Uyu mugabo ni hatari nubwo ntakimwumva afite byose wakwifuza kumenya
@emmyntidendereza77754 жыл бұрын
Very informative, keep it up brother. I read bible several times but found a lot of things that are not clear but they used to tell us that what is not clear will be understood in Heaven and I also preached this and convinced many. After my University studies, I decided to halt my journey in these things of Religion, but am thankful for you because I followed your teachings and realized that I was wrong all along. If possible I would like to meet you or join that group WhatsApp you always talk about. Thank you.
@jeanneumurerwa52253 жыл бұрын
Murakoze cyane kudusangiza ubumenye bwanyu ni byo wahinshuye. Naringiye kuvuga ngo nibyo wahishuriwe muri zamvugo za ma religions. Nyuma ndibaza nti kubera bwabumana Imana yaguhaye ikurema Ahubwo warabukoresheje Ubujya mumizi Uri igitangaza 🙏
@thereader22125 жыл бұрын
Uyu numunyabwenge tu Imana imuhe umugisha Ibi bizatubohora abanyafurika gutyo duterimbere mubyubuzima
@niyibirutavenuste93167 жыл бұрын
Iri shuli ryaranshimishije cyane, mbese ni ishuli ryaziye igihe. Nimureke twiyigire rero!
Ni njye soko yu bugingo nunywa ku mazi nguha ntuzongera kugira inyota ukundi (yesu abwira wa mugore wavomaga)
@justicia442 жыл бұрын
Ubu bwiru bwanyu ni lirimbuzi koko.
@dusingizimanaetienne15024 жыл бұрын
iyaba abantu bose babashaga kuva mu icuraburindi barimo
@justicia442 жыл бұрын
Ese niba uvuga ko bibiliya nta kiyirimo kuki uyisoma?
@umuhirethadee48146 жыл бұрын
Ntituzongera kuyobya ukundi, ni mureke dukenyere turwanye abo bajura n' abanzi bibyiza by'Umuco wacu
@justicia442 жыл бұрын
Ese wowe ubwo bushakashatsi uvuga ukora ntubukura mu byateguwe n'abo bateguye bibiliya! Wa mugabo we shyira agapira hasi, ujyende gake kuko ibyo byose uri kuvuga wabikuye muri bibliothèques z'abo uri kuvuga n'uburezi wahawe ni ubwabo ahubwo, witware neza utaza guhuhura abo bayobejwe n'abazungu wowe utabamanura i muhengeri kandi wenda bari bakiri hafi.
@Gigistella6 ай бұрын
Arko c nshuti ntago wumva ko arimo arasoma ibyo byanditswe hanyuma akabiyungurura, Ninde wakubwiye ko ari kubijyenderaho? Muri make ikiganiro cyose kirinze kirangira udasobanukiwe ibyo avuga? Ubwo waba wivuniye iki? Iga gutega amatwi utuje
@Idiarura5302 жыл бұрын
Ellen white ntaho avugako inzoka yavugaga utamubeshyera pe a babyumva nibo baba babyumva nabi. Avuga ko kutumvira Itegeko ry’Imana Aribyo byazaniye umuntu icyaha.
@justicia442 жыл бұрын
Kandi bibiliya mujye muyisoma mu kinyarwanda kuko ntimuzi ururimi rw'umwimerere yakuwemo wasanga ari n'ikinyarwanda.
@eliabladjabniyongira666 жыл бұрын
Ayo bajyanye barayajyanye ntitukiyobye ukundi. Dukwiye kumenya ko umuco wacu ufite byose dukeneye. Twibuke ko iyo utakaje umuco utora ico
@justicia442 жыл бұрын
Warenze inzira wa mugabo we, none se wagize ngo kurya itunda ni byo byazanye icyaha, no icyaha cyazanywe no kutumvira Imana kuko bari barabujijwe kurya, satani araboshya bararya.
Ubujiji bwabubatsemo, bunyuze mu bukoroni bw'Abaromani bitewe na propagande bamaze imyaka myinshi bakora. None mwumva ariko kuri nyako kuko ukundi kuri kwumenywa n'uwagushakishije Imana ikakumuhishurira. Ubwo bujijiji rero bwanashije ku buyobe isi irimo kugeza ubu. Yesu yabivuze neza ngo ubwoko bwanjye bwishwe no kutamenya!
@kigalixpress22786 жыл бұрын
ubupfapfa , umuntu uzi no gusoma no kwandika pe, ariko reka nkwibutse ko gusoma bije vuba, urumva rero ari wowe Imana yakoreye bible iyinyuza mubaroma, banaguhisha Q documents. ntabwo washyira ubujiji namarangamutima muri bible. kubera abayanditse bari bafite ibyungu kurusha ayo marangamutima, bakwishe mubitekerezo
@rwandatechtv65495 жыл бұрын
@@martinbudutira7172 ntekereza ko atariwe ufite iyimyumvire wenyine, ahubwo ari muribacye bateye imbere mukubyereka abandi bameze nkawe.
@mediciniyo82825 жыл бұрын
Ibi bintu kubyumva ntibyatuma uhakana Bible ahubwo uyumva neza kurushaho. Yesu yaje kwigisha ubumenyi anasaba abigishwa be ko bazatangariza isi ubumenyi. Nibajije for long time icyo itunda cg icyaha bisobanura kandi ntaho bitandukaniye na Bible. Ahubwo se Mugabo afite eglise abarizwamo ndavuga abo yigisha cg yigishiriza kuri Radio gusa?