Sabin nukuri wiseka ahubwo mwiyegereze😢 ubuzima bujya buruhanya nyamara.ariko haracyari ibyiringiro ko igiti cyatemwe cyongera gushibuka. Ariko byose ni Yesu.
@japhethtv39709 ай бұрын
Hellooo... Ras_Kayaga umujene wamahoro cyane nzi,,, ikitenze ibindi nzi nuko waganiriye nawe ukobyagenda kose mutandukana Hari ikigiye mumutwe gishya cyagufasha mubuzima. Big time Brother Kayaga🔥 and thanks for teaching us🔥
Ntabwo ari i Burayi hose banywa inzoga nyinshi nta mibare. Ahubwo ni ingeso yibasiye cyane cyane abanyafrika batuye mu Bubiligi. Niba ari uko ari benshi, bya bigare, urugomo, kwirirwa banywa ntibakore... uburara... birabokama, bityo ntibiteze imbere.
@reponse855610 ай бұрын
Umvugiye ikintu pe nanje ahontuye ntabwo mbona bamwa izoga ntanumwanya babona wakuzimwa barakora cyane pe
@ishimwebruce798910 ай бұрын
Ntibakavuge murirusange bajye bavuga bati uko nabayeho naho nabaye kuko simububuligi hose kuko nzi abantu baba mububiligi bateye imbere rwose ntago imijyi yose mububiligi ariko iteye baca umugani ngo ntamuryango ubura ikigoryi aya mahanga uko witaye niko agutwara
Ubivuze ukuri rwose ,kuko uko ushaka abagore barenze umwe uba uri mwiteranyuma rwose
@ishimwehope479010 ай бұрын
Gusa uphukame usenga kuko hari karande zikugendaho .
@zalahosetv698010 ай бұрын
Sabin muri kuduca intege dufite degree nubuzima ariko nakazi dufite muri Kigali ku myaka 35 none nigute wabona opportunities zakazi ahandi ntugende uzi ibintu muvuze hajemo kwirengagiza urubwiruko rwabahungu turababaje turi mwicuraburindi nta vision pe depression iratumara ahubwo 🤓
@IradukundaYvette-uc1lg10 ай бұрын
Erega ikibaz nuko twe urubyiruk dutekerez hafi ukumva uzater imbere aruko ukoz ibyo wize kd ubu ntibigikunda p
@abudumunyentwari45110 ай бұрын
Jyubareka ntabyobazi
@blandineineza844910 ай бұрын
Nubona opportunity uzaze ntibakubeshye imyaka ntacyo ivuze ariko uko babivuze ugomba kujya aho ugiye aho ariho hose ugomba kumenya uko hameze ningaruka zo kuhaba.Uragerageza byakwanga ugataha ntihagire uzaguca intege.Gusa kujya muri ibi bihugu uri muto birafasha kuruta iyo ukuze
@godisgood404710 ай бұрын
@@blandineineza8449 No bavuze ko niba warananiwe kugira akantu gato ukora hano mu rwanda byibura ngo ugeyo ugiye kongera ,bavuze ko nubundi utabibasha.ntabwo bavuze ko bitakunda
Nubona ari ngombwa ,nzaba ndi mu Rwanda mukwa kwabiri le 15/02/2024 wambwira,nkitegura tukaganira ku bintu bitandukanye,yaba ari ibyi Imana, yaba ari ubuzima busanzwe,,icyonzi,bizafasha benshi mu banyarwanda,dukunda isimbi tv,kdi uwiteka agumye abagure
@josephsango690910 ай бұрын
Hahahaha, Kayaga we! Urinfura nibakureke. Ntuzi nokubeshya pe