mubyo bateganya, ko ariyo mpamvu baje muri iki kiganiro.
@MizeroAbraham Жыл бұрын
Ngewe numva ntaho bitaniye separation balendaga gukora se siyo gatanya?