BIRARANGIYE🔥 URUTONDE RW'ABAGORE BAGIYE KUBA ABAPASTEUR MURI ADEPR🔥 Ese Koko ibi Bakoze NI IKIZIRA ?

  Рет қаралды 62,549

ZABURI NSHYA

ZABURI NSHYA

Күн бұрын

#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)

Пікірлер: 458
@isarotv6229
@isarotv6229 4 ай бұрын
Yesu Ashimwe cyane! Igihe kiraje ndetse kirasohoye ubwo Abasenga by' ukuri Data ishaka ko aribo Bamusenga Imana n' Umwuka nabayise dukwiriye kuyisengera mu Mwuka. Setu
@emmanuelrwibutso6491
@emmanuelrwibutso6491 4 ай бұрын
Mwihangane ,mube Maso musenge cyane, mwirinde kurebera ku bantu kuko Yesu niwe wenyine nzira, ukuri n'ubujyingo, Kd Nyine mwitegire nibitaribi bizaza, ariko Ijambo ry'Imana niryo tabaza rimurikira Umukristo ngo atayoba
@dancilleuwayisaba9683
@dancilleuwayisaba9683 4 ай бұрын
Imana yacu nishimwe hari Doctrine Adepr igenderaho mbona itariyo urugero : Bibliya iravuga ngo abagore ntibakambarane n abagabo ariko Bibliya ntivuga umwenda batazambarana kandi mwibuke ko harigihe imyenda itaririho nyamara bibliya yari iriho ivuga ngo Bagore ntimukambarane n abagabo banyu icyo bivuze rero abagore buri kwezi barahumana iyo umugabo yambaye umwenda w umugore wahumanye aba ahumanye kera umugore ntiyamenyaga igihe yahumaniye cyane ko ntabikoresho bagiraga nicyo Bibliya ivuga si Ipantaro kuko ipantaro n akaruvati byazanywe nabafransa nyuma bivuze ko mbere imyenda yabonetse yari imikenyero amakanzu abagabo nabo bambaraga iyo myenda imikenyero amakanzu bose barayambaye kandi birinda ko umwe yahumanya mugenziwe Bibliya nta mwenda runaka ivuga . Imana ibarinde
@bihoyikijanvier8020
@bihoyikijanvier8020 4 ай бұрын
L lo lp L
@tuyikundechantal1073
@tuyikundechantal1073 4 ай бұрын
Cg bivuze umwenda wose umugabo yambaye hhhhubwo no kwifubika ikote ryu mugabo wawe byaba ari icyaha hhh
@uwitijeoliva5680
@uwitijeoliva5680 4 ай бұрын
😂
@JeanneHatunga-JFT
@JeanneHatunga-JFT 4 ай бұрын
Ivyo uvuze naje navyibajije incuro nyinshi. ico twize nuko biblia yakurikizaga cane imico yabariya bantu twita abayuda/abisrael. Rero bimwe vyagiye bihindurwa nigihe na development yibihugu. Amakanzu niyo yari imyambaro kuri iriya filime ya Yesu ariko nayo uziko yaje nyuma. Ivy Imana biragoye nugusenga gusa umuntu agasobanukirwa ku giti ce.
@emmanuelnzabonimana5238
@emmanuelnzabonimana5238 4 ай бұрын
Ndumva interpretation ya Bible uyitanze. Bibiliya yanditswe muri Greece and Hebrew mu kuyihindura Ijambo ryazateza urujijo ryashyizweho insobanuramirongo. Niba hariya bitariho si byiza gushyiraho ibyacu . kdi ADEPR ntiyabujije abagore kwambara amapantalon bafite impamvu zo kuyambara.
@AminaNidufasha-bu1cu
@AminaNidufasha-bu1cu 4 ай бұрын
Bavandimwe dusabe mwuka wera atuyobore twe kuyoborwa nakajagari k'isi. Dusabe Imana iduhishurire byinshi kuko tugeze mubihe bidasanzwe.
@etiennemugiraneza
@etiennemugiraneza 4 ай бұрын
Imana iturengere kdi itwambike Imbaraga
@isarotv6229
@isarotv6229 4 ай бұрын
Yesu Ashimwe cyane! Uvuze ukuri, twekuboborwa n' akajagari❤❤
@louiseumuhoza7729
@louiseumuhoza7729 4 ай бұрын
Sha simbaciye intege Ariko Isaïe Ari mukazi kose!ikibazo abakozwe kumaso bwa2 nibacye,benshii barikureba abantu bakabona aribiti bigenda,nivugiye Ibya yampumyi Yesu yakoze kumaso,abumva icyomvuze baranyumva,Adpr nimwe mwarimusigaye mwihangane natwe twarihanaguye cyera,Ubu ni ugucungana nubugingo gusa,icyitegererezo ni kristo gusa! Abantu bo bararangiye
@mukabaranga04
@mukabaranga04 4 ай бұрын
Genda Theogene Nikwibishaka uri umuhanuzi!!!
@beatricemandevu2614
@beatricemandevu2614 4 ай бұрын
Ariko sha Plaisir, Imana iguhe umugisha kuko vyukuri uri wise kandi ndagukunda pe 🙌🙏
@user-jm3yj5le6j
@user-jm3yj5le6j 4 ай бұрын
Yahanuye iki?
@Fachibeton
@Fachibeton 4 ай бұрын
​@@user-jm3yj5le6jicara wige
@wilsonbuzoya968
@wilsonbuzoya968 4 ай бұрын
Ni batubwire ico uwo Théogene yavuze
@user-uf9qs8hm7w
@user-uf9qs8hm7w 4 ай бұрын
Byizacyane
@mariembasabire5326
@mariembasabire5326 4 ай бұрын
erega buri wese abane n'Imana kugiti ke ,tuve mukigare cya madini kuko umuntu wese azabona ubugingo bwe n'imirimo ye
@user-qi2bq7ek5k
@user-qi2bq7ek5k 4 ай бұрын
Yemwe yemwe bantu muri gutukana muri kwiyonona mubitewe nibyo mwumvise nimusigeho ntimwongere bana bl mana lmana lgomba gusohoza lbyo yavuze binyuze mubyo mubona buri wese nagume uko yarari agihamagarwa kuko bibiriya ivuga icyi kubyanditse 2 timoteyo :3:1 musome mwumve murakoze cyane yesu abe hamwe namwe amen
@ndayisengavalens1447
@ndayisengavalens1447 4 ай бұрын
Erega bigomba gusohora kugirango Yesu aze. Nibindi biraza vuba mubitejyereze
@rukundoprince5117
@rukundoprince5117 4 ай бұрын
Ibi ngibi Esaie arimo gukora arabikora ku giti cye kuko Imana yamuciye kera byavugiwe i Nyarugenge mu materaniro ya ukiamuka, nta Mana bari kumwe n'ibindi azakora byose arahikora atenze. NTIMUYOBE KWIFATANYA N'ABABI BYONONA INGESO NZIZA. Kuko tugendera kuri Biblia niyo tegekonshinga y'abakristo, kandi ibi akoze bihabanye na Biblia, kuko Biblia ivuga umudiyakonikazi nta mushumbakazi twasomyemo.
@pacifiqueemmanuel1667
@pacifiqueemmanuel1667 4 ай бұрын
Ni ukuri pe! Ariko se yazana ubutinganyi mu idini ayoboye, ibendera ryo gutingana rikazamurirwa imbere ye, urumva hari icyo atakora. Ibindi byose biraciriritse cyane rwose.
@aimealexnshimiyimana2590
@aimealexnshimiyimana2590 4 ай бұрын
Ese plaisir ko utubajije ngo nikizira wowe urabyumva ute?
@bikoricinoeltv1829
@bikoricinoeltv1829 4 ай бұрын
Iri jambo n'iryo kwizerwa: umuntu ni yagomba kuzezwa ishengero, aba yifuje igikorwa ciza. Nuk' umuzezwashengero akwiye kutabak' umugayo, kand' akwiye kuba umugabo afise umugore umwe gusa; abe utarenza urugero, adahugumba, aganza ingeso ziwe, akunda gutanga indaro, afise ubgenge bgo kwigisha, atar' umunoho wa vino, cank' umusinzi, arikw abe umugwaneza, atitoraguza, atar' inkunzi y'amahera, 1 Timoteyo 3:1-3
@ububyutse
@ububyutse 4 ай бұрын
Ibyahanuwe byose bigomba gusohora byaba byiza cg se bibi. Kandi ntawabyirukana mw Izina rya Yesu ngo bigenge. Inama nziza n uko buri wese yashaka Imana ku giti cye kuko UBUGINGO BUHORAHO ni GATOZI
@etiennemugiraneza
@etiennemugiraneza 4 ай бұрын
Kweli
@geraldinekamali832
@geraldinekamali832 4 ай бұрын
Njye nasaba umuntu wese uri ADEPER yumva akijijwe neza, nakurikize ibyo abwirwa n'umwuka wera kuko na YESU KRIsto yavuze KO umwuka hari ibyo azatwigisha kurushaho. So niba utabasha guhamanya n'umwaka ukurimo uratakaye.🤷🤷🤭👌. 🌾 Gusa ADEPER IRI gusohoza ubuhanuzi bw'impuzamatero ,abavuganye N'Imana soit miyigumemo mudahindutse cg musohoke mukore itorero ryo murugo 👌 setu
@ububyutse
@ububyutse 4 ай бұрын
IMBUZAMADINI.EREGA BYARARANGIYE. BURI WESE KU MANA YE ARINDE IZAMU RYE
@genestekwizerimana7816
@genestekwizerimana7816 4 ай бұрын
Nukuri pe
@UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju
@UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju 4 ай бұрын
Musejye cyane umwuka ako meze abahe ubwejye, technologies itatubuza ijuru mugire umunsi mwiza Yesu abarinde mwese nkabasesenguzi.
@user-yu5ff8dm8b
@user-yu5ff8dm8b 4 ай бұрын
Igihekiraje. Kandikirasohoye. Ubwo. AbasengImana. Bayisengera. Mukurinomumwuka
@bizimanacelestine5047
@bizimanacelestine5047 4 ай бұрын
Reka nkwisabire Plaisir uge ugerageza kudasigiriza ibidakwiye gusigirizwa nibashaka bazakwange nibakwanga Imana igukunda uzahomba iki?.kiranuka nawe ugeze no kwitanga ubwawe
@Hirwa_Promoter
@Hirwa_Promoter 4 ай бұрын
Nonese ntujyureba ko plaisir umugorewe imisatsi imugera numugongo?? Uzitegereze neza mubyukuri nuko satani ajya aza yitoratoza none yanditimboye ubona Hari umuntu ujyira Naturere Bose sinabonye bajya gusokoresha mubyukuri mujye mugerageza mubaririze inzira zakera kd ntimugashingure imbago zacyera kd abatubanjirije barimo indashyikirwa Kaneziyo barinze basaza kugeza ubwo yitahiye Hari umuntu wigeze areba mumutwe wa madame niyo yabaga ari mubukwe ntasokoza Naturere ye aha narumiwe
@user-zm4tv5wb6z
@user-zm4tv5wb6z 4 ай бұрын
Wicira imanza kumusatsi w'umugore wabandi kuko gukura kumusatsi ntibivuzeko haribyo yashyizemo aho nawe urarengereye bidakwiye wihane.
@user-mr7bc1yr7e
@user-mr7bc1yr7e 4 ай бұрын
kuko Imana itari iy'umuvurungano, ahubwo ari iy'amahoro. Nk'uko bimeze mu matorero yose y'abera, abagore nibacecekere mu materaniro, kuko batemererwa kuvuga, ahubwo baganduke nk'uko amategeko na yo avuga. Kandi nibagira icyo bashaka kumenya babibarize abagabo babo imuhira, kuko biteye isoni ko umugore avugira mu iteraniro. 1ABAKORINTO 14;33-35
@niyonsabaassumpta5605
@niyonsabaassumpta5605 4 ай бұрын
❤😅
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Uyu ni Paulo wabivuze ariko.Ku bwawe kubera iki kudoda umugore umunwa?
@didi-dr1mj
@didi-dr1mj 4 ай бұрын
Uyu munsi abagore munsengero ki 80% b abachristo ba ADEPR. Barahanura,bakaba aba evangelists ese ntimufashwa nabo? hasigaye iki?
@fafari150
@fafari150 4 ай бұрын
N'abatinganyi n'abahezagire uwo Isaïe ntacyo asigaje Jyoni ryanrye yari yarabivuze. Kumwe Aroni yategekwa n'abantu bagacura imasa bakayiramya mu bugararwa niko na Isaïe akuyeho itegeko ryavuzwe na Paulo ngo umushumba abe umugabo w'umugore umwe. Mureke daïmoni zitegeke itorero turi mu gihe cy'iherezo
@salimaisabelle-ds9lz
@salimaisabelle-ds9lz 4 ай бұрын
Plaisir ,Yesu aguhe umugisha kubibazo umbarije .
@JoselyneGateraTV
@JoselyneGateraTV 4 ай бұрын
Plaisi ,,,abazi Imana yabo bazakomera bakore ibyubutwari.ikinicyo gihe ngobakore ibyubutwari.sindi umwa ADEPR ariko ndumukristo.
@user-nr5oo4lo9j
@user-nr5oo4lo9j 4 ай бұрын
❤ ndumubyeyi ariko ndagukunda nkunda zabushya ahura hose ndahareba
@UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju
@UWIZEYIMANAMariejosette-bi9ju 4 ай бұрын
Plaisire nagirango mbabwireko nimukora nkuko Biriya muvuze ruguru mumahame yanyu, mushaka bizaba birangiye ko bamwe bazatakaza ibyumwuka nubuhanuzi,gusa ni bashaka ko aba Dame babwiriza murusengero bazabanze basome Bible,kuko harahanditswe ngo umugore ntakwiriye kuvugira muruhame adatwikiriye umutwe,gusa nibabikora muzitegereze neza ko batatwikiriye umutwe uriho nibindi byatuma abantu batakaza Ubu Kristo,basutse bagatega ibitambaro Bakaza kubwiriza barangiza bakagikiramo bakamera nkabandi byaba arimfabusa,mushishoze kuko is irikubatera kuva ku Mana yacu twamenye kndi twizera cyane kurusha ibyiyumviro byabantu yaremye.
@baiampy1617
@baiampy1617 4 ай бұрын
Icyo nzicyo nibaramuka nemeje ibyo byose uvuze, adepr izahita icikamo ibice, kuko harimo abantu babahezanguni, bemera umwimerere w'ADEPR, muravuga ngo ubushize barasohotse bapfa udukombe noneho baraje basohoke ku karubanda, baravuga ngo Imana uko yariri cyera nuy'umunsi niko iri.
@joshuan5489
@joshuan5489 4 ай бұрын
Nanjye nibaza impamvu itorero ryaba rimaze imyaka 84 kandi ntakintu bitwaye itorero, uyu Ndayizeye akaba azanye mo udushya nibaza niba atari intangiriro yo gusenya imbaraga ADEPR yari ifite? Twizere ko atari byo ! Gusa kuba RGB ariyo gashyize ho ubuyobozi bishoboka ko ari nayo yababwiye gukora ibyo! Ari njye nakwemera nkajya gukora imirimo isanzwe sinyoborwe buhumyi! Murakoze😢
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Si wowe rero iturize buri wese azivugira ibye
@yizerevalensyv2503
@yizerevalensyv2503 4 ай бұрын
Niko ubikeka ngo nta kibazo byari biteye wabaga mu nama bivugirwamo se uzabanze wumve Usta wa RGB numvise avuga ko muri raporo z'inama bakoraga mbere ya Isaie ngo babyigagaho none babyigagaho ntababizanye urumva umugore yayobora umudigudu (itorero) akahazorikirwa niba yigisha akabayobora ikindi ba pst bakora ni ikihe atashobora ahubwo kuki wumva umugabo yakora mu gituza cy'umugore amubatiza byaba bitwaye iki igituza cy'abagire kigiye gikorwamo n'abagore bagenzi babo
@user-jd6cf3en4d
@user-jd6cf3en4d 4 ай бұрын
Erega mbose babyigeho p abo banyambwenge babohore abanyu bakore ibyo bashaka njya ndumva bavuga ngo Imana ireba mumutima dusigarane Imana yo mumutima ahaaa byiza cyanee,
@ClaudeM-wi9lb
@ClaudeM-wi9lb 4 ай бұрын
I agree with them❤
@user-hp5vj9dq6y
@user-hp5vj9dq6y 4 ай бұрын
Cyera, Abakrisito niyo yitwaga, Inamankuru nirworwego rwafataga iywanzuro none ubwo rwego rwakuweho. Itsinda rito nibyo ryiherera rigafata Imyanzuro Ariko, Itorero rifite nyiraryo. Azarirengera Kandi vuba.
@ububyutse
@ububyutse 4 ай бұрын
None se byose bagomba kubihindura
@emmanuelnzabonimana5238
@emmanuelnzabonimana5238 4 ай бұрын
Noneho abarimu babaga muri ADEPR ntabwo wabemeraga? Umushumba ni iki se? Si umuntu ashumbye intama? Buriya inyito nicyo njyewe mbonamo ikibazo. Kuko Pastor/Rev n'ibindi mbona ubihinduye mu kinyarwanda byaba Umwungeri CG umushumba. Nonese abagore bashumbye amatorero ko bitateje impagarara bayabaha bika biteje impagarara bagiye kubarambikaho ibiganza? Baradushumbye igihe kirekire rwose kandi bakora neza umurimo. Mubareke rero nabo bahabwe inshingano y'icyubahiro
@dancilleuwayisaba9683
@dancilleuwayisaba9683 4 ай бұрын
Ikindi ibijyanye nimisatsi soma 1abakorinto: 11:13,16 haragusobanurira umwenda imana yahaye umugore kumutwe sigitambaro numusatsi ariko Adepr iguha akarongo kamwe kicyogice: 6: wonyine ngo bike muze birakwiye ko umugore agira umusatsi mwinshi kuko nubwiza bw umugabo we .
@sifabatamuriza2255
@sifabatamuriza2255 4 ай бұрын
😢😢😢😢ariko noneho Mbashije kumirwa gusa ndababaye cyane
@lukafilsmercy
@lukafilsmercy 4 ай бұрын
Buri wese arinde irye zamu, dusabe Imana ituzigamire igitsibo.
@JNissi-pu2rq
@JNissi-pu2rq 4 ай бұрын
Kristo Yesu ashimwe!!! 1) NTA KIZABUZA IBISITAZA KUBA ARIKO UBIZANA AZABONA ISHYANO 2) IBYO UMUKRISTO AKORA BYOSE ABISHINGIRA KURI BIBILIYA NK'UKO AMATEGEKO YOSE AGOMBA GUSHINGIRA KU ITEGEKO NSHINGA 3) TUGENZURE IKIRERE UKO CYIFASHE (IBIMENYETSO BY'IBIHE, IBYAHANUWE MURI BIBILIYA) 4) MWIBUKEKO ICYO MWITA AMADINI CG AMATORERO KIGIZWE NAWE NANJYE. ESE JYEWE CG WEHO DUHAGAZE MU MWANYA KRISTO YISHIMIRA, DUHAGAZE NEZA, NTABWO TWARANGAYE SATANI AKINJIRA, TWABEREYE MASO UBUGINGO BWACU, TUBERA MASO AYO MADINI CG AMATORERO???? 5) HANO TURAVUGA IBYO DUSHAKA, TUKANENGA, ABANDI BAGATUKANA BAKISANZURA, ABANDI BAKAYOBORWA N'AMARANGAMUTIMA, ARIKO TWIBUKE KO: 6️⃣) UMUNSI UMWE BURI WESE AZAHAGARARA KU GITI CYE IMBERE Y'INTEBE Y'IMANZA CG BURI WESE AZABAZWA IBYE. NSHUTI Z'UMUSARABA, TWIBUKEKO AKAJAGARI KA HANO KAZARANGIRA, TUMESE IBISHURA BYACU MU MARASO Y'UMWANA W'INTAMA KANDI AMATABAZA YACU AHORE YAKA, TUTAZABA NKA BATANU B'ABAPFU. BURI WESE KU IZAMU RYE!!!!
@salimaisabelle-ds9lz
@salimaisabelle-ds9lz 4 ай бұрын
Yesu Kristo aguhe umugisha mwene Data ,Uwiteka aduhe kuba maso.
@bikoricinoeltv1829
@bikoricinoeltv1829 4 ай бұрын
Arabishura, ati Yesaya yavuze neza ivyo yavugishijwe n'Imana kuri mwebge indyarya, nk'uko handitswe, ngw Aba bantu banyubahisha iminwa yabo, Arikw imitima yabo iri kure yanje. Bansengera ubusa, Kukw inyigisho bigisha ar' ivyagezwe n'abantu. Ico Imana yageze murakireka ngo mwumire ku migenzo mwabgirijwe n'abantu. Kand' ati Nka ko mwagize neza gukengera icagezwe c'Imana, ngo muziririze iyo migenzo yanyu! Mariko 7:6-9
@CyizaDonath
@CyizaDonath 4 ай бұрын
Niba ubikunze nkandira hano kwifoto tubane nanjye ninkunga yawe ndayikunze❤
@NdatimanaBernard-jo8sp
@NdatimanaBernard-jo8sp 4 ай бұрын
Kutatweretse urutonde rwabobapasiteri😊😊😊😊😊
@julynyampinga6933
@julynyampinga6933 4 ай бұрын
Ariko se Adeperi haruwo izafata kugakantu ngo imutrgeke ibyobyose,ubundi ko buriwese azabazwa ibye ubwo uzabikora Biramureba buriwese nagume uko yahamagawe,ubundi
@bikoricinoeltv1829
@bikoricinoeltv1829 4 ай бұрын
Bakunda ivyicaro vyo haruguru aho batumiwe, n'intebe z'icubahiro mu masinagogi, no kugirwako bgakeye mu tuguriro, no kwitwa n'abantu: Rabi . None, ntimukitwe Rabi, kuk' umwigisha wanyu ar' umwe, namwe mwese mur' abavukana. Kandi ntimukite umuntu wo mw isi Data, kuko So ar' umwe, ar' uwo mw ijuru. Kandi ntimukiyite umuranzi, kuk' umuranzi wanyu ar' umwe, ari Kristo. Matayo 23:6-10 Arik' umukuru muri mwebge az' abe umukozi wanyu. Uzokwishira hejuru azocishwa bugufi, kand' uzokwicisha bugufi azoshirwa hejuru. Matayo 23:11-12
@user-ym1wq5ik9t
@user-ym1wq5ik9t 4 ай бұрын
Ariko mureke mbabaze mwabantu mwe ko abagore birirwa babwiriza bahanura cg bayoboye gahunda! Ntago mubatega amatwi kandi mugafashwa! Nonese ababaririmbyi babagore n,abakobwa baba bafite za naturel nyinshiiiii ntibarara basutse ibituta ninjoro uziko niyo bateze ibitambaro kenshii baba babisutse bakanga ko bigaragara ariko rwose baba basutse nibareke abantu bisanzure cyaneko lmana ntacyo ipfa nimisatsi mureke kuboha abantu nimwe mutuma bahorana kwifuza mumitima kandi nicyo cyaha kibi cyane murakoze
@rukundoprince5117
@rukundoprince5117 4 ай бұрын
Biriya bitandukanye ni nshingano zubupasteur
@JNissi-pu2rq
@JNissi-pu2rq 4 ай бұрын
Kristo Yesu ashimwe! None c uravuga ngo bareke kuboha abantu hari uwo bazanye ku ngufu? Abo uvuga bagiye aho babikora ko ari henshi. Iyo wagiye mu kintu wijyanye ntabwo wavuga ngo uraboshywe mu gihe hari ahandi bakora ibyo wita ko bikuboshye kandi ntawakubujije kujyayo.
@amavutaamavuta5553
@amavutaamavuta5553 4 ай бұрын
Ndumiwe😢ubuse koko abantu mwiza mwabuze ahobemerewe gusuka ngo muzajyeyo??? Amatorero abikunda kdi abikora simenshiii mwagiyeyo
@genestekwizerimana7816
@genestekwizerimana7816 4 ай бұрын
​@@rukundoprince5117yes !barya baba Ari abavugabutumwa ntibiba Ari abapasterikazi.
@hirwafelix9817
@hirwafelix9817 4 ай бұрын
Ahaaaa nakataraza kazaza ubundi babatinganyi wasanga nabyobiri mubyabazanye
@user-un2pf8xc8y
@user-un2pf8xc8y 4 ай бұрын
Ndagukunda
@rukundoprince5117
@rukundoprince5117 4 ай бұрын
Mwibaze impamvu ibyemezo nk'ibi bifatwa ntibitangazwe kuri platforms za adepr hari radio, Facebook, X, KZbin channel aho hose ntacyo bavuze ahubwo bitagazwa na Iyobokamana. Ibi bigaragaza umuntu udashobora guhagarara ngo asobanure ibyo yakoze kuko nta busobanuro afite, kandi namwe muzi umuntu utanyura mu irembo icyo Biblia imivugaho
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Imana niyo idahinduka naho abantu barahinduka,n'ibihe birahinduka.Ubwo rero uhagaze neza ntacyo waba
@salimaisabelle-ds9lz
@salimaisabelle-ds9lz 4 ай бұрын
Abaheburayo 13:8,natwe ntidukwiye guhindukana nibihe.
@mukarukizaimmaculee-ku2lu
@mukarukizaimmaculee-ku2lu 4 ай бұрын
Turababaye mutubarize Izayi abagabo muri Adpr babaye bake nonese yirukanye abagabo kugirango yimike ababore mbega amahano
@mukarukizaimmaculee-ku2lu
@mukarukizaimmaculee-ku2lu 4 ай бұрын
Barashaka gusa nayandi mahanga? Baretse abafite irari ryibyisi Bagakayja aho babyemererwa
@mukarukizaimmaculee-ku2lu
@mukarukizaimmaculee-ku2lu 4 ай бұрын
Ubundi Imana ikeneye abantu bakijijwe ntabwo yabatumye abantubenshi Bibiriya ivugako muminsi yimperuka bazigwiriza ababigisha babigisha ibihwanye nirari ryabo Irari ryagwiriye kubayobozi ba dpr
@j.damascenendayisenga3077
@j.damascenendayisenga3077 4 ай бұрын
Plaisir , Imana idushyigikire ADEPR turafitwe.
@Izibyoseleah7
@Izibyoseleah7 4 ай бұрын
Oya humura nshuti yange ,iyatangije umurimo irahari kd ni yo kwizera. Don't be afraid bcz of these changes. Imana irahari kd ntakinya kuba kuntore zayo itazimenyesheje
@RiverBlessFamily_TV_TrustinGod
@RiverBlessFamily_TV_TrustinGod 4 ай бұрын
There is neither Jew nor Greek, there is neither slave nor free, there is neither male nor female; for you are all one in Christ Jesus. (Gal 3:28)
@user-rs8sh4hk2o
@user-rs8sh4hk2o 4 ай бұрын
Kwimika umugore ngwabe past ntakibazo Ikibazo dore Niki Igisuko k'umugore W'umukristo nikosa!!!!!!!? 1Timoteyo2;9-15
@ildephonsenzamurambaho1508
@ildephonsenzamurambaho1508 4 ай бұрын
Shalom! Ibibazo byinshi wibaza biri mu gisubizo nacyo wibajijeho: "Ubusabe bw'abakristo". Abo bakristo ni ba nde? Icyo navuga ni uko gusengera cg kudasengera abagore atari doctrinal issue. Ni social politics and disciplinary issue. Urugero, mu gihe Pawulo yandikiraga amatorero atandukanye, hari aho avuga abagaragu n'imbata. Twibuke ko icyo gihe politike yemeraga icuruzwa ry'abantu. Uzacukumbure imibereho n'uburenganzira bw'imbata. Ubu rero politike iriho ku isi iha umugore umwanya kuko yari yarahejwe. No mu idini rero, abahejwe bagomba kwibukwa.
@geraldinekamali832
@geraldinekamali832 4 ай бұрын
Oya inzoga ntizikabeho mu izina rya YESU.
@BYoungboy
@BYoungboy 4 ай бұрын
Isi Turimo igomba kugera no mwitorero rwose mureke ibyahanuwe byose bisohore kd mubareke bagende ikuvunge kuriyorodani bizagaragara
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Ubundi se ibyahanuwe byose ni ibyaha cg ni ibimenyetso by'ibihe?Mufunguke
@IngabireMaxime
@IngabireMaxime 4 ай бұрын
Ndishimye cyaneee pe Wenda natwe twava kungoyi yikinyoma kuko rwose ntacyo bitwaye gukizwa ntaho bihuriye nabagabo rwose mujye mureka ubuheza Nguni kuko ADEPR sitwe tuzajya mwijuru gusa doreko iri no murwanda gusa Imana ishimwe cyane
@anoliverolivier9427
@anoliverolivier9427 4 ай бұрын
umuntu avuze comment ndumirwa, ati tureke ubuhezangu kuko Adepr iri mu rwanda gusa , none ubwo abanyarwanda nibo bazajya mwijuru gusa? udakomeye agiye kugwa ukomeye nakomeze akomerere muri adepr uwejejwe agumye yezwe nuwanduye agume yandure
@gisenyi1franchise545
@gisenyi1franchise545 4 ай бұрын
Muzatubarize umurongo wo muri Bible bashingiyeho bavugako abadamu bemerewe kuba abapasteur,kuko njye ngerageza kuyisoma kenshi gashoboka ariko ntawo nabonye,Kandi witegereje neza mu isezerano rishya ntabwo Imana yashimye gushira abagore mu myanya yo hejuru keretse ku mwanya w'ubudiyakoni,no kugenda twamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu KRISTO mu mahanga(duhereye mu ngo zacu),nanjye ndi umugore ariko nemera kuyoborwa na Bible kurusha kuyoborwa n'ibindi(ubuse mu ntumwa hari umugore Yesu yatoranyije,mu banditse isezerano rishya Bose hari umugore urimo),twe bible itugerereranya nk'inzabya zibumba zoroshye niyo mpamvu ntekerezako idashima ko tujya mu buyobozi b'ukuri,ariko idini rigomba gusohoza ibyaryo uko rishaka gusa abaKristo b'ukuri bo bazakomeza kuyoborwa na Mwuka wera(kuko abayoborwa n'Umwuka w'Imana nibo bana b'Imana), murakoze.
@AdolpheNsabimana-mn1mv
@AdolpheNsabimana-mn1mv 4 ай бұрын
Amahoro 'imana abane namwe.gusa adpr nzi yakera yagenderaga kuri bibiriya n'ubundi niyo yo kugenderamo kurusha Andi maranga mutima ayariyo yose,nituda kora ibyo itubwira imana tuzaba twarigishije ibinyoma.ibyi misatsi,amahereno,kwakira abavuga butumwa bo muyandi matorero,kujya kuruhimbi kwa badamu bacu n'ibindi bijyanye n'impinduka za adpr.uko biri muri bibiriya.adpr ninyuranya nabyo izaba ihindutse MBERE ya bibiriya.n'ugusenga cyane tutagwa mumoshya imana iduhane umugisha.
@pierrembarushimana1677
@pierrembarushimana1677 4 ай бұрын
Barakubeshya kwimika abagore ntabwo aricyifuzo cy'abakristo nicyifuzo cya RDB yimitse abantu baharanira inyungu .........
@user-ue7fm7ff8l
@user-ue7fm7ff8l 4 ай бұрын
1 TIMOTEYO 3-2-4 umuntu uzasengera umugore kuba umukuru w'itorero azabanze asome aho muri TIMOTEYO, nasanga hamuha uburenganzira azamusengere, arebe niba ibikwiriye kubahwa mbere yo gusengera umukozi niba bihura nuwo bagiye gusengera. ADEPR we urambabaje. Iyaba waruzi iyo uri kwerekeza wakagarukiyaho
@laurence7961
@laurence7961 4 ай бұрын
Ni agahinda pe!!! ADEPR koko ibaye nka'yandi madini!!!!
@user-kh1tp7lq8q
@user-kh1tp7lq8q 4 ай бұрын
Numiwe peeee ariko mana we tabara
@HabumugishaJeandamour-fm2qd
@HabumugishaJeandamour-fm2qd 4 ай бұрын
Ifrayimu yivanzee nandimoko amera imvi zurutarutaru Kandi pe ibyobintu Imana ntibirimo izabahana
@drocellemukarushema362
@drocellemukarushema362 4 ай бұрын
Àbantu nibayoborwe n'umwuka w'Imana bakomeze urugendo
@siloam2023
@siloam2023 4 ай бұрын
Ahaaaaa mba ndi aho numiwe pe! nuko nyine ntari umunyedini ariko kimwe mu byatumye Abisiraheli bagwa mu butayu harimo ikivange cy'abanyamahanga bazanye nabo bambuka inyanja itukura , batangira kwifuza iby'iwabo aba isiraheli nabo babura ubwenge barabigana, Nukuri nta mw'ADEPR w'ukuri wasaba bene ibyo ahubwo bamwe mu bivange nibo bashaka kwanduza abari birinze.so, nibashaka barebe neza bataba bari kurwanya Imana
@wamaharochantal6401
@wamaharochantal6401 4 ай бұрын
Ngo bashingiye kubusabe bwabantuu? Ntanubwo arikucyo ijambo ry,Imana💔😭
@uwitijeoliva5680
@uwitijeoliva5680 4 ай бұрын
😢
@vallloyd9653
@vallloyd9653 4 ай бұрын
Mana ibibintu narabirose mbibwira mama arambwira ati ntibyashoboka, none mbonye iki kiganiro ndumiwe, sinkiri umu ADPR ariko ngo nasubiye gusura chorali naririmbagamo ngo mbona bamwe muribi barasutse abandi bambaye jewels 💎, ngo ndababaza ngo byagenze bite hama barambwira ngo barakomorewe ngo bisigaye byemewe kubishaka, ........ sinzuko izo nzozi Zaje 🤷‍♀️
@emmanuelnsabimana9454
@emmanuelnsabimana9454 4 ай бұрын
Abaye aribyo byaba ari ikibazo gikomeye kuko abayobozi bacu nibagendera ku marangamutima y'abantu, ngo ni ibyifuzo by'abakristo, itorero bazaritoba, imyizerere bayihindagure bazisange itorero barigize icyo ntazi. Abahigi benshi bayobya imbwa. Biriya bintu byari biriho, ibyinshi byashyizweho n'Umwuka, ibindi bishingiye neza kuri Bibiliya, ibyo bazashyiraho nyuma bizaba bishingiye ku marangamutima, pressure ya RGB, pressure y'abashaka gusenya itorero, ubwo wabona na rya tangazo ryo kudefiriza no kwambara amapantaro ku bagore twabonye ubushize riri muri uwo murongo w'ibishaka guhindurwa.
@geraldinekamali832
@geraldinekamali832 4 ай бұрын
Abayoborwa n'umwuka nibo Bana b'Imana,si abayoborwa n'idini cg abayoborwa n'amarangamutima yabo plz. Murakoze. Ng'aho birenge ni WOWE ubwirwa🙏
@genestekwizerimana7816
@genestekwizerimana7816 4 ай бұрын
Egoooooo nitee tubwirwa naho dusengera ahandi Ariko twese duhurira k'Umwami Imwe ariwe Yesu Kristu.
@byiringiromoses158
@byiringiromoses158 4 ай бұрын
Nimukomeze muzirure ibizira 😭😭🥺🥺 mwankozi zibibi mwe mana ndababaye mufunguye ubwibone mwitorero Koko mwaryarya mwe
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Ubwo se iyo utukanye uba ubaruse?
@tuyikundechantal1073
@tuyikundechantal1073 4 ай бұрын
​@@sanghokim5420ko utukana wowe ubwo ukijijwe ute ra
@user-qi2bq7ek5k
@user-qi2bq7ek5k 4 ай бұрын
Ariko Koko ibyo bitutsi biragukwiriye Koko ?
@user-lr6fh1ve2p
@user-lr6fh1ve2p 4 ай бұрын
Nonese uragirango abashyikire a puuuu 😢😢😢😢😢😢Manaaa urahari ntacyo nvuze sha muzabonishyano nurubyaro rwanyu abahinduye umuka wera mukawuhindura feke die Mugafungisha abahanuzise mukabatoteza mugashyiraho amategeko yanyu muki mura lmana yabakuye muri puberi umurengwe sha 😢😢😢😢😢
@alberttuyisenge9504
@alberttuyisenge9504 4 ай бұрын
Ariko Isaie agomba kunezeza uwatumye ajyaho ,niyo mpamvu afite gahunda yo kuyampa itorero kera ADEPR ntibari barize babayoboraga nk 'Intama ;ariko ubu siko bimeze .Uyoborwa n umwaka w 'Imana niwe mwana w 'i Mana. Isaie mumureke azabibazwa.
@annelunyirandikumana9671
@annelunyirandikumana9671 4 ай бұрын
Mana we ,ubwo se mwavuga 84 years iryo hishurirwa ni Isaie warihawe . Nyamara ibimenyetso by,ibihe .
@didi-dr1mj
@didi-dr1mj 4 ай бұрын
Ubwinshi bw imyaka ntibivuze kutayoba mama.uzi imyaka aba juifs bamaze bagitegereje umukiza kandi yesu yaraje ? Ibyo se bibabuza ko ari ikinyoma ?
@yizerevalensyv2503
@yizerevalensyv2503 4 ай бұрын
Niba utekereza ko Yesu agarutse yaza yambaye ikanzu muri 2024 uratangaje ubwo ni ubujiji
@GahutuJean
@GahutuJean 4 ай бұрын
Abarwanya abagore ko bataba abashumba,ubundi se basanzwe batatuyobora Kandi bikagenda neza,nonese abagore haricyo bapfa n,Imana kuburyo bataba abashumba,ni mureke iyo myumvire
@ndikumanaflorence6952
@ndikumanaflorence6952 4 ай бұрын
ADEPR yaguye kera, iha abagore uruhimbi,kuko nabyo bible ntibyemera ibindi ni suite nta gishya cyabaye iwanyu😢😢😢😢😢
@sophiemunezero2147
@sophiemunezero2147 4 ай бұрын
Ariko se bantu ba Nyagasani gusengera Umugore akaba Pastor bitwaye iki koko Ubwo murashaka guhora mumigenzo ya kera nka Abafarisayo Yesu Kristo yaciye umwenda ngo Umuntu wese yigerereyo nimureke Abagore bakore Umurimo w'Imana
@user-pt1fm9ly4t
@user-pt1fm9ly4t 4 ай бұрын
Ubundi yesu atoranya abagabo akabita intumwa yarayobewe gutora abagore mube maso
@mukarukizaimmaculee-ku2lu
@mukarukizaimmaculee-ku2lu 4 ай бұрын
Ubundi nuko turi mugihe cyubuntu izayi nabamushigikiye aho agejeje Itorero ry'Imana yarakwiye gushyirwa kukarubanda nkuko cyera bagenzaga uwishe isabato cg uwasambanye agaterwa amabuye
@salimaisabelle-ds9lz
@salimaisabelle-ds9lz 4 ай бұрын
Yeweeeee,ndumiwe pe nakataraza kazaza numa yibi mubona. Abaheburayo13:8
@aimeeishimwe2948
@aimeeishimwe2948 4 ай бұрын
Yesu yubahaga umuco w'ahantu ari. Urugero, n'abo bagabo muvuga, ntago bari bemerewe kuvuga imbere y'itorero mbere y'uko bagira imyaka 30. None ubwo abavugabutumwa bahagarara imbere y'iteraniro tubite ikizira kuko muri bibiliya ntawabikoraga? Umuco urahinduka, kandi iyo atari ibintu byica ubugingo, nta mategeko ahana evolution no kwaguka mu bitekerezo. Ubu ibintu byose itorero rya none rikora ubu, bitanditse muri Bibiliya tubyite ishyano n'inzaduka? Ubu Imana yakunze umugore ikamuha agaciro gakomeye, Ikemera kubyarwa nawe, Ikamupfira, kumuha umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza cyangwa no kuyobora itorero nibyo bintu bikomeyeee...???
@rukundonishimwegratien4027
@rukundonishimwegratien4027 4 ай бұрын
8 Nuko ndashaka ko abagabo basenga hose barambuye amaboko yera, badafite umujinya kandi batagira impaka. 9 Kandi n'abagore ni uko ndashaka ko bambara imyambaro ikwiriye, bakagira isoni birinda, kandi batirimbisha kuboha umusatsi, cyangwa izahabu cyangwa imaragarita, cyangwa imyenda y'igiciro cyinshi, 10 ahubwo birimbishishe imirimo y'ingeso nziza nk'uko bikwiriye abagore bavuga yuko bubaha Imana. 11 Umugore yigane ituza aganduke rwose, 12 kuko nanga ko umugore yigisha cyangwa ngo ategeke umugabo, ahubwo agire ituza 13 kuko Adamu ari we wabanje kuremwa nyuma hagakurikiraho Eva. (1 Timoteyo 2:10;9)
@peggys.4125
@peggys.4125 4 ай бұрын
Ese buriya umwenda w'igiciro cyinshi ni uw'fr angahe tugereranyije?
@sanghokim5420
@sanghokim5420 4 ай бұрын
Irahari myinshi ya menshi cyane
@christinen8291
@christinen8291 4 ай бұрын
​@@peggys.4125 Nkeka ari ya ma basin mbonana ba bagore babakire bo muri Adepr
@alexiauwinema8676
@alexiauwinema8676 4 ай бұрын
Hhhh
@anoliverolivier9427
@anoliverolivier9427 4 ай бұрын
rero jye uko mbyumva mbona ntagishya kigiye kuba kuko nubundi abagore babwirizaga kuruhimbi icyaburaga ni izina pasteur , nonese mwarimu ntayobora? ubwose aho bavugango ntayobora ntibikorwa? Pahulo ntiyavuze ngo ibyo bikurikizwe kw'isi yose ahubwo yabwiraga amatorero yari yashinze, aribyo rero nta muzungu w'umugire wazagera mwijuru kuko bafite imisatsi mire mire , ntahantu tubona Yesu avuga ko abagore badakwiye kubwiriza, sinzi niba bariya babwirizwa ku cyumweru bagakozwa habwirije umugore Imana itabemera? nibazako Imana ikoresheje umwuka wera ibwira buri muntu izi igikwiriye nikidakwiriye kuko ari nta dini rihesha umuntu agakiza ubwo kereka niba harabantu batuye murusengero bo bazagwa, ariko ufite uwo mwana ntacyo azaba ubuse baguteretse mugihugu cyuzuyemo abasilamu urumwadeper imperuka yaba ibaye kuri wowe ? Daniel yabaye mugihugu kitavugirwamo Imana arakomera bamenya Imana ye none abadeper bo mu Rwanda bagushijwe nabapasitori babagore bagushwa n'imisatsi, ese mwahamagawe n'adepr cg n'Imana ? ese uwakuraho adepr ubwo nijuru ntimwarijyamo? umuntu wese w'ubatse kwidini agiye kukwa, uwubatse kuri christo akomere, twebwe rero niyo hatabaho idini narimwe tuzakomeza, no muri covid ntaho dusengera Imana yavuganaga natwe, nushaka udushyire mw'idini ryambara ubusa hari uwo twamize yakomeza akabana natwe , nushaka ukureho gusenga Imana izaguma muritwe, musigeho ntadini izajyana umuntu mw'ijuru ariko biri adepr ntawe yagezayo nayo isanzwe irimo ibyayo
@tuganishuri9120
@tuganishuri9120 4 ай бұрын
ndimo ndagira inama aba christu bo muri adepr ngo basohoke muri adepr binjire muri yesu.
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 4 ай бұрын
Mbere se ntabagore bagiraga?nakataraza kazaza
@chissuacabeneditoarmando1225
@chissuacabeneditoarmando1225 4 ай бұрын
Nibanyimikire Ev Joseline Mukatete gusa naho abandi ntabwo ari ngombwa
@user-nx5xi1gn2b
@user-nx5xi1gn2b 4 ай бұрын
Ariko se bera b'Imana,hakorwe iki ko uyu mugabo ari gatumwa? Ntibihaye gucyoza Jyoniryange! None dore iyo bigeze. None se umunsi ashorera Jehova jireh no kwa cardinal,ninde wamenya imihango yakozwe? Ibyazimaniwe abashyitsi se ninde uzi byaratongerewe iki? Ariko mubona ya makarikari ya kirokore agikanga sekibi kandi asigaye abaha amabwiriza yaramaze gufata intebe y'ikambere? Iyaba twiyumvagamo imbaraga y' ubutwari ,tukazenguruka karindwi kandi bucece ;twarangururira rimwe ku iherezo ikizira cyadagadwa!!!
@twagirayezuemmanuel8312
@twagirayezuemmanuel8312 4 ай бұрын
Njye ndumva niba abayobozi ba ADEPR bibananiye guhagarara kuri doctrine yaryo barisenyurira mu yandi matorero yemera ibyo byose kuko ntampamvu yaba igaragara yo kubaho kwayo. Bibaye ari ukuri kwaba ari ugutsindwa kw'ingoma ya Isaie kandi yaba ahaye inkunga ikomeye opposition ye.
@umwubatsitv8118
@umwubatsitv8118 4 ай бұрын
Amaso yacu ari kubona ibyahanuwe bisohora. Nta hantu na hamwe muri Bibiliya Imana yigeze ihamagarira umubyeyi (umugore) kuba umushumba cg umusaserdoti!!! Najyaga mbinenga mu yandi madini none na hano birahageze!!! Musohoke mu madini yarinjiriwe mwa bantu mwe.
@TuyisengePierre-fr1fj
@TuyisengePierre-fr1fj 4 ай бұрын
Ndange nduwo muri adpr ariko ikigaragara batubeshye imyaka myinshi lmana ntihinduka bo barahindagurwa nibihe gute! Ubuse ngo kudatanga icyacumi nicyaha kunywa inzoga no kwambara mini nibindi ubikora ntazajya mwijuru mwabanyamitwe mwe birababaje
@user-ie2bb4nl3y
@user-ie2bb4nl3y 4 ай бұрын
Nibitaraza bizaza haje abatinganyi haje impuza matorero none naba paster babagore Erega isayi yashyizweho na RGB ntago yashyizweho N'Imana rwose. Ikizira cyageze ahera murarame murebe hejura ibyaditswe birigusohora.
@user-fv9tf9ne4u
@user-fv9tf9ne4u 4 ай бұрын
Ariko nibwira ko iyo umuntu avuze ko habaye ubusabe bw'ikintu runaka bagomba kuba habaye % yababisabye kdi ikemerwa iri ku kigero cyo hejuru. Ese ADEPR bavuga ko + de 3'000'000 ubwo nibangahe babisabye?
@user-yu5ff8dm8b
@user-yu5ff8dm8b 4 ай бұрын
Arikotwebweho. Iwacu Nimwijuru. Nihodutegereje. Umukizakwazava. Imana. Ishimweko. Twamenye Amategeko. Namateka. Byurugendo. Rujyameijuru. Yesu yaduhaye. Umwukawera. Tuzi. Gutandukanya. Ikizanikibi. Imana. Ishimwe
@ntivuguruzwajean9269
@ntivuguruzwajean9269 4 ай бұрын
Ne data ibibihe turimo birasubiza bamwe mu rungabangabo abandi mubisa no guca hejuru yljambo lylmana ubona yo babemerera niyo misatsi ko wenda haraho bibiriya ibivugaho ko bagomba kwirimbisha abagabo ntabwo babyemererwa ariko Umwepiskopi agombakuba ateye ate?bazongereho muri bible ko agomba kuba uwumugabo umwe nilyo riburamo ariko njyewe ndisaziye abajyambere musenge kubabishoboye utu munsi twigishijwe ngo IMANA IRI MUKAZI Nimuzamere nka wamutware wisinagogi wabonye Yesu akijije umugore ubumuga bwo gihetama umugongo agakira abandi bakarakara muhumure IMANA IRIMUKAZI PE
@MugwanezaWellars
@MugwanezaWellars 4 ай бұрын
Mukomeze mubikurikirane kd Imana ibahe umugisha
@ishimwejosiane1705
@ishimwejosiane1705 4 ай бұрын
Mugeni tv kurikirana ijambo ry'Imana
@user-xv6zk1dk9d
@user-xv6zk1dk9d 4 ай бұрын
Iyi nkuru ni nziza kuko n"abagore barashoboye !
@pastorosine
@pastorosine 4 ай бұрын
Twese tuvugako ADEPR Ari itorero ry'umwuka, Kandi abumvira umwuka nibo bana b'Imana. Umwuka yababwiyeko hagezweho n'inkoni y'ubushumba ku bagore
@mutatismutandis900
@mutatismutandis900 4 ай бұрын
Amadini yose (umwuka wayashinze) ni udutsiko twamabandi yitwaje bibiriya kuko ntawe Yesu Kristo yatumye wabuze uko avuga ubutumwa bwiza atisunze idini
@UwingeneyeDelphine-dw5bi
@UwingeneyeDelphine-dw5bi 4 ай бұрын
Uwiteka we tabara ubwoko bwawe bene data dufatanyije urugendo rujya mwijuru ndababwira nange nibwira uwera nakomeze yere uwandura nakomeze yadure kuko umuremyi wibihe aribugufi aha haratambuka intwarane pe Imana iturengere.
@Jeannette-q3s
@Jeannette-q3s 4 ай бұрын
1timoteyo3:2 Ushaka ku a umwepiskopi ni abe umugabo w' umugore umwe,... Ntago ari umugore w' umugabo umwe! Birabusanye ,ngaho babanze bahindure bibiliya nyine ,ubundi banezeze irari ryabo! Icyo nzicyo,uwatoranijwe ,uri mu itorero riri mu ibganga w' umugore ako kazi azakendera kure!!!!
@madeleinemukandayisaba5548
@madeleinemukandayisaba5548 4 ай бұрын
ni ko havuga mugiye kutuyobya ,ariko muravunikira ubusa
@rukundoprince5117
@rukundoprince5117 4 ай бұрын
True
@damascenengirinshuti2211
@damascenengirinshuti2211 4 ай бұрын
Mbega muntumwa za Yesu 12 harimo Abagore bangahe ?
@evelynendayisenga981
@evelynendayisenga981 4 ай бұрын
Nimureke nabo bavuge ubutumwa IMANA niyo izi ukuri nimugace imanza
@evelynendayisenga981
@evelynendayisenga981 4 ай бұрын
Kumva ya YESU abagiyeyo kare mugatondo bajanye ibimota neza kumusiga nabaki uravye no mumatorero abagabo bagendayo nibake tureke guca IMANA ntani shari reka bavuge ubutumwa kugeza kumpera yisi
@aimeeishimwe2948
@aimeeishimwe2948 4 ай бұрын
Yesu yubahaga umuco w'ahantu ari. Urugero, n'abo bagabo uvuga, ntago bari bemerewe kuvuga mbere y'uko bagira imyaka 30. None ubwo abavugabutumwa bahagarara imbere y'iteraniro tubite ikizira kuko muri bibiliya ntawabikoraga? Umuco urahinduka, kandi iyo atari ibintu byica ubugingo, nta mategeko ahana evolution no kwaguka mu bitekerezo. Ubu ibintu byose itorero rya none rikora ubu, bitanditse muri Bibiliya tubyite ishyano n'inzaduka? Ubu Imana yakunze umugore ikamuha agaciro gakomeye, Ikemera kubyarwa nawe, Ikamupfira, kumuha umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza cyangwa no kuyobora itorero nibyo bintu bikomeyeee...???
@b.chantal5831
@b.chantal5831 4 ай бұрын
Abagabo nk’abo mu gihe cya Yesu kuri ubu wabakurahe??
@yizerevalensyv2503
@yizerevalensyv2503 4 ай бұрын
Kuko harimo na Yuda w'umugambanyi se ubwo ni ngombwa gushyira abagambanyi mu bashumba nkeka tudakwiye guterura ibintu byose ngo tubihuze n'ibya kera ubuse ko Yesu yakebwe ku munsi wa 8 wowe niko ubikora ukwiye kumenya ngo Yesu yakoreye umurimo mu bantu bafite umuco umeze ute? ko kera abo ba pst bo kubwa Yesu bambaraga amakanzu n'abagore babo bakambara amakanzu ubu niko biri?
@MukankusiChristine-ne8en
@MukankusiChristine-ne8en 4 ай бұрын
Yewe ndi umugore Ariko ndabyamaganye muizina rya yesu Ababayebo aho batugeze Puuuuui
@macumudavid8382
@macumudavid8382 4 ай бұрын
Ariko ibi bintu biva Shakopee,basigaye bategeka abanyamadini iibyo Bari bukore,batabikora bakahura n,akaga😂😂😂😂😂
@user-kv2op1ph1c
@user-kv2op1ph1c 4 ай бұрын
Mwaramutse neza mureke bakomore byose umukristu nibwo agiye kugaragara numunzani mureke tuwugeho nyine
@mukazanaSylivia-gz9vl
@mukazanaSylivia-gz9vl 4 ай бұрын
Sha uvuze ukuri pe
@ububyutse
@ububyutse 4 ай бұрын
Byaravugwaga cyeraaa sinari nzi ko bizasanga ndi mw isi, none mbirebesheje amaso. " BANA BANJYE MUWUSOHOKEMO"
@bikolimanajeanclaude
@bikolimanajeanclaude 4 ай бұрын
Uwiteka afite agahinda kabo yahamagaye agashyira murugo benshi muribo nibo rukozasini afite bahaye urwaho abanzi b,uwiteka ngo bamutuke !!!!! Efulahem yewe efulahem. we dore wabaye nk,inyuma y,injiji. ....
@DDenise376
@DDenise376 4 ай бұрын
Nonese Plaisir nanjye mbabaze umbarize ADPR ko mubabuza kudedriza kdi mukabemerera gutera kanta yewe mukanabemerera kwitukuza mwaretse imigenzo y idini ko tubina abaciwe badefrije ariko abitukuje nabateye kanta nimubavugeho murumva mutarayobye koko
@cecilebukuru2298
@cecilebukuru2298 4 ай бұрын
Uvuze bike pe.Ivyaha vyuzuyemwo barabizi.Nabo nibisuzume.Ico caha ca defriza nico bahora bavuga,ubugome ko ntarabona uwu bashira inyuma uwabeshe,amashari,ubugome etc...
@yizerevalensyv2503
@yizerevalensyv2503 4 ай бұрын
Ufite imyumvire mike mu gutandukanya discipline na doctrine waba warasomye doctrine ya ADEPR ugasangamo iby'imisatsi,...ukwiye gusoma ukajya uvuga ibyo uzi sinzi idini ubamo ariko uzarebe neza urasanga naryo rigira discipline haba mu myambarire y'abariyobora no mu minywere urugero Gatulika ababikira bambara igitambaro mu mutwe EAR umwigisha aba yambaye ikanzu, abadiventiste aba JA bagira imyenda yabo,...ntaho wajya ngo ubure akantu bashyizeho katari muri bibiliya kabatandukanya n'abandi ariko ntaho Kaba gahuriye n'icyaha urugero ADEPR ikunda gutega igitambaro ku bagire ariko si icyaha kutagitega sinzi niba utabazi batanagira igitambaro ese wari wabona jehovajireh choir yiteze? Ku mapantalo nabyo si icyaha kuko ADEPR yahisemo ko mubuzima busanzwe hajya hambarwa imyenda yiyubashye bahitamo kuyambara kenshi ipantalo ariko si ihame bitewe n'umurimo ugiyemo wemerewe kwambara ipantalo nk'abaganga abasirikari abapolisi, abakanishi abafundi rero kwibwira ko aba ADEPR batambara ipantalo byaba Ari ubujiji no kudasobanujirwa k'uri kubivuga reka nkubaze wari wabona umubikira wambaye amaherena cyangwa wambaye ipantalo ariko se idini ryabo ntubizi ko babyambara nkeka rimweukeiye kujya mumenya uko ibintu bikorwa akajagari ntabwo kagaragaza umuntu ugira gahunda
@izerimanatheophile4656
@izerimanatheophile4656 4 ай бұрын
Abayoborwa nu mwuka nibo bana bi Mana
@amavutaamavuta5553
@amavutaamavuta5553 4 ай бұрын
Yewe amafranga yaguzwe umwana w'Imana koko😢 buriya amfranga yabatinganyi niyoyab'agiye kunyeganyeza itorero akakageni????? Imana ntizabyemera kd muzabibonesh'amaso yanyu
@bakundamahorochance4794
@bakundamahorochance4794 4 ай бұрын
Koko se ? Ubuse Imana yavuganye natwe yarabeshye ra?
@yizerevalensyv2503
@yizerevalensyv2503 4 ай бұрын
Ese ubahe utunguwe na pst w'umugore EAR, EPR,...ukeka badakizwa se muve mu bujiji ubu koko Anglican ubuse abapagani ni gihe bafite n'abahowe Imana b'ibugande muve mu bujiji
@ndikumanaflorence6952
@ndikumanaflorence6952 4 ай бұрын
Umuhanuzi William Marion Branham yavuze ko aba pentekote bazaba babi kuruta Andi madini, none ndabona bibasohoyeho😢😢😢😢; muri bible biriimo ko pasteur agomba kuba Ari umugabo ufite umugore umwe+ afite abana bizera. SI umugore w'umugabo umwe no
@user-kp3kz5eg4x
@user-kp3kz5eg4x 4 ай бұрын
Ntagitangaza,kuko ibyo umwuka wera yavuze bigomba gusohora kd bigasohora kw 'Itorero ryayo.Ikindi kd bagomba kuba nkabandi kugeza igihe u bubyutse bugarutse.
IKIGANIRO CYA YAGO NA JADO NKA MURUMUNA NA MUKURU
1:24:34
B&B Kigali 89.7FM
Рет қаралды 15 М.
When you discover a family secret
00:59
im_siowei
Рет қаралды 33 МЛН
Фейковый воришка 😂
00:51
КАРЕНА МАКАРЕНА
Рет қаралды 6 МЛН
Violet Beauregarde Doll🫐
00:58
PIRANKA
Рет қаралды 48 МЛН
王子原来是假正经#艾莎
00:39
在逃的公主
Рет қаралды 25 МЛН
IFUNGWA RY'INSENGERO RIRASOZA RITE EV.ANICET NIYOMUGABO
59:05
lJWl RY'UMUKANGUZI TV
Рет қаралды 43 М.
When you discover a family secret
00:59
im_siowei
Рет қаралды 33 МЛН