Umva mwa ba Christu mwe, nawe Plaisir Hari impamvu uyu mwana yabahungiyeho, akababwira akababaro ke, please tugerageze tumufashe aboneko hari aba Kristu bakiriho🙏.
😢😢😢😢😢Komera nshuti y IMANA, humura hali benshi banduye kandi IMANA yarabakijije .Ihangane cyane, rangamira iyo MANA Izagukiza Igutangize ubuzima bushya
@leonieuwingeneye57507 ай бұрын
Nonese ko ushoje uvuga ko abagucumbikiye utabakunda bo bakugize gute koko? Jya ubibika mumutima si byiza kubivuga pe ahubwo wagombaga kubashimira ko babaye bagucumbikiye, Kandi pole nanjye duhuje amateka uretse kugusengera nanjye mba ndi mu marira Cher wanjye🙏
@Snappy19908 ай бұрын
Plaisir God bless you kuby’umurimo wayo ukora!Bwira uno muvandimwe Yesu Christo uzura abapfuye(Yazuye Lazaro)mubwire Yesu Christo ukiza indwara zose (Muri Matayo tubibonamo)Mubwire Yesu Christo uruhura imitima!Ntanikimwe kimunarira!!!Sida it’s nothing to God!!!Icyo asabwa nukumwakira Yesu Christo,akamwizera!kuba akiriho n’ubuntu bwa Kristo kandi amufitiye imigambi myiza!Be blessed Sister
Turi mu isi dufashe igihe mu ntambara!niwakira Yesu azaguha amahoro no muntambara.yewe plaisir we nabaye umusilam imyaka 13 urwo rukundo ni igihuha. Muvandimwe wanjye urabimenye yuko numusilam yakubera mubi, Shaka Yesu wishaka abantu, wishaka idini, Yesu nagukunda abantu bazizana.Yesu ni inshuti nziza, ahoza amarira, atanga ibitotsi ikiruta byose ahagararana natwe mu ntambara zo muri uru rugendo. Ndabizi kuvuga Yesu warigeze gusali ni urugamba. Komera komera
@genestekwizerimana78168 ай бұрын
Nukuri nukuri Yesu ni Umwami w'Abami Kandi Arashoboye ,ni Intahemuka Kandi ni inyishu y'ibibazo vyose tugenda duhura navyo muri ino SI .Yesu Mwiza ndakwinginze ngo Usange uyu mudamu Umuhe Amahoro yabuze Kandi Unamuruhure umuruho yarushe .Amen.
Uyumukobwa akeneye kwakira yesu kristu nkumwami numukiza. Niwe wenyine wamwambura iki cyangiro bamwambitse,areke kurakararira abantu kuko ni satani umurwanya, IMANA niyo izamwomora .mu mana niho hari ubutabazi
@dianeuwimbabazi40958 ай бұрын
Ndababaye cyane, Aisha pole knd wihangane , uzabaho
@Uwigar8 ай бұрын
💔💔💔💔💔😭😭😭😭😭😭😭, uyu mukobwa akeneye ubufasha mubintu byinshi, na l’êtat naba silamu na Abarokore naba Cancellor mana Mbegisi Ndarize weeeeeeee 🥹🥹🥹😭😭😭💔💔💔😭😭😭 Ikikiganiro tcyohereze Hose Turebe ko bafasha Uyumwana . Njyewe ndagitanze Kumusigiti wo mumujyi , Turebe akeneye Ubufasha Burenze Ubufasha Ibikomere afite Imana izamfashe aze hano ashima Imana ya rabbi 😭😭😭💔💔💔💔 Ndi kurira Maman wawe Asenga Satan ntabwo ari mana niyo mpamvu nanga ADPR Mubuzima ndabanga Mbafitemo Ubuhamya bubi Bwinshi Nta Mana yabo nukwishushanya Gusa
@LovelyDolphin-vv1wd8 ай бұрын
Cyane 😢
@MukansangaMediatrice-hf8zm8 ай бұрын
Humura Yesu yaguha ibyiringiro ndetse numunezero womumutima
@ChantalYankurije-e1e4 ай бұрын
Abantu mwamenyi Mana mujye mwitanga mutuganiriza ntakindi tubasaba kuko birakomeye
@Kamukama7738 ай бұрын
Niyakire yesu nkumwami numukiza azamubera ibyishimo
@angelinehildebrand62578 ай бұрын
Humura komera gusa akira Yesu niwe ushobora byose araruhura