Ese Amadini atariho mwabuzwa niki gukizwa, erega hari abantu bamaze imyaka munsengero ari abarozi abasinzi nabasambanyi, , muhindure uburyo bwo gusenga Amazi siyayandi
@Alexissindayihebura-re6oy6 ай бұрын
Yesu nashimwe bene data natwe nkabarundi dusangiye urugendo gwo kuja mwijuru plesir nugusenga nukwisonzesha kuko tugeze mubihe bigoye .none se pentecote ko yari yateye imbere uhereye naha IBurundi ubwo se yaba itujyuje ibyo byose twumvise
@Alexissindayihebura-re6oy6 ай бұрын
Ariko se nkanjewe numva twosenga cyane kuko satani yahagurutse.abatinganyi ntabwo bahagaritswe na basinzi nabasambanyi ntabwo bahagarikwa ariko nigihe cintumwa vyatangiye uko ubwo niburundi bizaza kuko twarabyumvise rero nugusenga plesir
@divineinabeza456 ай бұрын
Aha nshobora kuvuga ngo amen sawa pe nibyo
@madimadi31126 ай бұрын
Ndumiwe koko. Ubwo nyine barasengera mu mutima kuko ntibasubira muri ADEPR
@celiahisimbi28606 ай бұрын
Umwimerere ni christo muve mumihango yakinyedine sinzi amajipo sinzi ibitambaro muve muribyo musegere mukuri nomumwuka ntadini rizajya mwijuru have faith in jesus christ surround all to him and let the holy spirit dwell in you
@KarutaAnasitase5 ай бұрын
Ariko ko ADEPR RGBYabahindiriye ubuyobozi harabura iki ngo mu Itorero UMURIRO waPENTECOTE naho ngo muhindure abakora nabi ariko ntimusenye Itorero?keretse niba........ahaaa
Iyo title yanyu irabeshya! Ese ntimuzi gutandukanya Itorero umurimo wa Pentekonte na ADEPR? Hafunzwe itorero umuriro wa Pentcote. Kandi Imana izarirengera kuko iribereye maso.