Ako kantu ngo iyo ugonze urukuta rw'idini nibwo umenya ko wayobye! Sinzi niba Ako kantu abantu benshi bakumvise .Njye nkumvise kabiri .Imana ibahe umugisha
@MukabarangaDaphrose2 ай бұрын
Ndafashijwe koko. Uko tyrushaho gusoma ijambi biramutwegereza mwuka wera yadusobanurira ijambo tugagumuka. Alleluia alleluia alleluia ❤ Kristo naganze muri twe .
Muzajye muvuga ibya Kristo buri munsi mugeze aho dushitse none . Agakiza karatwegereye cyane kuko isi iri mumwijima byeruye ark kristo ni umucyo wacu abizera ukuri ko muri kristo Yesu wenyine.
Yes, ariko umwanzi ari gukora cyane mubatari bakomera nukwitonda cyane kuko tubona bamwe nka Nicodemus Anna na Simeon ndetse na Yesu ubwe, bari murusengero. Ubutumwa bwawe ni bwiza, ariko abantu bitonde bayoborwe na mwuka wera, kuko satani ari kukazi. Murakoze
@Ob1021A2 ай бұрын
@@catherinem9765 ubuse idini ryakuza umuntu ku kigero kihe? Ikigero cya Kristo cyangwa ku kigero cy'idini?
@catherinem97652 ай бұрын
@@Ob1021A umuntu ntakuzwa nidini akuzwa nubusabane agirana n Imana ariko tube maso kuko umwanzi ari gukora cyaneee, nigihe cyo kuyoborwa na mwuka wera.
@Ob1021A2 ай бұрын
@@catherinem9765 aho kumbwira ko satani ari gukora ahubwo wambwira ko Kristo ari gukora kandi uko yari ari ejo n'uyu munsi niko ari ntahinduka
Njyewe ndagukunda yaba ari wowe bazanaga bagahagarika kuvuga abandi tujye tuvuga Yesu nicyo dusabwa
@HasaniKidibule2 ай бұрын
Professor, nakufuatilia sana nikitokea inchini Tanzania dar es salaam, napenda vipindi vyako kwa makini unatupa faida, labda kwa wasio kufahamu ndio wasio faidika navipindi hivi, asanteni sana,
God bless you so much man of God 🙏 Aya magambo nayumwuka kd ni mazima
@mukayirangamarcelline97062 ай бұрын
Nukuri ndafashijwe ndumwana murugo kwa Data
@UwaseNatasha-wp1tj2 ай бұрын
Nategerejeko umumbariza akabazo nibajije ndaheba mais nubona coment yanjye uzamumbarize uti ko iteka tubwirwango twiyeze natwe iyo dusenga kenshi usanga dukoresha iryo jambo cyane kdi tukaba twigishijwe ko Christo yaturobanuye(yatwejeje)tumaze kumwizera!ubwo ntitwaba dusenga nabi??? Hamwe tubwirwa ngo twiyeze ese iryo jambo ntiryaba rikoreshwa nabi??merci ntegereje igisubizo cya Proffesor God bless u!
@Consolee-wz1ur2 ай бұрын
Yew manawe nange mbaye comfused nez nez p
@Ob1021A2 ай бұрын
Ubundi intego yo kwizera ni ukigirango duhinduke abera imbere y'Imana Hari indirimbo ya 68 mu gushimisha niyo ivuga ngo "nta kindi gihesha gukiranuka mu b'isi no mu bo mu ijuru keretse kwizera ko wogejwe de n'amaraso ya Yesu masa
@Ubukristobwukuri7772 ай бұрын
-Soul:umutimana w'umuntu hari n'uw'amatungo. -Spirit:Umwuka wa Kristo cg wa satani(tuvukana) uyu uturuka ahandi. -Body:Inyama n'amaraso.Rero kwirinda ibiwangiza oya.
@nsengimanaalexandre1302 ай бұрын
Intang 2:7 [7]Uwiteka Imana irema umuntu mu mukungugu wo hasi, imuhumekera mu mazuru umwuka w'ubugingo, umuntu ahinduka ubugingo buzima. And the LORD God formed man of the dust of the ground, and breathed into his nostrils the breath of life; and man became a living soul.
Amahoro Iki kiganiro nicyiza ariko gitandukanye cyane na titre yacyo. Ndababaza nitureba mwijambo turahabona kubatizwa kandi bikorerwa mwitorero cg mwidini! Kuki idini rihindutse ikibazo kandi rishobora kuba umwe mumuyoboro, uyobora abantu kukumenya ukuri?
@Ob1021A2 ай бұрын
Iryo hame ry'uko umuntu agomba kubatirizwa mu idini riva ku Mana cyangwa ku bantu? Ese y'umubatizo wa Yohana Umubatiza itangira kubaho wakorerwaga mu idini cyangwa hanze y'idini?
@georgettenduwimana58562 ай бұрын
Ukonukuri pe komera yesu ashishikare kubakomeza❤
@JeanKanani-nv3nw2 ай бұрын
Yesu aguhe umugisha kubwo guhugura nogucyaha ubwoko bw'Imana!
@benihirwejulienne78832 ай бұрын
Ikiganiro ntabwo wacyumva rimwe ngo ugisobanukirwe pe .
@nezaalphonsine30762 ай бұрын
Nyamara Leta yavunze insengero kubera amafuti y,abanyedini
Mbega mwalimu w’ijambo rifite ubugingo! Prof. S. Byiringiro yarasobanukiwe pe! Burya impamvu abiyita abakozi b’Imana ariko batumvikana ngo besenyere ku mugozi umwe, n’uko bayobotse idini batayobotse Kristu. Idini riradutandukanya ariko Kristu aduha ubumwe. The church of Christ has a long way to be able to understand Ephesians 4:3-6, and reach God’s goal of 4:13-16. Nkuko muganga akoresha stethoscope kumva niba umutima ugitera, Imana irapima Itorero ngo yumve niba hakirimo ubugingo bwa Kristu muri ryo cg twarapfuye duhagaze!!!
@merryiyakaremye9482 ай бұрын
Kwibera muri kristu biruta cyane kwibera mu idini
@tendotendo42792 ай бұрын
Amen, sanctification is God'work
@MukabarangaDaphrose2 ай бұрын
Mugarure vuba Plaisir. Twizukire
@TheogeneMUSABYIMANA-j7v2 ай бұрын
Ibyo babyita kujombana umunwa
@cecileuwimana81492 ай бұрын
Plaisire niveau ariho ndayumva na Samuel birumvikana abantu bakijijwe vuba bajya bambabaza ibyo barya nibinyabari keretse bakeya
@jeandamourbagiraneza57032 ай бұрын
Mwiriwe? Nonese abazarimbuka ni bande niba igitambo cya Yesu cyatambiwe abantu bose? Bazazira iki?
@baristamartinsloves31842 ай бұрын
Bazazira ko batizeye icyo gitambo ariwe mwana w'Imana
@FlorenceUmutoniwase2 ай бұрын
Murakoze cyanr
@KubwimanaEgide-u6u2 ай бұрын
1.Ibyo ni byo byatumye umutambyi mukuru ahagurukana n'abari kumwe na we bose, ari bo gice kitwa icy'Abasadukayo, buzura ishyari bafata intumwa bazishyira mu nzu y'imbohe zose. IBYAKOZWE N'INTUMWA 5;17-18 2.Akibivuga, Yuda umwe muri abo cumi na babiri Azana n'igitero kinini gifite inkota n'inshyimbo, giturutse ku batambyi bakuru n'abakuru b'ubwo bwoko. MATAYO 26;47 3.Abafarisayo barasohoka bajya inama, ngo babone uko bazamwica. MATAYO 12;14 ingero zo zaba nyinshi zigaragaza uko abanyamadini bagiye barwanya ubutumwa bwiza harimo abanditsi, abasadukayo, abafarisayo, abatambyi bakuru bagaragara cyane mw'isezerano rishya barwanya itorero.
@UwimanaAimee-q3g2 ай бұрын
Uyu muvandimwe ndamwumva neza uwahuye na kristu byukuri abaho nkawe ariko uwo batarahura ntabasha kubyumva urukundo rugororerwa nurutagoragoza ndamwumva neza weee Niko gukira
@YanaMedia.2 ай бұрын
Bibliya ivugako adamu yaduhitiyemo kuba abanyabyaha bituma tuvuka turi abanyabyaha ntaruhare rwacu tubigizemo no iyo prenciple niyo ikurikizwa mu gukizwa? Guki bidusaba kwizera kd kuri adam bitaradisabye kwizera? Muzambarize Prof.
@Ob1021A2 ай бұрын
Ariko Adamu yizeye amagambo ya satani ni nayo mpamvu twe bidusaba kwizera ijambo rya Kristo
Ndabashimira kukuri muriko mudushikiriza kubwa kristo yesu
@MarcelineMukamana-ww1cg2 ай бұрын
Ibiganirobyawe ntibikincika .
@kayitarebosco23482 ай бұрын
Urakoze Cyaneeeee
@samuelnyabyenda45562 ай бұрын
🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
@NiyimbabaziRose2 ай бұрын
Ikikiganiro kiriramfashij pe❤❤❤❤
@bernardmunyeshuri46592 ай бұрын
ZABURI NSHYA, Reka mbabwire ko kubera iyi Video yonyine muduhaye, Imana ihinduye Ubugingo bwabenshi ntimuzabura kubona ingororano yabyo mukiri mu Isi.
@zainabulydiemukamusoni17382 ай бұрын
🎉😮🎉
@moiseiteriteka18772 ай бұрын
UKO NUKURI PROFESSOR UBUNDI KUVA INTUMWA ZAVA MWISI NA BA PAULO IVYAKWIRIKIYE NAMA DINI KANDI ABAYOBOZI BAMA DINI BAZINANYI KO ARI IGIPINDI BIBERAMWO WAMPAYE WATSAP YANYU PROFESSOR
@mukundenteaddy13062 ай бұрын
Ese watwemerera ukajya utanga intigisho kuri KZbin? Ntangiye gusobanukirwa pee
@NkusiAlbert2 ай бұрын
Nukuri ni ibyagaciro gusa twifashishi imirongo ya bible keshi byaba byiza
@samuelnyabyenda45562 ай бұрын
rivaival is coming🔥🔥🔥🔥
@mamashengecharite2 ай бұрын
None se gukorera Imana bisonanuye kuzira ibyo uvuze?😊
@francoisgatete67812 ай бұрын
Ukuri kose!
@HasaniKidibule2 ай бұрын
Samahani professor, naomba kuuliza kama unafahamu kiswahili,? Ili unipe maana ya neno dini, yaani dini ñi nini?
@Ubukristobwukuri7772 ай бұрын
Spirit,soul and body 1theseran.5:23
@sbupdates53052 ай бұрын
Yesu Kristo ahora arimushya
@ingabiresandra33122 ай бұрын
ndagukunda wa mutumirwa we
@cecileuwimana81492 ай бұрын
Ubundi se idini muribamo mushaka iki?tuvuge ko se mujya kwiga mutashakishije ikigo kiza kuruta ibindi bitewe nubushobozi bwanyu? Nidini nuko ni ihuriro ryabakirisitu bashaka kuba muri kristu ikindi se niki?
@Ob1021A2 ай бұрын
Mu idini niho umuntu abera umukristo?
@Ubukristobwukuri7772 ай бұрын
Mbere yo gutsindishirizwa tugomba kwiyunga n'Imana kuko twishe Yesu Kristo.None bigenda bite ?wowe byakugendekeye gute?
@Ob1021A2 ай бұрын
Kuba Yesu yarishwe birababaje cyangwa biranejeje?
@Ob1021A2 ай бұрын
Twiyunga n'Imana kuko twishe Yesu? Cyangwa twiyunga n'Imana kuko Yesu yishwe? Abakorosayi 1:21-22 Namwe abari baratandukanijwe n'Imana kera, mukaba mwari abanzi bayo mu mitima yanyu no ku bw'imirimo mibi, none yiyungishije namwe urupfu rw'umubiri we, ngo abashyire imbere yayo muri abera n'abaziranenge mutagawa,
@Ubukristobwukuri7772 ай бұрын
Uravuga ukuri ariko binjira muri Kristo gute? Mubivuge
@mukundenteaddy13062 ай бұрын
Acaster ini batabizi nho babisobanurire abayonoke babo? Uri umuhanga pee
@ErnestineMukayisire2 ай бұрын
❤
@yvettetuyishimire33272 ай бұрын
😀😀
@mathieuniyimbona798515 күн бұрын
Izi nyigisho nizo twari dukeney mû ntango y izindi
@ndayishimiyeprosper16712 ай бұрын
Sign yizo noki za pope ni Ukuvuga ati Love U cg s ndabakunda.
@ndayishimiyeprosper16712 ай бұрын
Sign ya Satani/Eliminatti cg ubwami bwo mumwijima ijya gusa niyo(Wa Muco mubi Wa Sekibi wo kwigana) ariko IGIKUMWE ho kiba gihinnye.Kikaba gihiniye mukiganza.
@AnnonciataMushimiye2 ай бұрын
Respectful mu ma photos mukoresha. They qualify your characteristics and do not sanctify you