I like this, is it an interview or, whatever it is, it's very constructive and be blessed for strengthen us in all corners of life ♥
@jeanmauricedushimiyimana85035 жыл бұрын
Thank you for kind words. For sure this can help families to achieve their future. Gusa uzadufashe ujyutegura ibindi biganiro bivuga kumibanire mungo. Bizafasha Cyane umuryango nyarwanda. Wakoze cyaneee.
@niyonagiraelianeofficially32515 жыл бұрын
Jean Maurice Dushimiyimana my dear njya mbikora ahubwo nukujya mbishyira no kuri you tube kuko akenshi mbishyira kuri fb
@bwizamaura15575 жыл бұрын
Uramfashije cyane ku nama uduhaye bwanyuma nukuri Imana iguhe imigisha myinshi
ESE mama niba bishoboka wampaye akazi ko nanjye ubukene bumereye nabi korera imana dire nawe yakugiriye neza ndakwinginze nanjye ndimukiciro cyambere narize ariko nabuze akazi pe
@user-ni4in6fb5r5 жыл бұрын
Ufora cyane ugaca injishi, wakabije cyane kwivamo kandi ubuhamya bwawe ndemeza ko ari ibihimbano, mbonye ko nawe ugomba kuba uri umwe muri bamwe bibeshyera ko bagiye ikuzimu bagahura na satani bakagaruka!!! Urabeho rero!
@kezatv75285 жыл бұрын
Ndumugabo WO kubihamya twaraturanye ndamuzi
@user-ni4in6fb5r5 жыл бұрын
@@kezatv7528 Wakwemeza ko umuntu utamugaye wari ufite umugabo muzima ujijutse ufite driving licence, umukunda, akomoka muri family ikize, afite bene wabo Nyarutarama yaburaga igiceri cya 10Frw cyo kugura amazi??? Ko epfo iyo aho yari atuye hari igishanga n'umugezi wa Nyabugogo kuki batajyaga se no kuvoma ay'ubuntu?? Ngo yisigaga amavuta bakonoje mu dusashi??? Ibikabyo nk'ibi bihita bigaragaza ko umuntu aba afite indi migambi ihabanye cyane no kuvuga ubuhamya nyakuri bw'ubuzima bwe.